U Rwanda na Guinea bongewe mu akipe azakina AfroBasket 2017

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, Impuzamashyirahamwe y’umukino wa Basketball muri Afurika “FIBA Africa” ryatangaje ko u Rwanda na Guinea bahawe amahirwe yo kwinjira mu makipe 16 azakina imikino nyafurika ihuza ibihugu mu mukino wa Basketball “AfroBasket 2017”. Uyu mwanzuro wafashwe na Komite Nyobozi ya “FIFA Africa” kuri uyu wa kabiri. U Rwanda na […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom na I&M Bank ya

*Umugabane wa I&M Bank wamanutseho amafaranga abiri Nyuma y’iminsi itanu Isoko ry’Imari n’Imigabane rikinze kubera iminsi y’ibiruhuko, kuri uyu wa kabiri ryafunguye imiryango hacuruzwa imigabane ya Crystal Telecom na I&M Bank ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 13 875 000.   Hacurujwe imigabane 125,000 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 11,250,000, yagurishijwe muri ‘deal’ imwe gusa, […]Irambuye

Abagore b’Abasirikare baremeye uwarokotse Jenoside, wanapfakajwe n’intambara yo muri DR

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, ihuriro ry’abagore b’abasirikare n’abapfakazi basizwe n’abasirikare ‘CYUZUZO’ bagabiye umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse akaba n’umupfakazi kuko umugabo we yaguye ku itabaro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu 2 000. Uyu mubyeyi witwa Icyimpaye Julienne avuga ko nyuma yo gupfakara yaje gusbira iwabo mu cyaro ariko agezeyo […]Irambuye

Urukiko narwo rwategetse BK gusubiza DUKOREREHAMWE Company Ltd uruganda rwayo

Nyuma y’uko Umwanditsi mukuru wa RDB atesheje agaciro cyamunara yakoreshejwe na Me RUBAYIZA Kashamura Joseph ahagarariye Banki ya Kigali (BK), aho yagurishijemo uruganda rw’umucari rwa DUKOREREHAMWE Company Ltd ruherereye mu Akagari ka Gakoni, Umurenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi mu buryo bunyuranije n’amategeko, Urukiko narwo rwategetse BK gusubiza uruganda ba nyirarwo, ariko iminsi ibaye itanu […]Irambuye

Gisagara: Ubujura bw’ibitoki n’abenga inzoga z’inkorano babutiza umurindi bahagurukiwe

Mu murenge wa Gikonko, ho mu Karere ka Gisagara, haravugwa ikibazo cy’ubujura bukabije bw’ibitoki, abaturage bahangayikishijwe cyane n’ubu bujura bakavuga ko ababyiba babigurisha rwihishwa na bamwe mu benga inzoga z’inkorano, bagasaba ko hakongerwa imbaraga mu gukumira aba benga izi nzoga. Abaturage bo muri Gikonko baganiriye n’Umuseke bawubwiye ko ubu bujura bw’ibitoki bwibasiye cyane ibitoki byengwamo […]Irambuye

Episode 73: John na Nelson mu gukemura ibibazo, Martin ajya

Umuseke ubanje kubiseguraho kubera ko iyi nkuru yatinze kubageraho John-“Ni wowe se cyangwa ndibeshye?” Ako kanya nahise mpaguruka nsuhuza John ariko mbona asa n’uhinduye isura maze mpita mvuga, Njyewe-“Ni njyewe rwose ngeze ino mukanya mpita mpura na ba bavandimwe, uyu yitwa….” John-“Rekera aho nabibwiye, ahubwo se kuva ryari wirirwa mu mayoga? Nelson! Aka kanya uribagiwe […]Irambuye

Nyuma ya Jenoside ni iyihe shusho y’ibitaramo bimurikirwamo imideli mu

Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kumurika imideli ntibyari umwuga uzwi cyane mu Rwanda, gusa aho Jenoside irangiriye hari urubyiruko rwitabiriye uwo mwuga, ubu hari n’abashoramari bagerageza gushoramo amafaranga bategura ibitaramo bitandukanye bimurikirwamo imideli. Kumurika imideli mbere ya Jenoside ntiwari umuco uzwi cyane nk’ubu, aho usanga abahanzi b’imideli bakora ibitaramo kerekana imideli bahimbye, ibi […]Irambuye

Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi bashya b’Ubushinwa n’Ubuhinde

Kuri uyu wa kane, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye ‘Village Urugwiro’ Ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda Rao Hongwei ufite ikicaro i Kigali, na Ambasaderi mushya w’Ubuhinde Ravi Shankar ufite ikicaro i Kampala muri muri Uganda. Ba ambasaderi bombi bamushyikirije impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, ndetse bongera no kugaruka kuri gahunda zagutse […]Irambuye

Rubavu: Abarokotse barasaba ko ‘Commune Rouge’ igirwa ahantu h’urwibutso

Agace kitwa ‘Commune Rouge’ kari mu mujyi rwagati wa Gisenyi, munsi y’umusozi wa Rubavu iruhande rw’urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisenyi, ni ikibaya cyajugunywemo abatutsi benshi mu gihe cy’ubwicanyi bw’igerageza no kwica ibyitso, ndetse no mu gihe cya Jenoside. Innocent Kabanda uyobora umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi Ibuka mu Karere ka Rubavu […]Irambuye

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudan zibutse

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’umuryango w’abibubye bwo kugarura amahoro mu ntara Darfur muri Sudan (UNAMID), zifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka ku nshuro ya 23 abazize Jenoside yakorewe abatutsi. Uyu muhango wabaye ku cyumweru tariki ya 09 Mata 2017, mu gace ka El Fasher, mu Ntara ya Darfour ahari ikicaro cy’izi ngabo ziri mu butumwa […]Irambuye

en_USEnglish