Month: <span>May 2011</span>

Inzitizi zo kugera k’ubumwe n’ubwiyunge

Nkuko bitangazwa na komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge, Ubukene ndetse n’imyumvire ni bimwe mu bibazo bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge Iyi komisiyo ikaba ivugako ibikorwa by’ubukangurambaga k’ubumwe n’ubwiyunge, ko  bikwiriye gushyirwamo ingufu kugirango ubumwe n’ubwiyunge bugerweho. Ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda bugaragarira mu bikorwa ndetse n’imibanire by’abanyarwanda. sibyo gusa kuko hiyongeraho n’inyigisho zigenewe abanyarwanda ibi ngo  bigasuzumirwa ku mibanire y’ abacitsekwicumu […]Irambuye

APR yaba iri kuzitira Haruna kujya i Burayi?

Mu gihe haciye iminsi bivugwa ko umukinnyi haruna Niyonzima ashobora kwerekeza mu gihugu cy’Ububiligi gukora igeragezwa ry’icyumweru kimwe mu ikipe ya Lokeren mu cyiciro cya mbere, ubu biri kuvugwa ko APR ifite uruhare mu gutuma uyu mukinnyi abura impapuro z’inzira (Visa) kugirango abone ubwambuka amazi magari agana i burayi. Byanze ngo yakwigira muri Yanga Africans […]Irambuye

Mike Tyson no kubyina Salsa ni intyoza

Iki gihangange mu mukino wa Box cyaraye kemeje abantu ko kitazi gutera amakofio gusa ubwo yerekaga abantu ubuhanga bwe mu kubyina injyana ya Salsa. Tyson w’imyaka 44, hari igihe yafatwaga nk’umugabo mubi kurusha abandi kw’isi “Baddest Man on the Planet” yibukirwa ku bintu bibi byinshi; mu 1992 yafunzwe kubera gufata ku ngufu umukobwa, naho mu […]Irambuye

Chelsea umukobwa w’amabere manini kw’isi

Yitwa Chelsea Charms ni we ufite amabere manini kurusha abandi ku isi. Afite uburebure bwa metero 1,60 gusa. Akaba yarageze kuri uru rwego rwo kugira amabere aruta ayandi ku isi akoresheje imiti ibyimbisha amabere ku buryo buhoraho “Polypropylene String Breast Implants”. Chelsea amasutiye yambara arayakoresha Chelsea Charms avuga ko yatangiye gukoresha iyi miti ituma amabere […]Irambuye

Urutonde rwa FIFA rumaze gusohoka:U Rwanda rwijajaye!

Kuri iki gicamunsi cyo kuwa 18 gicurasi nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryashyize ahagaragara uko amakipe y’ibihugu akurikirana muri uku kwezi kwa gicurasi. Nkuko bigaragara, u Rwanda rwaje ku mwanya wa 122 ku rwego rw’isi ndetse no ku mwanya wa 32 ku rwego rwa Afrika bityo rero,ugereranije n’ukwezi gushize, u Rwanda rwazamutseho umwanya […]Irambuye

Salax Awards- itora rigeze kuki?

Nkuko amatora akomeje ya  salax awards  umunota ku munota abakunzi baba candida muri salax bakomeza kubatora  dore uko amajwi ahagaze ku www.umuseke.com muri buri cyiciro kuri buri mwanya. BEST ALBUM Niwe Mesiya ya Nyamitari 27.23% (61 votes) Impinduramatwara ya Riderman 41.52% (93 votes) Umugisha ya King James 12.95% (29 votes) Ifaranga ya Kitoko                                      3.84%(31 votes) […]Irambuye

Huye: Abahoze mu buraya ntiborohewe.

Nyuma y’aho imiryango nterankunga  yahagaritse gufasha abavuye mu mwuga w’uburaya bo mu murenge wa Tumba ho mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo, abahoze ari indaya bo muri uyu murenge bibumbiye muri koperative ABIYEMEJE GUHINDUKA barasaba leta kubafasha mu mibereho yabo bavuga ko ubu itaboroheye. Abagore n’abakobwa basaga 60 bakoraga umwuga wo kwicuruza umenyerewe nk’uburaya […]Irambuye

Dominique Strauss-Kahn yeguye ku mirimo ye

Umuyobozi mukuru wa FMI, Dominique Strauss-Kahn, kuri iki cyumweru yari akurikiranywe ho ibirego bitatu aribyo : gushaka gufata ku ngufu,  guhohotera  no gushimuta  yafatiwe i New York nyuma yo gusambanya umukozi wo muri hoteli yitwa Sofitel hotel. Amaze kubona ibyaha akurikiranweho, yahisemo gufata icyemezo twakita icya kigabo, asezera ku mirimo ye yakoraga muri iki kigega mpuzamahanga […]Irambuye

Tottenham Hotspurs 0 – 0 Rwanda U17

Amakuru dukesha abari kumwe n’ikipe y’amavubi U 17 i Londres mu bwongereza n’uko yanganyije ubusa ku busa n’ikipe ya Tottenham Hotspurs U19. Ni umukino wabaye ku gicamusi cya hano mu Rwanda, I Londres hari saa saba, Ikipe ya Tottenham ikaba ifite abakinnyi babiri mw’ikipe y’igihugu yabongereza U20. Ikipe y’u Rwanda ikaba iri gukora imyitozo yanyuma […]Irambuye

Mega watts 90 zigiye kuvanwa ku Rusumo

Ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzaniya ku Rusumo ku munsi w’ejo habereye inama yahuje ubuyobozi bw’Intara y’iburasirazuba, abayobozi ba Minisiteri y’ibikorwa remezo yo mu Rwanda ndetse n’iya Tanzaniya bagezwaho igishushanyombonera cyo kubyaza ingufu z’amashanyarazi muri uyu mugezi. Engeneers bamurikira Gouvernor na Ruhamya igishushanyo mbonera Sosiyete y’abayapani Grant Aid Project, ikaba ariyo igiye gutangira ibyo […]Irambuye

en_USEnglish