Kuwa gatanu: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 104.99

Kuri uyu wa 21 Mata 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 104.99. Kuri uyu wa gatanu, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 104.99, uvuye ku mafaranga 104.97 wariho kuri uyu wa kane, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02 ugereranyije n’igiciro wariho […]Irambuye

RGB igiye kugenzura imikorere ya Porogaramu za Leta nka  VUP,Ubudehe,

Muri gahunda y’ubukangurambaga bise ‘Nk’uwikorera’, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere “RGB” rwatangaje ko mu cyumweru gitaha ruzasuzuma imitangire ya Serivise muri Gahunda za Leta zigamije kuzamura abaturage nka VUP, n’ubwisungane mu buvuzi. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu, Prof Shyska Anastase uyobora RGB yavuze ko mu cyumweru gitaha bagiye kureba uko gahunda za Leta zo kuzamura […]Irambuye

Govt yatekereje kure ibuza abakozi ba Leta gusengera mu kazi

Umukuru w’urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) Prof. Shyaka Anastase asanga Guverinoma yaratekereje kure ijya gufata umwanzuro wo kubuza abakozi ba Leta gusengera mu kazi kuko ngo byashoboraga kwica akazi cyangwa mu gihe kiri imbere bigateza amakimbirane mu kazi. Mu ntangiro z’ukwe kwezi kwa Mata, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yasohoye itangazo ribuza abakozi ba Leta gusengera mu […]Irambuye

Episode 78: Martin yongeye kwikoma Nelson, Dorlene agaragaza ubutwari bukomeye

Njyewe-“Dorle! Ibyo uvuga ni ukuri?” Dorlene-“Nelson! Ibyo mvuga ni ukuri ntabwo nkubeshya, burya nugera mu bibazo nibwo uzabona inshuti yo kwizera, ntabwo nabona uko ngushimirira Aliane kuko yabonye umuturanyi we atewe maze agaca munsi y’urugo agakandangira aho akotsi k’abatabazi gacumbira maze nanjye ngacumbikayo ngakora igikwiye” Njyewe-“Dorle! Niba hari abantu bantunguye mu buzima nawe urimo! Ntabwo […]Irambuye

RSE: Agaciro k’umugabane wa I&M Bank kazamutseho amafaranga ane

Kuri uyu 20 Mata, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe gusa imigabane ya I&M Bank ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 10 292 000, ndetse agaciro k’umugabane kazamukaho amafaranga ane. Kuri uyu wa kane, umugabane wa I&M Bank wacurujwe ku mafaranga 109 ku mugabane, uvuye ku gaciro k’amafaranga 105 wariho ejo hashize. Muri rusange mu gihe kitageze […]Irambuye

Noneho MINEDUC igiye kuganira na Kaminuza 10 zahagarikiwe amasomo

Nyuma y’igihe kirenga ukwezi Kaminuza zigera ku 10 ziri mu gihirahiro kubera guhagarikirwa amashami, ndetse zimwe zigafungirwa imiryango, Inama Nkuru y’Uburezi (HEC) iragirana inama nazo kuri uyu wa gatanu kugira ngo bigire hamwe uburyo icyo gihirahiro cyarangira. Mu kwezi gushize Kaminuza zihagarikwa zari zahawe igihe kitarenze amezi atandatu zikaba zakemuye ibibazo byagaragazwe n’igenzura rya Minisiteri […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya I&M Bank na Crystal Telecom ya miliyoni

Kuri uyu 19 Mata, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya I&M Bank na Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 16 212 000. Ku Iisoko hacurujwe imigabane 100 400 ya I&M Bank_Rwanda ifite agaciro k’amafaranga 10 542 000, yagurishijwe muri ‘deals’ eshatu, ku mafaranga 105 ku mugabane, ari nako gaciro wariho ejo hashize. Kuri […]Irambuye

Kiyovu inganyirije i Kibungo na Etoile de L’Est yo mu

Mu mukino wa 1/16 mu gikombe cy’Amahoro, ikipe ya Kiyovu Sport iri mu bibazo inganyije na Etoile de L’Est yo mu kiciro cya kabiri igitego 1-1. Ni umukino watangiye ku isaha ya saa 15h30 ku kibuga cya Paroisse Gatulika mu mujyi wa Kibungo aho ikipe ya Etoile de l’Est isanzwe ikinira. Ku ruhande rwa Etoile de […]Irambuye

Akazi nkora ko guhindura amabara y’imyenda ‘Tie-dying’ kanyishyuriye Kaminuza –

Tuyisenge Dieudonne ni umusore winjiye mu ruganda rugari rw’imideli yandika ku myenda bisanzwe agashyiraho ‘Logo’   n’ubundi butumwa butandukaye, ubu akaba yaraguye ibikorwa bye asigaye ni anahindura amabara y’imyenda ibyo bita ‘tie-dying’ kandi ngo biramutunze, byanamurihiye Kaminuza. Tuyisenge ukorera akazi ke mu Murenge wa Nyarugenge, hafi y’ahazwi nko kwa Rubangura, aganira n’Umuseke yavuze ko igitekerezo cyo […]Irambuye

Ubwongereza bwohereje ingabo 300 muri Sudani y’Epfo

Ubwongereza bugiye kohereza muri Sudani y’Epfo abasirikare 300 aho baje gufasha mu bikorwa by’ubutabazi muri iki gihugu gikomeje kugarizwa n’ibibazo bitandukanye birimo intambwa, inzara n’ibindi. Izi ngabo ngo zizajya zifasha abantu baba bava mu byabo, zinatange ubufasha butandukanye ku bantu bagizweho ingaruka n’ibibazo by’inzara n’intambara biri muri iki gihugu. Izi ngabo zizakorera mu birindiro bibiri […]Irambuye

en_USEnglish