Kubona ubushobozi bwo gushora mu bikorwaremezo dukeneye biratugora – Kagame

Mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe mu rwego rw’Inama Mpuzamahanga ku bukungu muri Afurika (WEF) irimo kubera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu byinshi bya Afurika bikigorwa no kubora ubushobozi bwo gushora mu bikorwaremezo biba bikenewe mu rwego rw’ingufu z’amashanyarazi, ubuhinzi n’izindi. Iki kiganiro cyitabiriwe na Perezida Paul Kagame n’umuherwe w’Umunyamerika […]Irambuye

Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye kuyobora – D.Kaberuka

*Kuva kuri uyu wa gatatu kugera kuwa gatanu u Rwanda rwakiriye “WEF on Africa” *Ibiganiro byabanje byibanze ku buryo urubyiruko rwa Afurika rwagira uruhare mu iterambere ryayo, *Urubyiruko rwasabwe kurenga imbogamizi ruhura na zo, rugakomera ku mugambi wo gutera imbere *Donald Kaberuka ati “Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye.” Mu biganiro byatangije Inama Mpuzamahanga ku bukungu […]Irambuye

Paris: Urubanza rwa Ngenzi na Barahira rwatangiranye amacenga

Mu rubanza rwatangiye kuburanishwamo Octavien Ngenzi na Tito Barahira bigeze kuba Abayobozi b’icyari Komine Kabarondo, Perefegitura ya Kibungo, kuri uyu wa kabiri abunganira mu mategeko abaregwa bavuze ko hari ubusumbane hagati y’ubwunganizi n’Ubushinjacyaha mu byerekeranye n’ubushobozi bw’amafaranga. Abanyamategeko ba Octavien Ngenzi na Tito Barahira bavuze ko Ubushinjacyaha n’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko […]Irambuye

APR itsinze Gicumbi 3-0 ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona

Mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, APR FC itifuzaga gutakaza umukino n’umwe itsinze Gicumbi FC ibitago bitatu ku busa (3-0), ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona, irusha Rayon Sports amanota ane (gusa yo ifite imikino ibiri itarakina). Nizar Khanfir utoza APR FC yakoze impinduka, Ntaribi Steven abanza mu izamu, Issa Bigirimana, […]Irambuye

Nkomeze mukunde nubwo Nyina yamutwise bamufashe ku ngufu muri Jenoside?

Mwiriwe neza basomyi b’UM– USEKE, nkunda gusoma ibitekerezo abantu batanga hano none nanjye ndagira ngo mungire inama. Mu mwaka ushize wa 2015 natandukanye n’umukunzi, ariko bidateye kabiri nza guhura n’undi mwana w’umukobwa mwiza peee, ugwa neza, usenga, ukunda abantu, useka neza, mbese sinzi uko namubabwira. Uwo mukobwa naramubengutswe ariko kuko nari nkimara gutandakana n’undi sinahita […]Irambuye

Gicumbi: Abafite ubumuga 70 bahawe amagare yo kubafasha mu buzima

Kuri uyu wa 11 Gicurasi 2016, ku bufatanye n’umuryango World Vison n’Akarere ka Gicumbi, abafite ubumuga 70 bahawe amagare yo kubafasha nk’insimburangingo mu ngendo bakoraga. Nubwo abahawe amagare ari 70, byari biteganyijwe ko hafashwa agera kuri 79. Icyenda (9) basigaye bo bazayasangishwa mu tugari twabo kuko uyu munsi batabonetse kubera imbaraga nkeya. Abamugaye bahawe aya […]Irambuye

Muhanga: WASAC ishobora kuryoza Akarere igihombo cya Miliyoni 120 Frw

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura (WASAC) kiratangaza ko hari igihombo cya Miliyoni ijana na makumyabiri z’amafaranga y’u Rwanda (120 000 000 Frw) Akarere ka Muhanga kazishyura, iki gihombo cyatewe n’isenywa ry’ibigega by’amazi WASAC yari yubatse mu Murenge wa Shyogwe na Cyeza. Ibi bigega by’amazi byubatswe na WASAC mu rwego rwo kongera ingano y’amazi ahabwa […]Irambuye

Paris: Urukiko ruraburanisha Tito Barahira na Octavien Ngenzi bayoboye Kabarondo

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Gicurasi 2016, Urukiko rwihariye rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha Octavien Ngenzi na Tito Barahira basimburanye ku kuyobora icyahoze ari Komine Kabarondo hagati y’umwaka wa 1977 – 1994, muri Perefegitura ya Kibungo, bombi bakekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyoko muntu. Uru rubanza uretse uretse kuba rufite icyo ruvuze ku butabera […]Irambuye

en_USEnglish