Nubwo twishimira ibyagezweho mu kongera imirimo, haracyari ikibazo cy’Ubushomeri – PM

*CESTRAR yo ivuga ko abakora mu bigo byingenga barenganira mu kajagari ko gutanga imishahara, *Ngo leta ngo igomba gushyiraho politike y’imicungire y’abakozi itareba aba leta gusa, *Uyu munsi ngo abashomeri mu mijyi bangana na 9% naho mu barangije ni kaminuza ni 14%. Kuri uyu wa mbere mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga ngaruka mwaka w’umurimo, Minisitiri w’intebe […]Irambuye

Abanyarwanda baba muri Liberia bibutse ku nshuro ya 23 abazize

Kuwa gatandatu, tariki ya 29 Mata, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Liberia bakoze umuhango wo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabaye ku bufatanye bw’umuryango w’Abanyarwanda baba muri icyo gihugu na ‘University of Liberia’, ndetse n’ishyirahamwe ry’Abanyaliberia barokotse icyorezo cya Ebola. Ni umuhango wahuje kandi abanyeshuri n’abarimu bo muri ‘University of Liberia’, […]Irambuye

ADEPR-La Fraicheur, Urusengero rw’Imana rwatikijwemo imbaga y’Abatutsi

Mu mpera z’icyumweru gishize, kuwa gatandatu, abayoboke b’itorero rya ADEPR_Nyarugenge bibutse Abakristu baryo basengeraga ahahoze hitwa ‘La Fraicheur’, ku Murenge wa Muhima bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Abakristu ba ADEPR mu rusengero rw’ahahoze hitwa ‘La Fraicheur’ bagaragaje ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi hari bagenzi babo baje kwihisha mu rusengero ariko birangira bishwe, bakazirikana […]Irambuye

Abanyeshuri ba STES-Rwanda bagerageje imodoka ikoresha n’imirasire y’izuba bateranyije

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, abanyeshuri ba Kaminuza ya “Singhad Technical Education Society (STES)-Rwanda” bagerageje imodoka ikoresha amashanyarazi biteranyirije nyuma yo kuva guhaha ubumenyi mu Buhinde. Mu igerageza bayakije, bayizengurutsa mu kibuga cy’iyi Kaminuza. Iyi modoka idakoresha Lisansi cyangwa Peteroli, ikoresha amashanyarazi aba abitse muri Bateri (batteries) ebyiri zibona umuriro ukomotse ku mirasire […]Irambuye

Hari byinshi Ethiopia izigira ku Rwanda mu buhinzi, imiturire,…- PM

*U Rwanda na Ethiopia basinye amasezerano 11 mu nzego zitandukanye *Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Hailemariam yavuze ko hari byinshi bazigira ku Rwanda *Perezida Kagame we yavuze ko guhanahana ubumenyi ari ngombwa ku iterambere rya Africa Kuri uyu wa gatanu, muri gahunda y’uruzinduko rw’iminsi itatu Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Hailemariam Desalegn arimo mu Rwanda, ibihugu byombi […]Irambuye

Nubwo byagera kure ntabwo Imana yabura gutabara abayo – Olivier

Olivier Roy n’Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) yashize hanze indirimbo ye yasubiyemo hamwe n’umuhanzikazi Wibabara Phanny yiswe “Niyo Ibikora”. Aganira na Umuseke.rw, Olivier Roy akaba usengera muri ‘Zion Celebration Center’ yadutangarije ko indirimbo  “Niyo ibikora” yashize hanze yavuye muri Album ye ya kabiri yitwa “Ntararenga inkombe”. Impamvu ngo basubiyemo iyi ndirimbo ni ukugira ngo […]Irambuye

Episode 85: Gaju yiyunze kuri Brown baca ukubiri na Mama

Gaju-“Wooooow! Ndarota cyangwa? Nelson! Ni wowe?” Gaju natunguwe no kubona yahise ahaguruka aza yihuta nanjye nihuta musanga mugwamo ndamugumana hashize akanya byatunaniye kurekurana, John-“Aba bana se mwo kabyara mwe bararekurana bigenze gute ra?” Bose-“Hhhhhhh!” Njye na Gaju twakanzwe n’inseko yabo maze turarekurana nkomeza kumwitegereza disi ibyishimo byari byinshi muri twe, Gaju-“Mana wee! Mbega ukuntu nari […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK, Crystal Telecom na I&M Bank

*Agaciro k’umugaban wa I&M Bank kamanutseho amafaranga atanu (5 Frw) *Agaciro k’umugabane wa BK kazamutseho ifaranga rimwe (1 Frw) Kuri uyu wa 27 Mata, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom, I&M Bank na Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 4 934 000. Ku isoko hacurujwe imigabane 43 800 ya I&M […]Irambuye

Kuwa kane: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 105.15

Kuri uyu wa 27 Mata 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 105.15. Wageze ku mafaranga 105.15, uvuye ku mafaranga 105.12 wariho kuri uyu wa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.03 ugereranyije n’igiciro wariho kuwa kane. Kuva mu mpera z’umwaka ushize wa 2016, […]Irambuye

Abanyeshuri biganjemo abanyamahanga n’abakozi ba ILPD basuye Urwibutso rwa Kigali

Kuri uyu wa kane, abakozi b’ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD) n’abanyeshuri baryo biga mu ishami ryo mu Karere ka Nyanza biganjemo abanyamahanga, basuye urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, mu rwego rwo kwirebera amateka nyakuri ya Jenoside kugira ngo nibasubira iwabo bazabashe kuyirwanya. Aimable Havugiyaremye, umuyobozi w’iyi Kaminuza yavuze ko bahisemo […]Irambuye

en_USEnglish