Month: <span>June 2013</span>

Isi itegereje initegura kugenda kwa Mandela

Nubwo kuri uyu wa 26 Kamena Perezida Jacob Zuma yatangaje ko Nelson Mandela uyu munsi asa n’umerewe neza kurusha ijoro ryashize, icyo bamwe bamwifuriza ni uko nibura yasunika iminsi akagera ku isabukuru y’imyaka 95, abandi benshi nabo bakamusabira ngo abe yaruhuka aho gukomeza kumubona no kumwumva ababazwa n’indwara. Ni umukambwe Nelson Mandela urembye cyane ubu, […]Irambuye

Mbabazi ku mwanya wa 2 mu rubyiruko 30 rw'icyitegererezo muri

Esther Mbabazi, Umunyarwandakazi wakuze afite inzozi zo kuzaba umupilote ndetse akaza kubigeraho, ari ku mwanya wa kabiri mu rubyiruko 30 rw’icyitegerezo muri Afurika. Ibi ni ibyashyizwe ahagaragara n’ Urubuga Youth Village Africa rwavuze ko uyu mukobwa w’imyaka 24, yafashe icyemezo cyo kuzaba umupilote nyuma y’aho Se umubyara ahitanywe n’impanuka y’indege. Ubwo yafataga icyo cyemezo ngo […]Irambuye

Inteko Ishinga Amategeko yemeje Ingengo y’Imari ya 2013/14

Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite yemeje umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2013/14 ingana na  Miliyari 1,653.3 z’amafaranga y’u Rwanda bivuze ko yiyongereyeho Miliyari 103 z’amafaranga y’u Rwanda ugereranije n’Ingengo y’Imari ivuguruye y’umwaka wa 2012/13. Inteko rusange y’Abadepite 64 bose batoye uyu mushinga w’itegeko ahanini bashyigikira ko Miliyari 802.7 z’amafaranga y’u Rwanda zingana na 48.5% by’ingengo y’imari […]Irambuye

Imyiteguro y'igitaramo cya Alexis Dusabe igeze kure

Ubwo twasuraga umuhanzi Alexis Dusabe ari mu myitozo kuri Centre Culturel Franco – Rwandais, twasanze imyitozo igenda neza. ati “Ndizera ko iki gitaramo kizaba kimwe mu bitaramo byiza nzakora, kandi ndabona imyiteguro iri kugenda neza.”  Zimwe mu ndirimbo Alexis yateguye kuzaririmba harimo Njyana igorigota n’izindi nyinshi zakunzwe hano mu Rwanda. Alexis Dusabe  kandi yadutangarije ko […]Irambuye

Urubyiruko rwiga USA n’abiga mu Rwanda mu kwishakamo ibisubizo

Ihuriro ry’urubyiruko ‘ELE Rwanda’ rigizwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda biga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bateguye ihuriro rizabahuza na bagenzi babo biga mu Rwanda rikazamara ibyumweru bibiri  kuva  tariki ya 01 kugeza kuya  15 Nyakanga 2013 ribere ku kigo cya IPRC Kigali ahahoze Kicukiro College of Technology. Nk’uko abayobozi bakuru ba ‘ELE Rwanda’ babitangaje mu kiganiro […]Irambuye

Brig. Gen. Dan Gapfizi azashyingurwa ejo

Nyakwigendera Brig. Gen. Dan Gapfizi witabye Imana kuwa 25 Kamena 2013 azashyingurwa ku munsi w’ejo kuwa 28 Kamena 2013 mu irimbi rya gisirikare i Kanombe nkuko byemejwe n’umuvugizi w’ingabo Brig. Gen. Joseph Nzabamwita. Brig Gen Gapfizi wari ufite imyaka 56 yitabye Imana azize impanuka y’imodoka mu muhanda wa Kagitumba – Kayonza ahitwa i Kizirakombe. Uyu […]Irambuye

Kuwa 27 Kamena 2013

Abakozi ku murimo wabo. Amazu agerekeranye menshi akomeje kuzamurwa mu mujyi wa Kigali Photos/Plaisir MUZOGEYE Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.RWIrambuye

Ikibazo gikomeye ku myigire yanjye ndasaba inama

Ku basomyi b’UM– USEKE, munyemerere mbasuhuze mwizina rya Yesu. Maze igihe kitari kinini nsoma ururubuga ndarukunda ariko byageze kuri uyu mwanya abasomyi bisanzuriraho bakagirana inama zubaka biba akarusho, zimwe munama bamwe mubasomyi bagiye baha bagenzi babo nabomye ari ingirakamaro bituma numva nifuza kubagezaho ikibazo mfite maranye igihe kandi ndizera ko hano ntari buhabure ibisubizo n’inama […]Irambuye

Obama aragenzwa n’iki muri Africa?

Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 26 Kamena nibwo Perezida Obama yatangiye urugendorwe muri Africa ahereye mu gihugu cya Senegal akazagera kandi muri Africa y’Epfo na Tanzania. Avuga ibyo uruzinduko rwe ruzibandaho Obama yagize ati “ Ubona ko afurika ari umugabane ufatiye runini isi aho Igihugu nka Leta z’unze Ubumwe z’America hari icyo cyakora ngo […]Irambuye

Umugenzuzi mukuru yagaragaje amakosa mu ngengo y’imari y'umwaka ushize

Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta Obadiah Biraro kuri uyu wa gatatu nibwo yagejeje ku Inteko Ishinga Amategeko ihuriwe n’imitwe yombi raporo igaragaza uko ingengo y’imari irabgira kuri uyu wa 30 Kamena 2012 yakoreshejwe n’inzego zitandukanye za Leta. Raporo yatanzwe ikaba igaragaza ko ibigo bya Leta byose hamwe bitarubahiriza inama zose biba byaragiriwe n’ubugenzuzi bukuru bw’imari […]Irambuye

en_USEnglish