Umunyemari Mwitende wahamwe no kuriganya Leta M. 430 akajurira yakatiwe

Ubujurire bwa Mwitende Ladislas, umunyemari uregwa kuriganya Leta asaga miliyoni 430, kuri uyu wa Kane bwateshejwe agaciro akatirwa gufungwa imyaka 7 n’Urukiko Rukuru. Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bw’umuyobozi mukuru wa Sosiyete icuruza inyongeramusaruro Top Services Ltd Mwitende Ladislas rutegeka ko afungwa imyaka irindwi no kwishyura MINAGRI miliyoni zisaga 430. Mwitende Ladislas yari yajuririye mu […]Irambuye

Episode 72: Nelson ageze ku Gisenyi yitabaza Fiston mu kibazo

Njyewe-“Oya da! Njyewe ntabwo ndi umu Police nuko numvaga amatsiko anyishe nkumva nshaka kumenya byinshi” We-“Niba uri n’umunyamakuru jyana ayo arahagije” Njyewe-“Murakoze mbashimiye nayongayo muduhaye” Nkimubwira gutyo yabaye nk’urakaye biranyobera dukomeza kugenda tutavugana haciyemo akanya katari gato muhereza ya jus yari yampaye, Njyewe-“Mwakire kandi mwakoze agatima kasubiye munda” We-“Eeeh! Urakoze nawe gushima ngaho yigumane hano […]Irambuye

Mgr Kambanda arasaba Abakristu gutsinda inda nini bafasha abakene

Mugihe kuri iki cyumweru abakiristu bitegura kwizihiza umunsi wa Pasika umushumba wa Kiliziya Gatolika muri Dioyosezi ya Kibungo Musenyeri Antoni Kambanda arahamagarira abakirstu kwirinda inda nini bakita kubababaye. Avuga ko by’umwihariko kuri uyu wa gatanu mutagatifu aba ari umunsi ukomeye cyane ku bakirstu gatulika. Uyu munsi bamwe muribo twasanze basuye abarwayi mu bitaro bya Kibungo. […]Irambuye

Episode 49: Bitunguranye Nelson, Gasongo na Mama Kenny berekeje ku

Tucyumva Aliane atatse, buri wese aho yari ari yahagurukanye icyo yari afite, ibiyiko n’amafurusheti muri ako kanya byabaye intwaro maze dusohoka duhuruye ariko dutabaye, njye wari impande y’umuryango nagezeyo mbere mpita mfata Aliane ndamukomeza n’abandi babaga mu yindi miryango na bo baba barahageze. Njyewe – “Alia! Ubaye iki? Mbwira humura ntacyo uba dore turahari.” Aliane […]Irambuye

Episode 19: Hamenyekanye icyatumye Papa Brown yivugana Umugore

Mwaramutse neza, umwanditsi wacu yagize ikibazo kitamuturutseho gituma muri iyi minsi atari kwandika yisanzuye ngo inkuru zibagereho mu buryo busanzwe nk’uko mumaze iminsi mubibona, ariko dufatanyije nawe turi kugikemura vuba. Turabizeza ko bigomba gutungana vuba kuko natwe biraduhangayikishije ko iyi nkuru itari kubagereraho amasaha asanzwe. Mutwihanganire cyane ariko tubijeje ko bitungana vuba.   Mama Brown […]Irambuye

Episode 12: Mu nzira igoranye Nelson abikuye ibanga rizitse Gaju

Nshuti basomyi mwihanganire ko Episode ya 13 yakererewe, ariko irabageraho mu gihe kitarambiranye… Ubwo Brendah yahise ahaguruka akurikira Mama we njyewe nsigara aho, hashize akanya mbona Fabrice ansanze aho nari nicaye maze arambwira, Fabrice-“Eeh! Agent, burya wari imari izitse? Ewana kabisa ubanza umwana wacu waramuroze si gusa!” Njyewe-“Bro! Niba umutima wanjye aribwo burozi wenda ubwo […]Irambuye

Episode 5: Online Game

Njye na Gasongo twabuze icyo tuvuga, gusa ubuzima ni ishuri rikomeye, ku muntu utsinze ibizamini by’ubuzima ndavuga ibigeragezo byose kuri njye buriya namuha impamyabumenyi irenze mu zibaho zose! Ubwo Gasongo yikije umutima ubundi yitegereza Gaju wari washegeshwe n’agahinda ubundi aramubwira, Gasongo-“Nonese Gaju, ubwo muri ibyo byose ntago wigeze uteshuka ku mabanga y’umwari koko?” Gaju-“Gaso, byari […]Irambuye

Rusizi: Abayobozi b’utugari 26 nabo beguye ku mirimo yabo

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari 26 mu mirenge 18 yo mu karere ka Rusizi kuri uyu wa 10 Mutarama batanze amabaruwa yegura ku mirimo yabo kuko ngo batagishoboye zimwe mu nshingano zabo. Aba bakurikiye abandi nkabo 28 baherutse kwegura nu karere ka Rubavu. Euphrem Mushimiyimana Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Rusizi yabwiye Umuseke ko aba bayobozi ntawegujwe kandi […]Irambuye

Kigali: Kuri Poids Lourds Coaster yishe abantu babiri

Ahagana saa mbili z’ijoro kuri iki cyumweru ku muhanda wa Poid Lourd imodoka ya Toyota Coaster yari ivuye Nyabugogo yagonze abantu batatu babiri bahita bahasiga ubuzima. Police y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda ivuga ko iyi modoka yabanje kugonga umunyamaguru igahita ita umukono wayo ikagonga na moto. Uwari atwaye moto n’uwo yari ahetse bahise bapfa […]Irambuye

Episode 93: Mignone akubiswe n’inkuba kongera guhura na Eddy na

Episode 93:…. We-” yoooh! ngize Imana nsanga mutaragenda” Njyewe- ” oooooh bigenze bite?” We-“nari nje nako nari mbazaniye charger  yanyu mwari mwibagiwe gutwara” Njyewe- ” murakoze” We-” Nonese numero mwaduhaye nizo?” Njyewe- ” uuuuuh ko ubanza hari ikindi kitari ibyo ra? mwaduhamagaye se muratubura?” We-” oya ahubwo twe twari twibagiwe kuzandika” Njyewe- ” Oooooh ni […]Irambuye

en_USEnglish