Month: <span>June 2013</span>

CECAFA KAGAME Cup: Rayon Sport igeze muri kimwe cya kabiri

Ikipe ya Rayon Sport igeze muri kimwe cya kabiri cya CECAFA KAGAME Cup, ni nyuma yo gusezerera ikipe ya URA (Uganda Revenue Authority) iyitsinze ibitego bitatu kuri bibiri. Igice cya mbere cy’umukino cyaranzwe no kwiharira umukino kw’ikipe ya URA aho ku munota wa 15 umuzamu Bikorimana Gerard yasohotse bakamuroba nuko myugariro Faustin yagaruye umupira wageze […]Irambuye

Sezibera yateguye ivugabutumwa rizaba abantu bananywa ikawa n’icyayi

N’ubwo bitamenyerewe cyane mu Rwanda, Ishimwe Sezibera Nathanael yateguye igikorwa cyo kumva ijambo ry’Imana abantu bananwa ikawa n’icyayi yise “Holy scriptures and Cofee” kizaba tariki 12 Nyakanga 2013. Avugana n’Umuseke Ishimwe yagize ati “Njye natekereje ko abantu bazafata ikigoroba kimwe bagasangira ijambo ry’Imana ndetse banasangira ikawa, nk’uko n’ubundi abantu rimwe na rimwe bajya gusangira icyo kunwa bisanzwe.” […]Irambuye

Imibare y’abakoresha ibiyobyabwenge mu Rwanda yarazamutse

Ikigereranyo cyerekana ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge kivuga ko abantu miliyoni 210 ku isi bakoresha ibiyobyabwenge  kandi abantu ibihumbi 200 bapfa bazize indwara zituruka ku biyobyabwenge.  Mu nsanganyamatsiko ivuga ngo: ‘duharanire ubuzima buzira ibiyobyabwenge twanga icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo’. Hateranye inama yeteguwe na n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC kuri uyu wa 27 /06/2013 umunsi wahariwe kurwanya ibiyobyabwenge ku isi. Ikigereranyo […]Irambuye

15 bahawe Miliyoni imwe imwe buri wese muri “Yora cash”

Ubwo yageraga ku musozo gahunda ya Yora Cash Kuruyu wa kane tariki 27/6/2013 mu cy’icaro cya MTN  Abanyamahirwe batsindiye ibihembo by’amafaranga miliyoni imwe kuri buri muntu. Mu kiganiro na UM– USEKE Alain Numa  ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa bya MTN  yavuze ko Yora Cash ari gahunda ya MTN  mu rwego rwo gufasha abanyarwanda b’abanyamahirwe kubasha kwiteza imbere. […]Irambuye

Harerimana wari umushinjacyaha mukuru mbere ya 1994 yatahutse

Harerimana Stanislas wahoze ari umushinjacyaha mukuru muri parike ya Kigali yatahutse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 27 Kamena 2013, aturutse mu gihugu cya Swaziland yagiyemo mu mwaka wa 1995. Akigera ku kibuga cy’indege abanyamakuru bamubajije impamvu atatashye kare imyaka ikaba yari ishize ari myinshi, avuga ko ari amakuru y’urucantege akwirakwiza n’impunzi ziba […]Irambuye

Ku myaka 100 nibwo yarangije amashuri abanza

Manuella Hernandez ku myaka 100 nibwo yarangije kwiga amashuri abanza, Hernandez yavutse 1913 mu muryango ukennye ahitwa Oaxaca muri Mexico, yahagaritse amasomo ye kugirango ajye gufasha ababyeyi mu mirimo yo mu rugo. Hernandez ati” nakundaga cyane ishuri ariko ntibyanshobokera gukomeza amasomo, kuko nagombaga gufasha ababyeyi banjye uturimo two murugo.” Hernandez yongeye gukomeza amasomo ye mu […]Irambuye

Maj Gen Kazura yagiye muri Mali gutangira akazi

Yageze i Bamako  kuwa 25 Kamena 2013 nkuko bitangazwa n’urubuga rw’ingabo za MINUSMA, agiye gutangira imirimo mishya yo kuyobora ingabo zigera ku 12 600 z’umuryango w’abibumbye mu butumwa bwo kugarura amahoro. Biteganyijwe ko kuwa 1 Nyakanga 2013 aribwo izi ngabo zizatangira kugera muri Mali ari nabwo Gen Kazura nawe azatangira akazi nubwo yahageze mbere ho […]Irambuye

Imyanzuro mpuzamahanga ku burenganzira bw’ikiremwamuntu mu rwanda yizweho

Kuri uyu wa 26 Kamena komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu ndetse n’izindi nzego zirebana n’uburenganzira bwa muntu mu rwanda bari mu nama y’iminsi ibiri mu gusuzumira hamwe imyanzuro mpuzamahanga yafashwe kubyerekeye uburengamzira bwa muntu mu rwanda. Nyuma yo kugezwaho imyanzuro kubyerekeye uburenganzira bwa muntu yafashwe ku rwego mpuzamahanga; u Rwanda ntirwaterereye aho, hafashwe umwanya wo […]Irambuye

DRC: Indege zitagira abapilote zizatangira gukoreshwa mu mezi abiri

Umuryango w’Abibumbye uritegura kohereza indege 3 zitagira abapilote, (drones) mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwgo rwo gushyigikira ingabo za ONU 20 000 zishinjwe kubungabunga amahoro. Umuyobozi w’ingabo ukuriye ubutumwa bw’amahoro muri Congo Lt.Gen Carlos Alberto Dos Santos Cruz aremeza ko kuva mu kwezi kwa Nzeri izo Drones zizaba zatangiye gukoreshwa. Uko […]Irambuye

Zidane niwe uzungiriza Carlo Ancelotti

Zinedine Yassin Zidane niwe ugomba gufasha Carlo Ancelotti nk’umutoza wungirije muri Real Madrid. Ibi byatangajwe na Ancelotti kuru uyu wa gatatu ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru i Santiago Barnabeu. Ancelotti ati “yashatse kugira uruhare mu gutoza ikipe ya Real Madrid kandi najye biranshimishije cyane gukorana nawe, azaba umwungiriza mwiza” Zinedine Zidane w’imyaka 41 kuva mu mwaka […]Irambuye

en_USEnglish