*Barahira, bagize bati ‘Twiyemeje gufatanya n’Abanyarwanda…’ *Kuri bo ngo u Rwanda ni nk’ijuru,…Bavuga Ikinyarwanda nk’ururimi kavukire! Urubyiruko rw’Abakorerabushake 26 b’Umuryango wa ‘Peace Corps’ wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barahiriye gutangira ibikorwa byabo mu Rwanda kuri uyu wa 02 Kanama, bavuga ko bishimiye gukorera ibikorwa byabo muri iki gihugu kuko bakibonyemo ibyiza byinshi. Bati […]Irambuye
Ivuliro Amazing Health Recovery House riherereye mu mujyi wa Muhanga mu murenge wa Nyamabuye, abirikoramo bavuga ko bakoresha umuti umwe ku ndwara 36, umurwayi ngo ahabwa ingano y’umuti bitewe n’ibiro bye ndetse n’ubukana indwara yanduye ifite. Ni ubwa mbere mu Rwanda haje Ivuliro arikoresha umuti umwe ushobora kuvura indwara 36 abarwayi bafite hakoreshejwe ibitonyanga abaforomo […]Irambuye
U Rwanda rwarangirije ku mwanya wa gatanu muri ‘FIBA Africa Under 18 Championship’ iherutse kubera mu Rwanda. Byahaye amahirwe abakinnyi batanu b’u Rwanda bitwaye neza kuko babonewe amashuri muri USA bazakomerezamo amasomo, bagakomeza no kwagura impano yabo yo gukina Basketball. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, nibwo hasojwe igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 […]Irambuye
Bamwe mu bakozi bakorera Sosiyete ya Ngali Holdings Ltd mu Karere ka Ruhango batangaza ko babangamiwe na rwiyemezamirimo wahawe isoko n’Akarere ka Ruhango kahaye amasezerano bitanyuze mu ipiganwa, ibi ngo biratuma habaho kugongana mu gihe cyo gukusanya imisoro y’Akarere. Hashize umwaka Sosiyete yigenga ya Ngali Holdings Ltd igiranye amasezerano n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro(RRA) yo […]Irambuye
*Uyu mushinga w’itegeko watowe ku 100% Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje burundu kuri uyu wa mbere umushinga w’itegeko rigenda ubutoneshwe n’ubudahangarwa bw’abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Africa y’iburasirazuba mu bijyanye no gukorera akazi aho bashaka, ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’ibindi. Aya masezerano yabanje kwemezwa n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango mu nama yo kuwa 24 […]Irambuye
Ku birwa bya Ishywa na Nkombo bigize Umurenge wa Nkombo abahatuye bafite ikibazo gikomeye cyo kutagira amazi meza. Bavoma amazi y’ikiyaga cya Kivu ndetse ugasanga nk’abana bo bahita banayanywa. Ubuyobozi burizeza ko iki kibazo kizakemuka vuba. Uyu murenge wa Nkombo ugizwe n’utugari dutanu turiho abaturage 17 994, Akagali ka Ishywa ko ni ikirwa kihariye, biteganyijwe […]Irambuye
Bitari uko aribo bahanzi gusa bari mu irushanwa, ahubwo nibo bahanzi bamaze kugaragaza ko harimo intera ndende hagati yabo n’abandi kubera ubwinshi bw’abafana bafite. Mu bitaramo birindwi byose byagiye bibera mu Ntara hirya no hino, aba bahanzi nibo bagiye banikira abandi mu kugira imbaga nyamwinshi y’abafana bakunze ibihangano byabo. Byagera kuri Urban Boys bikaba umugani. […]Irambuye
The Ben na Meddy ni abahanzi bigaruriye imitima ya benshi bakunda umuziki w’u Rwanda, aba ubusanzwe b’inshuti baherutse gusohora indirimbo mu gihe kimwe, ibintu bidakunze kuba ku bahanzi bumvikana. Meddy avuga ko kuba barashyiriye hanze indirimbo icyarimwe bitari ugupingana ahubwo buri umwe agira igenabikorwa rye. Mu minsi ishije nibwo The Ben yashyize hanze indirimbo ye […]Irambuye
*Abasenateri basanze hari abayobozi b’igigo bya Leta ushobora kumara icyumweru ubashaka ntubabone, *Kubera ibibazo biri mu burezi, barashaka ko hashyirwaho urwego rwo gufasha inzego z’uburezi, *Ngo hari bimwe mu bikorwa bya Leta byangiritse bitavugururwa, n’ibyangizwa kuko bidafite ababireberera. Kuri uyu wa mbere, Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena wasuzumye imyanzuro iri muri raporo ya Komisiyo […]Irambuye
Kuva i Nyamirambo ukamanuka ukagera i Nyarugenge hagati ukamanuka Umuhima wose na Nyabugogo ukerekeza Remera kuri Stade abantu bagiye bihera ijisho ibirori by’itorero ry’u Rwanda, igororangingo ry’abasore bo mu Gatenga n’imbyino n’ingoma z’abanyeSenagal. Byari mu rugendo rwo gutangiza icyumweru cya FESPAD n’Umuganura. Insanganyamatsiko iravuga ngo “TURWUBAKIRE KU MUCO TWITEZE IMBERE”, ni ibikorwa byateguwe ku bufatanye […]Irambuye