Rusizi: Mu mirenge ya Bugarama na Nzahaha ngo inzara ibamereye

Nyuma y’uko Akarere gahuye n’izuba ridasanzwe, abatuye mu mirenge ya Bugarama na Nzahaha baravuga ko bahuye n’ikibazo cyo kumisha imyaka yabo nk’ibigori bari bitezeho kuramuka none ubu ngo inzara ibamereye nabi, bagasaba Akarere na Leta muri rusange kubatabara muri iyi minsi. Abaturage bo muri iriya mirenge baravuga batagobotswe hakiri kare inzara yabamerera nabi kuko umusaruro […]Irambuye

Imyambaro yahimbwe na Niyitanga Olivier mu ishusho y’agacurama

Niyitanga Olivier ni umuhanzi w’imideli isanzwe ndetse n’iyubugeni, ubu ngo ahugiye ku gushaka ubwoko bw’imyenda mishya, izaza ikurikira imyambaro yakoze mu mwaka wa 2015 agendeye ku miterere y’Agacurama. Niyitanga Olivier uvuga ko yakunze fashion kuva ikiri umwana, ubu afite n’inzu itunganya imideli izwi nka ‘Tanga Designs’. Ubuhanga bwa Olivier Niyitanga bugaragaza ko hari intambwe abahanzi […]Irambuye

Somalia: Igitero cya Al-Shabab cyahitanye 13, abandi benshi barakomereka

Somalia – Igitero cy’umutwe w’Iterabwoba wa Al-Shabab kuri Hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu cyahitanye abagera kuri 13, abandi benshi barakomereka. Gusa amakuru y’abahitanye n’iki gitero aragenda ahindagurika. Polisi ya Somalia yatangaje ko iki gitero cyabanjirijwe n’imodoka itezemo igisasu Al-Shabab yaturikirije ku marembo y’imwe muri Dayah Hotel yo mu murwa mukuru Mogadishu. Igisasu kimaze guturika, ibi […]Irambuye

Ikigo Nyafurika cya SDGs kizafungurwa mu Rwanda kuri uyu wa

Kuri uyu wa Gatanu, i Kigali mu Rwanda harafungurwa Ikigo Nyafurika kizajya gifasha ibihugu bya Africa gushyira mu bikorwa intego z’iterambere rirambye (SDGs/Sustainable Development Goals). Iki kigo cyiswe ‘Sustainable Development Goals Centre for Africa (SDGC/A)’ gifite icyicaro mu nyubako ya M. Peace Plaza mu mujyi wa Kigali rwagati. Umuhango wo gutaha iki kigo ukazitabirwa n’abayobozi […]Irambuye

Kuwa kabiri: Uko byari byifashe ku Isoko ry’Imari n’Imigabane

Kuri uyu wa kabiri, ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane ya Bralirwa n’iya Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 595 600. Hacurujwe imigabane ya Bralirwa 2,300 ifite agaciro k’amafaranga 322,000. Umugabane wacurujwe ku mafaranga 140, igiciro wariho no kuwa mbere, bivuze ko kitahindutse. Ku isoko hacurujwe kandi imigabane ya Banki ya Kigali (BK) […]Irambuye

Cassa azafatira amashusho y’Akanyoni i Kigali

Cassa Manzi uteganya kuza mu Rwanda mu kwezi gutaha, yamaze gutangaza ko amashusho y’indirimbo ye nshya ‘Akanyoni’ azayafatira i Kigali. Kubera ko asigaye aba muri Canada, usanga amashusho y’indirimbo ze ziheruka yaragiye ayafatirayo bigatuma rimwe na rimwe adakundwa cyane mu Rwanda kubera ko atabona umwanya wo kugaruka ngo ayamenyekanishe. Cassa yabwiye Umuseke ko akigera mu […]Irambuye

Amatariki Kigali Fashion Week 2017 izaberaho yamaze kumenyekana

Abategura Kigali Fashion Week bamaze gutangaza ko muri uyu mwaka izaba hagati y’itariki 28 – 30 Kamena, ngo nanone kandi ikazitabirwa n’abahanzi n’abamurika imideli bazaba baturutse ku migabane itandukanye. Ibirori ngarukamwaka byo kumurika imideli “Kigali Fashion Week” bigiye kongera kuba ku nshuro ya karindwi kuko yatangiye mu 2011. Gusa, ngo uyu mwaka bikaba birimo gutegurwa […]Irambuye

Umuhanzi w’imideli Moses Turahirwa ngo 2016 yamubereye umugisha

Moses Turahirwa, umuhanzi w’imideli itandukanye ndetse ufite byinshi avuze mu ruganda rw’imideli ‘fashion industry ‘ mu Rwanda, ngo nubwo amaze imyaka irenga itandatu muri uru ruganda, ngo umwaka ushize wa 2016 wamubereye umugisha cyane. Turahirwa winjiye mu mwuga wo kwerekana imideli mu 2010, akorana na ‘agency’ itoza aberekana imideli izwi nka PMA (Premier Model Agency). […]Irambuye

Umugabane wa RNIT-Iterambere Fund ugeze ku mafaranga 102.92

Ubuyobozi bw’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT)” kuri uyu wa kabiri bwatangaje ko agaciro k’umugabane w’ikigega ‘Iterambere Fund’  kageze ku mafaranga y’u Rwanda 102.92. Iki kigega cyatangijwe muri Nyakanga 2016, ubu kimaze gushorwamo imari irenga miliyari imwe na miliyoni ijana (1 100 000 000 Frw), kikaba kimaze gushorwamo n’abarenga igihumbi. Batangira kwakira ishoramari […]Irambuye

en_USEnglish