Nyuma ya Jenoside ‘fashion industry’ mu Rwanda ihagaze ite?

Nyuma ya Jenoside by’umwihariko mu myaka 10 ishize, uruganda rw’imideli mu Rwanda nibwo rwatangiye kwiyubaka cyane, ndetse na Leta igenda ishyiraho gahunda zo kurukomeza. Bimwe mu byerekana ko Leta yagize uruhare runini mu kuzamura urwego rwa ‘fashion ‘ mu Rwanda nyuma ya Jenoside, harimo gufasha abashoramari batandukanye gushora imari yabo mu nganda zikora imyenda, inkweto […]Irambuye

Rayon Sports FC izakina na Rivers United ku cyumweru

Kuri uyu wa kabiri, Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino w’amarushanwa ya CAF Confederation Cup Rivers United yo muri Nigeria izakiramo Rayon Sports FC uzaba ku cyumweru tariki 16 Mata. Ni umukino ubanza, uzabera mu murwa mukuru wa Leta ya ‘Rivers’ witwa Port Harcourt isaha ya saa kumi (16h00) zo muri ‘Rivers […]Irambuye

Gufata ku ngufu Abatutsikazi byari mu mugambi wo kurimbura ubwoko

Gasigwa Leopold ukora Filime Mpamo (documentary) arimo kugenda yerekana Filime ye nshya yise “Miracle and the Family” bishatse kuvuga “Igitangaza n’Umuryango” igaragaza ukuntu ifatwa ku ngufu rishingiye ku gitsina ryakoreshejwe nk’intwaro yo gukora Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi Filime irimo uwacitse ku icumu wafashwe ku ngufu n’abantu atibuka umubere ku buryo Jenoside yarangiye atabasha kugenda neza, […]Irambuye

Maj Rugomwa uregwa kwica umwana yongeye gusubirayo ataburanye gusa ngo

*Me Rudakemwa we ngo ubutabera butinze ntibuba bukitwa ubutabera… Maj. Dr Rugomwa Aimable uregwa kwica umwana amukubise, kuri uyu wa 11 Mata yongeye gutaha ataburanye mu mizi kuko Ubushinjacyaha bwahawe inshingano zo gusuzumisha umuvandimwe we Sivile Nsanzimfura Mamerito kugira ngo harebwe niba koko afite ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe buvuga ko bitarakorwa. Mu iburanisha riheruka […]Irambuye

Muri Werurwe, ibiciro ku masoko muri rusange byazamutseho 7.7%

Kuri uyu wa mbere tariki 10 Mata, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyasohoye imibare igaragaza ko muri rusange ukomatanyije uko ibiciro byari byifashe mu mijyi no mu byaro, muri Werurwe 2017 ibiciro byazamutseho 13,0% ugereranyije na Werurwe 2016, gusa ku rw’igihugu hagenderwa ku gipimo cyo mu mujyi ubu kiri kuri 7.7%. Nk’uko bitangazwa n’Ikigo […]Irambuye

Abagore hagati y’ibihumbi 250 na 500 bafashwe ku ngufu muri

*Nka 44% byabo baracyari mu bibazo by’inzitane *Barimo abadashobora kugira icyo bimarira kuka bafashwe n’abagabo benshi *Babyaye abana barenga 1 122, ndetse abenshi banduzwa SIDA. Imibare itangwa n’ibigo binyuranye biharanira inyungu z’abarokotse igaragaza ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahitanye abagera ku 1 070 014, ndetse abagore bari hagati y’ibihumbi 250 na 500 bafashwe […]Irambuye

Mu mafoto uko urugendo rwo kwibuka “Walk to remember” rwagenze

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, Umukuru w’Igihugu Paul Kagame, Mme Jeannette Kagame, Umuyobozi w’Umutwe w’Abadepite Mukabalisa Donatila, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat, n’abandi banyacyubahiro bitabiriye urugendo rwo kwibuka “Walk to remember” rushushanya inzir ikomeye abatutsi banyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko bisanzwe urugendo rwatangiriye ku […]Irambuye

Huye: Senateri Karangwa Chrisologue yasabye abaturage gukomera ku bumwe bwabo

Senateri Karangwa Chrisologue wifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye, yabahamagariye Abanyehuye n’Abanyarwanda muri rusange gukomeza gukomera ku bumwe bwabo nk’ imwe mu ntwaro yo guhangana n’ ingaruka za Jenoside ndetse n’ingengabitekerezo yayo. Ibi yabigarutseho ubwo yitabiraga gahunda yo gutangiza icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Murenge wa Rwaniro, Akarere […]Irambuye

Rwamagana: Barasaba ko urwibutso rwa Muhazi rwubakwa neza

Kuri uyu wa gatanu, ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatusti mu Rwanda ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba byatangirijwe mu Murenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana ahashyinguwe mu cyubahiro imibiri itanu y’abazize Jenoside ibonetse vuba. Uru rwibutso rwa Muhazi ubu rumaze gushyingurwamo imibiri y’abana, abasore n’inkumi, abagabo n’abagore bagera ku 8 305 bazize Jenoside […]Irambuye

Ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane ya I&M Bank ya

*Agaciro k’umugabane wa I&M Bank kamanutseho amafaranga abiri Kuri uyu wa gatatu ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya I&M Bank-Rwanda ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 1,890,000. Hacurujwe imigabane 18,000 ya I&M Bank ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 1,890,000 yacurujwe muri ‘deals’ eshatu, ku mafaranga 105 ku mugabane. Umugabane wa I&M Bank wamanutseho amafaranga abiri […]Irambuye

en_USEnglish