Episode 92: John ahishuye ibanga rizitse Mama Brown amenya ko

Mama Brown-“Ko numva se kandi ngize igishyika? John urabe utagiye kwisasira abatumye uta byose ukizirika kuri twe!” John-“Ahubwo se utatuma nta byose ngo nizirike kuri mwe yaba ateye aturutse he? Muranyemerera se tujyane?” Njyewe-“John! Urabizi neza umunsi duhura ndetse nkakwemerera ko tujyana nkakwereka umuryango byari muri njye! Ibuye rimwe nateye rikica inyoni ibihumbagiza nti byari […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK, Crystal Telecom na I&M Bank

*Agaciro k’umugabane wa BK kazamutseho amafaranga 4 Kuri uyu wa kane, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali, Crystal Telecom na I&M Bank ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 26 029 600. Crystal Telecom miyo yacurujwe cyane kuko hagurishijwe imigabane imigabane yayo igera ku 267 100, ifite agaciro k’amafaranga 24 039 000 […]Irambuye

Yiyemeje gufasha Abakobwa 139 na ba Nyina bafashwe ku ngufu

Honorine Uwababyeyi, w’imyaka 32, nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi yiyemeje kwita no gufasha abana by’umwihariko abakobwa bavutse ku bagore bafashwe ku ngufu n’Interahamwe muri Jenoside, Umuryango ‘Hope and Peace foundation’ yashinze ubu ufasha abagera ku 139 ariko bashobora kwiyongera. Honorine Uwababyeyi avuga ko nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi, yasanze abana bavutse muri ubu […]Irambuye

Lt Gen Ibingira avuga ko umurongo mwiza w’ingabo ziwukomora kuri

Rutsiro- Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda (Army Week) mu ntara y’u Burengerazuba, Lt Gen Fred Ibingira yavuze ko ingabo z’u Rwanda zizakomeza guharanira icyateza imbere imibereho y’abaturage kuko umugaba w’ikirenga wazo Perezida Paul Kagame ahora abibakangurira. Abaturage babanje gufatanya n’ingabo mu bikorwa by’ubuhinzi mu gishanga cya Bitenga kingana na hegitari […]Irambuye

Muhanga: Abihayimana bari mu biganiro kuri Ndi Umunyarwanda

Kuri uyu wa kane Abihayimana bo muri Diyosezi ya Kabgayi batangiye gurahwaba amasomo arebana na gahunda ya Ndi Umunyarwanda. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis KABONEKA yababwiye ko gutakaza Ubunyarwanda byatumye n’u Rwanda rutakaza ubuso rwari rufite. Aba Bihayimana bahawe ikiganiro na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis KABONEKA wabanje kwibanda ku ikarita y’u Rwanda, n’amateka y’ukuntu Afrika yagabanyijwemo […]Irambuye

Imbuto za miliyoni 314 Frw ziri kuborera mu bubiko bwa

Raporo nshya y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje ko kubera imiyoborere mibi n’imikorere mibi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) bituma abahinzi babura imbuto nyamara zaraguzwe, dore ko ngo hari nk’izifite agaciro ka miliyoni 314 ziri kuborera mu bubiko. Mu gihe mu myaka nk’itatu ishize abahinzi b’umwuga bataka kutabona imbuto ihagije, banayibona […]Irambuye

WDA, UR, MINISANTE na RBC ku isonga mu kunyereza umutungo

Kuri uyu wa gatatu, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadia Biraro yagaragarije Inteko ishinga amategeko imitwe yombi uburyo ingengo y’imari y’umwaka wa 2015/2016, yagaragaje ko hari amafaranga agera kuri Miliyari 1.6 yasesaguwe, na miliyoni 906 yanyerejwe. Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadiah Biraro yagaragaje ko muri rusange mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015/16, hari Miliyari […]Irambuye

Kagame yashimiye Global Fund ku musanzu itanga mu kurwanya SIDA

Mu nama nyobozi ya 37 y’Umuryango ‘Global Fund’ yitabiriwe n’abanyamuryango 260, Perezida Paul Kagame yashimiye uyu muryango ku bufatanye bwiza ufitanye n’u Rwanda mu kurwanya ibyorezo nka SIDA n’Igituntu, n’ibindi. Perezida Kagame yavuze ko ‘Global Fund’ ari umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda muri gahunda yo guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda. Ati “Kubera ubwo bufatanye, ubu Abanyarwanda benshi babona […]Irambuye

Rubavu: Inzu zubakiwe Abanyarwanda birukanywe Tanzania zatangiye kugwa

Imiryango 24 y’Abanyarwanda birukanywe Tanzania mu 2013 batujwe mu Kagari ka Busigari, Umurenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu baratabaza Leta kuko bamwe inzu bubakiwe zatangiye kubagwaho. Izi nzu zatangiye kubakwa mu 2014, kugeza ubu zose uko ari 24 zuzuye nta bwiherero, ndetse imirimo ya nyuma yo kuzitunganya ntirarangizwa. Kubera gutinda kuzikora neza, ubu inzu imwe […]Irambuye

Episode 89: Igikuba kiracitse, Nelson ahamagawe igitaraganya kwa muganga

Njyewe-“Uuuuuh? Gigi! Koko se uyu muntu uri kuri iyi foto John aramuzi?” Gigi-“Nelson! Aramuzi cyane ahubwo!” Nkibaza ibyo nari ndi kumva John yahise yitsa umutima mbona asa n’usuherewe maze ahita avuga, John-“Imana ishimwe kuba mbonye Gigi akiriho, ibi niboneye n’amaso yanjye uyu munsi mbikesha mwebwe, uyu afite amwe mu mateka yanjye y’akahise, muhumure iyi foto […]Irambuye

en_USEnglish