Kenya: Bane bahitanywe n’imvura ikaze

Imvura ikomeye yateje imyuzure mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi kugeza ubu amakuru akaba avuga ko abantu bane bamaze kuhasiga ubuzima. Iyi mvura ikaze yaguye mu bice binyuranye bya Kenya, ariko iteza imvuzure yahitanye abantu ndetse ikangiza byinshi muri Nairobi. Abantu bane bavugwa bamaze gupfa, ngo bagwiriwe n’igikuta cy’inzu cyasenyutse kikabagwaho. Umuryango mpuzamahanga urengera imbabare […]Irambuye

Ingengo y’Imari 2016/17: Amafrw agenewe ibikorwa by’iterambere azagabanuka kubera inkunga

Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya Leta mu myaka itatu iri imbere, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Claver Gatete yavuze ko amafaranga yagenerwaga ibikorwa-remezo agiye kugabanuka kubera igabanuka ry’inkunga z’amahanga. Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Claver Gatete yabwiye Inteko ko ubukungu bw’u Rwanda buri mu bibazo kubera igabanuka ry’ibiciro by’ibyoherezwa mu mahanga, ndetse […]Irambuye

Rwamagana: Umukecuru warokotse Jenoside agiye kubyaza umusaruro imirasire yahawe

Mu Murenge wa Gahengeri, Akarere ka Rwamagana, umukecuru Mukarukiriza Vestine w’imyaka 56 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, arishimira imirasire y’izuba yahawe na Kompanyi yitwa M.Power, ngo ubu akaba yiteguye kuba yanabyaza umusaruro uyu muriro ukomoka ku mirasire. Muri iki gihe cyo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, no gufata mu mugongo abayirokotse, ibikorwa byo gufasha abarokotse Jenoside […]Irambuye

Nyirasikubwabo umaze imyaka 16 “ajya ku ndege”, ngo biraruta kwicara

Nyirasikubwabo Jacqueline, umubyeyi w’abana batatu ni umugore wanze kwicara murugo ngo ategere amaboko umugabo we, itera intambwe atangira gukora imirimo y’amaboko aho kubona ikiraka bimusaba guhataka ku muhanda n’abagabo benshi. Nyirasikubwabo Jacqueline ni umubyeyi w’abana batatu, umukobwa mukuru afite imyaka 15, musaza we umukurikira afite imyaka 8, umuto nawe w’umhungu afite imyaka 6. We n’umugabo […]Irambuye

Abamotari hari uwababwiye ‘espérance de vie’ yanyu ko mukora nk’abatariburamuke?-CP

CP Gatete Cyprien ushinzwe ibikorwa muri Polisi y’u Rwanda avuga ko gukora nk’abadatekereza ko ejo hahari bigaragara ku bakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’Abamotari bikunze guteza ibibazo byiganjemo iby’impanuka, akabasaba kwitwararika kuko ntacyo baba bakorera mu gihe bakora badashyize imbere ubuzima bwabo. Polisi ivuga ko mu mezi atatu y’uyu mwaka wa 2016, […]Irambuye

Ubu UAP irishingira ubworozi bw’amatungo yose, uko angana kose

Ikompanyi mpuzamahanga y’ubwishingizi “UAP” yiyemeje gufasha abahinzi n’aborozi gukora umwuga wabo nk’ababigize umwuga kandi nta gihombo bahuye nacyo, binyuze mu bwishingizi butarobanura yabazaniye. Ibigo by’ubwishingizi mu Rwanda usanga bukunze kwita cyane ku nyungu z’abantu batuye mijyi n’ibyo batunze. UAP nubwo nayo yishingira abo banyamujyi, yo yanatangiye kwishingira abandi Banyarwanda benshi batunzwe n’ubuhinzi n’ubworozi mu bice […]Irambuye

Karongi: ILPD yibutse Abatutsi barenga ibihumbi 50 biciwe mu Bisesero

Kuwa  kabiri, Abayobozi n’abakozi b’ishuri rikuru ryigisha, rikanateza imbere amategeko (Institute  of  Legal Practice  Development) bunamiye inzirakarengane ziciwe mu Bisesero muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Bisesero, mu Karere ka Karongi. MUCYO Mathias, umukozi wa Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya […]Irambuye

Valens Ndayisenga mu isiganwa rya mbere nk’uwabigize umwuga

Umunyarwanda usiganwa ku magare, Ndayisenga Valens ari mu isiganwa rya mbere akinnye nk’uwabigize umwuga mu Bufaransa, aho ari kumwe n’ikipe ya Team Dimension Data. Tariki 5 Gashyantare 2016, nibwo Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda 2014, na Bonavanture Uwizeyimana batangajwe nk’abakinnyi bashya b’ikipe yabigize umwuga mu gusiganwa ku magere, Team Dimension Data ya kabiri, yitwa […]Irambuye

en_USEnglish