WEF: Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma 10, Abaminisitiri, Abaherwe,…mu Rwanda

Kuva kuwa gatatu kugera kuwa gatanu (11-13 Gicurasi), u Rwanda rurakira abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, ba Minisitiri, abakire ba mbere ku Isi n’abo muri Afurika by’umwuriko, abayobozi ba Banki, ibigo b’imari, iby’ubucuruzi n’iby’Ikoranabuhanga, n’abandi banyacyubahiro bagera ku 1,200 bazaturuka mu bihugu 70 baje kwitabira Inama Mpuzamahanga ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum (WEF)” […]Irambuye

Airtel_Rwanda na RwandaOnline mu korohereza abantu kwishyura Serivise za Leta

Mu rwego rwo kworoshya uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel_Rwanda na RwandaOnline Platform Limited (ROPL) bashyize hamwe kugira ngo bafashe abantu kuba bakwishyura Serivise za Leta zinyuranye mu buryo bworoshye hakosheshejwe urubuga rwa Leta “Irembo”. Urubuga www.irembo.gov.rw ni urubuga abaturage bifashisha bashaka Serivisi za Leta kuri internet. Rukaba rufasha abaturage gusaba no kwishyura Serivisi mu […]Irambuye

UPS yifatanyije na Zipline mu mushinga wa Drone mu Rwanda

Umushinga w’utudege duto “Drone” uzatangirira mu Rwanda ukazagenda ukwirakwizwa muri Afurika umaze kumenyekana cyane ndetse no kubona ibigo byinshi biwushyigikiye, ubu igishya cyawujemo ni UPS. Umushinga wa drone uzatangira muri uyu mwaka, zikazajya zitwara imiti, nyuma ukazaguka ukagera no ku gutwara imizigo y’ibicuruzwa. Uyu mushinga w’ikigo Zipline, ubu wabonye umufatanyabikorwa mushya, ikigo ndengamipa mu gutwara […]Irambuye

U Rwanda ni urugero rwiza Africa izigiraho kwiteza imbere nta

Kuva kuwa gatatu tariki 11-13 Gicurasi, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya 26 ku bukungu bwa Afurika “World Economic Forum on Africa (WEF)”; Abateguye iyi nama batangaje ko impamvu bahisemo u Rwanda ari uko rufite byinshi rwakwigisha ibindi bihugu n’Ibigo bikomeye ku buryo bwo gutera imbere ndetse ukarwanya ubukene nta mitungo kamere ufite. WEF 2016 […]Irambuye

Savio, Bakame, Iranzi na Sugira mu bakinnyi Ibengé yashimye mu

Muri ‘weekend’ ishize, Florent Ibengé utoza Vita Club n’ikipe y’igihugu ya DR Congo, yari mu Rwanda, aho yarebye umukino wa Rayon Sports na Rwamagana FC, ndetse ashima imikinire y’abakinnyi bane b’Abanyarwanda. Jean Florent Ikwange Ibengé watozaga DR Congo yegukanye CHAN 2016 yabereye mu Rwanda, yashimye ubuhanga bw’abakinnyi b’Abanyarwanda, bituma agaruka kubakurikirana. Kuwa gatandatu, uyu mutoza […]Irambuye

‘African Village’ ahantu Abanyarwanda n’abanyamahanga baje muri WEF bahurira

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira inama mpuzamahanga ikomeye ku Isi yitwa ‘World Economic on Africa(WEF)’, kuva tariki ya 11-13 Gicurasi, umwe mu Banyarwanda bikorera afashijwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere ‘RDB’ yashyizeho ahantu Abanyarwanda n’Abanyamahanga bashobora kujya bahurira mbere na nyuma y’uko WEF itangira bakabasha kumenyana no gukorana. The African Village ngo izafasha Abanyarwanda […]Irambuye

Muhanga: Gitifu w’Umurenge wa Nyabinoni yatawe muri yombi azira VUP

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, Polisi yataye muri Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabinoni, mu Karere ka Muhanga witwa Aimable Ndayisaba akekwaho gukoresha nabi amafaranga agenewe VUP. Amakuru agera ku munyamakuru wacu ukorera i Muhanga aravuga ko Aimable Ndayisaba yatawe muri yombi ku mugoroba, ubu akaba afungiye kuri Station ya Polisi ya Muhanga. Gutabwa […]Irambuye

Gicumbi: Abanyeshuri biga G.S. de la Salle bibutse abazize Jenoside

Kuri uyu wa gatanu, urubyiruko rw’abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rizwi nka “Groupe Scolaire de la Salle” rwibutse bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse bashimira abagize ubutwari bwo gihisha abanyashuri bahigaga icyo gihe bahigwaga. Abanyeshuri ubu biga kuri Groupe Scolaire de la Salle basobanuriwe amahano yabereye muri iri shuri hakicwa imbaga y’abanyeshuri […]Irambuye

Sugira Ernest ashobora gusinyira Vita Club muri iki cyumweru

Rutahizamu w’Amavubi na AS Kigali, Sugira Ernest ashobora kuba umukinnyi mushya wa Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) mu mpera z’iki cyumweru. Sugira Ernest yatangiye gushakwa na Vita Club yo muri DR Congo muri Gashyantare, nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu gihugu “CHAN 2016” yatsinze mo […]Irambuye

“Nk’ibisanzwe amafrw ya Leta yaranyerejwe, arasesagurwa,…” – Raporo y’umugenzuzi

*Raporo nshya ku mikoreshereze y’ingengo y’imari y’umwaka wa 2014/2015 iragaragaza ko hakiri za miliyari zanyerejwe; *Haracyari ibikoresho nk’imiti, mudasoma, imashini, inyongeramusaruro,n’ibindi bipfa ubusha cyangwa bikanyerezwa; *2,6% gusa nibo banyereje umutungo wa Leta bakurikiranywe; *Abadepite bati “Harageze ngo ibi birangire burundu.” Kuri uyu wa gatanu, Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta Obadiah Biraro yagejeje ku nteko rusange […]Irambuye

en_USEnglish