Karongi: Abahinzi biyujurije uruganda ruzajya rutunganya Ikawa kugeza yanyobwa

Karongi – Koperative y’abahinzi ba Kawa ba Mabanza “KOPAKAMA” igiye kuzuza uruganda rutonora kandi rugatunganya Ikawa ruzabatwara amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 370. Abahinzi bavuga ko uru ruganda rugiye gukemura ikibazo bahuraga nacyo cyo kujya gutonoza no gutunganya neza Ikwawa i Kigali bikabatwara amafaranga menshi, ndetse n’igihe kinini. Gutunganyiriza ikawa kure n’ikiguzi byabatwaraga ngo byabagiragaho […]Irambuye

Gakondo Group yagarutse mu bitaramo bihoraho

Nyuma y’igihe kinini nta bitaramo bakora, Gakondo Group yongeye kugarukana imbaraga mu gitaramo yaraye ikoze ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu. Abahanzi Jules Sentore, Teta Diana wari umaze amezi menshi Iburayi n’abandi baririmba gakondo bishyize hamwe muri ‘Gakondo Group’ bongeye kugaruka bari bakumbuwe. Teta Diane wagaragaye muri iki gitaramo bisa n’ibitunguranye yishimiwe cyane n’abakitabiriye, […]Irambuye

Episode 94: Gasongo bamuzanye kwa Mama Brown, ari kwishyuzwa amafaranga

TURABARAMUKIJE NANONE Twishimiye kubamenyesha ko umwanditsi wacu yagaruye agatege, yongeye gutangira kwandika muri iki gitondo. Mu masaha y’iki gitondo turabagezaho Episode ya 95. Mwakoze kwihangana no kumusabira ngo yoroherwe    Gasongo-“Oya oya rwose ntabwo nigeze mbiba murebe neza, ko nari niyicariye gusa se hari ikindi nigeze nkora?” Wa mugabo wari umufashe yahise amukubita urushyi rwiza […]Irambuye

REG irisobanura ku gihombo cya miliyari 16 Frw iteza Leta,

*Raporo igaragaza ko umuriro w’amashanyarazi ungana na 21%  igihugu gifite wangirika, *REG iti “Ibyo Raporo ivuga ni ibyo mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2014/2015”, *Ngo ikeneye miliyoni 60-100 USD kugira ngo igabanye igihombo cy’amashanyarazi yangirika. Kuwa gatatu w’iki cyumweru, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadiah Biraro yamuritse Raporo ku bigo n’inzego byakoresheje 84% by’ingengo y’Imari […]Irambuye

Gisozi: Inzu yagwiriye umuryango w’abantu bane barapfa

Imvura yaguye mu bice bitandukanye mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryakeye no mu masaaha y’igitondo kuri uyu wa Gatandatu, yahitanye umugabo witwa Makuza Anastase n’umuryango we barimo umugore we n’abana babiri bari batuye mu Murenge wa Gisozi, Akagari ka Ruhango bagwiriwe n’inzu. Kubera imvura nyinshi igikuta cyubakishije amatafati y’ibyondo cy’urupangu rwari hejuru y’inzu iciriritse yubakishije […]Irambuye

Episode 93: Mama Brown araye iwabo. Gasongo we nibwo akigera

Tubanje kubiseguraho ku bibazo twagize byatumye tubagejejeho episode ya 93 dutinze   Gaju-“Yee? Ibyo numva ni ibiki se kandi?” Jojo-“Ayiwee! Mana wee! Koko se John ni musaza wa Mama?” Mama Brown-“Bana ba! Rwose munyumve ndababwiza ukuri mutege amatwi John ni musaza wanjye Data yavugaga kenshi!” Brown-“Uuuuuh! Mama Koko se ibyo uvuga nibyo?” John-“Ibyo mvuga ni […]Irambuye

Umusirikare wa USA yaguye muri Somalia

Kuri uyu wa gatanu, Umusirikare mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za America ziri muri Somalia yaguye mu cy’iterabwoba wa Al-Shabab, abandi babiri barakomereka. Igisirikare cya America cyatangaje ko uyu musirikare wabo yaguye ku Bilometero 64 mu Burengerazuba bw’Umurwa mukuru wa Mogadishu, hafi y’umujyi witwa Barii, nk’uko tubikesha CNN. Aba basirika ba America ngo batunguwe […]Irambuye

Nta mahoro n’umutekano nta Terambere Africa yagira – Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mu biro ‘Village Urugwiro’ abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe bari bari mu mwiherero mu Rwanda. Perezida Kagame yibukije abagize Akanama k’Umutekano k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (African Union Peace and Security Council) ko Africa ikneye umutekano kugira ngo igire aho igera. Kagame […]Irambuye

N’umwana wo mu bakire ni Umukandida ashobora kuba ku muhanda

Abana benshi b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 5 na 18 bakigaragara cyane ku mihanda, munsi y’ibiraro no muri za ruhurura mu Mujyi wa Kigali no muyindi mijyi y’u Rwanda, ngo ikibajyana ku muhanda ni ni ibibazo biri mu miryango yabo. Abana bo ku muhanda bazwi nka ‘Mayibobo’ banyuranye baganiriye n’Umuseke bahuriye ku bibazo cy’ubukene n’amakimbirane […]Irambuye

Ku cyumweru Perezida Kagame arakira ba Min. b’Ububanyi n’Amahanga 54

Kigali – Kuri iki cyumweru tariki 07 Gicurasi 2017, Perezida wa Repubulika Paul Kagame arakira ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bya Africa 54, baganire ku mpinduka zo kuvugurura imikorere y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe. Mu nama rusange y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe yo muri Mutarama 2017, Perezida Paul Kagame yamuritse imyanzuro y’akanama k’impuguke icyenda yari […]Irambuye

en_USEnglish