Month: <span>May 2011</span>

Mugenzi na Musonera ntawushaka kubica – Leta y’u Rwanda

Mw’itangazo leta y’u Rwanda yashize ahagaragara kuri http://www.gov.rw/Government-statement-in-response-to-false-allegations-about-safety-of-Rwandans-in-UK,268 yahakanye yivuye inyuma gushaka kwica Murenzi Rene na Musonera Jonathan  baba mu bwongereza bavuga ko batavuga rumwe na leta. Mugenzi na Musonera bavuga ko baburiwe Ni nyuma y’aho Police mu Bwongereza iburiye Rene Mugenzi (Umuhungu wa Justin Mugenzi wabaye Ministre w’ubucuruzi n’inganda muri leta y’abatabazi) na Musonera […]Irambuye

Ba Mayors bose mu mahugurwa i Gashora

Kuva kuri uyu wa 23/05/2011 nibwo abayobozi b’uturere (Mayors) bose bo mu Rwanda bari guhugurwa I Gashora muri La Palisse n’abanya SINGAPOLE  mu rwego rwo kurushaho kubaka uboyobozi.minisitiri y’ubutegetsi bw’iguhugu. Ba Mayors bakurikiye isomo ry’abanya Singapole/ Photo umuseke.com Aya mahugurwa azageza  3/6/2011 azahugura aba bayobozi b’uturere twose  kubirebana na  Leadership Developpement Management for Local Governement, […]Irambuye

Inyama y’inka ngo ni roho ya muntu

Mu Buhinde hari imiryamgo y’abantu itarya inyama y’inka kuko  imyemerere yabo  ibumvisha yuko inka atari inyamaswa gusa, ahubwo  ko umuntu wese wapfuye, roho ye izukira mu nka. Imbonekarimwe y’inka ku bahinde ngo ni roho z’abapfuye Bamwe mu Bahinde bize bakomoka mu bwoko bw’abemera ko kurya inyama y’inka ari ukurya roho z’abantu bapfuye bavuga ko n’ubwo […]Irambuye

Obama yagiye i Londres bwangu kubera ikirunga

Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP), aravugako Perezida wa Leta zunzeubumwe z’Amerika, Barack Obama yavuye mu gihugu cya Irlande yasuraga, akerekeza i Londres mu bwongereza mu ijoro ryo kuri uyu wambere. Obama na Madamu Michelle i Dublin Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wo mu nzu perezida w’Amerika akoreramo, ngo byaribiteganyijwe ko Obama azajya mu bwongereza kuri […]Irambuye

U 17: Rusingizadekwe yemewe na MRI

Amavubi ntazajya Poenix (Arizona) bazajya Taos (New Mexico) USA Ku kuri uyu wa kabiri icyuma gipima imyaka MRI cyemeye ko myugariro Jean Marie Rusingizandekwe yemerewe na kiriya cyuma gipima imyaka y’abakinnyi kuba yakinira ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17. Bayisenge Emery captain wa Equipe aba ari imbere Kuri uyu mugoroba kandi ahagana saa sita z’ijoro […]Irambuye

Bantera ubwoba ngo ndirimba politiki

Batangiye kuntera ubwoba ngo ndirimba politiki – Proffessor Nigga Umuhanzi Karasira Aimable uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Professor Nigga, aratangaza ko muri iyi minsi yaba atagikunda kwigaragaza kuko ngo umutekano we utameze neza. Pofessor Nigga, ubu uca agahigo kuba ari we mwarimu wigisha muri kaminuza uririmba mu njyana y’ubu, avuga ko hari bamwe mu barimu […]Irambuye

Guhanahana amakuru, kongera umusaruro.

Guhanahana amakuru  ku buhinzi, imwe mu nzira yo kongera umusaruro mu karere k’afrika y’uburasirazuba KIGALI-Ibi ni ibivugwa n’umuryango ukora ubushakashatsi muby’ubuhinzi mu bihugu 10 birimo n’urwanda ( Assocition for strengthening Agricutural Research in Eastern and Central Africa Asareca ). Uyu muryango wibumbiyemo abashakashatsi batandukanye baturuka mu bihugu bitandukanye bigize umuryango w’afrika y’iburasirazuba, uravugako nyuma yo gusanga […]Irambuye

Naason ntiyishimiye Salax Awards 2010

Naason ntiyishimiye uko Salax Awards 2010 yagenze Nyuma yaho Ikirezi Group, itsinda rishinzwe gutegura ibirori byo guhemba abahanzi bitwaye neza, Salax Awards, rimurikiye abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2010 bakanahabwa ibihembo, umuhanzi mu njyana ya R’nB/Pop, Naason, aratangaza ngo atishimiye uburyo Salax Awards 2010 yagenze. Ibi Naason abivuze nyuma yaho ikiciro yari arimo cy’umuhanzi […]Irambuye

U17-I Frankfurt mu budage yatsinze 3-1

Mugihe biteganijwe ko ikipe y’amavubi y’abaterengeje imyaka 17 izamara icyumweru mu Budage mu myitozo yayo yanyuma mbere yuko yerekeza muri Mexique, mu mikino yanyuma y’igikombe cy’isi, kumunsi wayo wa kane mubudage, iyi kipe ku isaha ya 11.30 yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe yitwa Koln U18 yari uruvangavange rw’abafite 16, 17, 18 ndetse n’abafite 19 kuri […]Irambuye

Uganda- Rabadaba mu buruko!

Umuhanzi w’icyamamare mu gihugu cya Uganda witwa Faisal Sseguya umenyerewe kw’izina rya Rabadaba ukunzwe cyane muri East Africa kubera indirimbo ze ndetse n’izo yagiye akorana n’abandi bahanzi tukabibutsa ko hari niyo yakoranye n’itsinda rya Urban Boys rya hano mu Rwanda ubu ari mu buroko aho acyekwaho gushaka guhitana umuntu amuteye icyuma akaba yarabikoreye undi muhanzi […]Irambuye

en_USEnglish