Month: <span>June 2013</span>

CECAFA: APR FC yatsinze Express ya Uganda 2 – 0

Ikipe ya APR FC niyo ya mbere yabonye tike yo kwerekeza mu mikino ya ½ cy’irangiza ya CECAFA Kagame Cup 2013, nyuma yo gutsinda Express ya Sam Ssimbwa ibitego 2-0. Igitego cya Mugiraneza Jean Baptiste ku munota wa 70, n’icya Nova Bayama ku munota wa 85, bitumye APR FC igarurira icyizere abafana nyuma yo kujya […]Irambuye

Impanuka nk’iyahitanye Gen Gapfizi kurokoka ntibyashobokaga

Karinganire Jonas, ni umwe mu baturage babonye n’amaso yabo impanuka yahitanye Brig Gen Dan Gapfizi, avuga ko byari biteye ubwoba cyane ariko ko bitashobokaga ko hari uyirokoka. “Hari nka saa moya nijoro, numvise ihoni rivuga cyane nkebuka mbona imodoka ikata isa n’ihunga abantu ihita irenga umuhanda yiyasa ku giti, twegereye ngo turebe ariko uwabonaga uko […]Irambuye

Tumenye ibitera indwara yo kunuka igikara, ndetse n’uburyo bwo kuyirwanya

Hari abantu bagira ikibazo cy’impumuro mbi iturutse k’umubiri wabo, bityo bakaba bakwinubirwa n’abantu babana ndetse nabo ubwabo batisize, ari akenshi bakunze kwita kunuka “Igikara”. Umuseke warabakusanyirije zimwe mu mpamvu zishobora gutera iki kibazo n’inama z’icyo wakorwa kugira ngo uhangane nabyo. Bimwe mu bitera kunuka igikara: 1. Icyuya cy’umuntu Ubusanzwe icyuya cy’umuntu ntikigira impumuro ariko iyo kibaye […]Irambuye

Abaturage ntibahabwa umwanya uhagije wo gutanga ibitekerezo ku bibakorerwa-Sosiyete sivile

Mu nama Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda yagiranye n’imwe mu miryango ya Sosiyete sivile ikorera mu gihugu kuri uyu wa kabiri tariki 25 Kamena 2013, abagize sosiyete sivile bagaragaje ko mu Rwanda hakiri ikibazo cy’uko abaturage batagishwa inama mu bibakorerwa ndetse nta n’umwanya bahabwa wo gutanga ibitekerezo kuri gahunda za Leta zibareba. Sosiyete sivile […]Irambuye

USA: Ku myaka 10 agiye gukora urugendo rwa km 100

Umwana w’imyaka icumi witwa Andrew Korta yateguye urugendo rwagombaga gutangira mu gitondo kuri uyu wa gatatu, ruva muri Leta Lowa rwerekeza muri Leta Minnesota zo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rungana n’ibirometero bisaga 100  agamije gukusanya amafaranga yo gufasha abana bo mu Rwanda. Uru rugendo rukaba rwagombaga gutangirira ku isaha ya saa kumi za mugitondo, […]Irambuye

Kagame: Umuyobozi uhamye. Kabila: Umuyobozi udahwitse

Icyegeranyo cyashyizwe ahagaragara n’Ikinyamakuru “Foreign Policy” aho cyabazaga abantu ibibazo bitandukanye ku mugabane w’Afurika ndetse no ku bayobozi bayobora bimwe mu bihugu bitandukanye kuri uyu mugabane, benshi bemeje ko u Rwanda ari igihugu kimaze kwandika amateka ashimishije, ndetse Perezida Paul Kagame ari umuyobozi uhamye muri Afurika. Iki cyegeranyo kandi kivuga ko Perezida wa DRC  Joseph […]Irambuye

Wabaho ute buri munsi unezerewe?

Mu buzima abantu bifuza kubaho mu mudendezo, banezerewe, nta kibarakaza , ari byo bakunze kwita kubaho nta ntugunda, nta n’inda y’umujinya. Umuseke wabakusanyirije inama zatuma ubaho mu munezero nta ntugunda, nta n’inda y’umujinya. Inama 10 zagufasha kwiberaho mu munezero igihe cyose: 1. Ntukirirwe ubara imibare itaringombwa wivuna nk’imyaka , ibiro, umubyibuho. Reka abaganga bajye babibara nicyo bigiye kandi […]Irambuye

Aho tuba mu mahanga umugore wanjye yananiye

Mbanje kubasuhuza, Muraho! Nitwa ……… (amazina ye yanze ko yandikwa)nkaba ntuye belgique nabonye aho haba inama najye ndagirango mungire inama. Ndi umugabo ndubatse nfite abana batanu ku bagore babiri ariko umwe yitabye imana, maze igihe umugore wajye abantu bambwiye ko anca inyuma ariko jyewe nsibyemere ariko noneho nyuma mbona koko ko ari byo. Umudamu ambuza […]Irambuye

Loni yahaye umugisha ingabo zigiye kubungabunga amahoro muri Mali

Akanama k’umutekano k’umuryango w’abibumbye kemeje ko tariki ya mbere Nyakanga, umutwe w’ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro muri Mali zizatangira kujyanwayo. Associated Press dukesha iyi nkuru ivuga uyu mutwe w’ingabo uzaba unayobowe n’umunyarwanda, ufite inshingano yo gufasha guverinoma kongera kugenzura uduce twari tumaze igihe tugenzurwa n’inyeshyamba, gutegura amatora ya perezida ateganijwe tariki 28 Nyakanga agende neza, zifasha […]Irambuye

Abanyarwanda 45% nibo bari munsi y’umurongo w’ubukene

Raporo yashyizwe ahagaragara na Banki y’Isi kuri uyu wa 25 Kamena 2013, iravuga ko ingamba nziza zifatwa na leta y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye aribyo bituma ubukungu budakunda kujegajega, ahubwo bukazamuka ubutitsa; nyamara ariko iyi raporo ivugako ubukungu bw’u Rwanda buzamanukaho rimwe ku ijana muri uyu mwaka. Iyi raporo igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwari […]Irambuye

en_USEnglish