Month: <span>May 2011</span>

Africa-Uburezi buri mu bihugu bikennye

Ibihugu bikennye cyane muri africa nibyo byita ku burezi bw’abana N’ubwo ibihugu bigize umugabane w’Afurika byiyemeje guharira inzego zifite aho zihuriye n’imibereho myiza y’abana igice k’ingengo y’imari bikoresha, icyegerenyo cy’ACPF(African Child Policy Forum) kiragaragaza ko amafaranga agenerwa inzego zita ku mibereho myiza y’abana adahagije. ACPF, mu bushakashatsi yakoze guhera 2006-2008 ku mikorere y’ibihugu 52 muriAfurika, […]Irambuye

Insigamigani: Yaje nk’iya Gatera

Mu Rwanda dukunze kumva hirya no hino baca umugani bagira bati : « Yaje nk’iya Gatera. » Uwo mugani rero bawuca iyo babonye umuntu ukora ibintu ahubutse, atabanje kubitekerezaho cyangwa bakabona umuntu waguwe gitumo bati icyagukoze ibyo cyaje nk’iya Gatera. Nyamara nubwo uwo mugani ukunze gukoreshwa usanga inkomoko yawo iba itazwi n’abawukoresha. Umuseke.com wabateguriye ku buryo burambuye uyu mugani […]Irambuye

Ababashyigikiye bose bakoze ibyaha

Amnesty International : “Abashyigikiye Gbagbo na Ouattara, bose bakoze ibyaha” Kuri uyu wa gatatu tariki 25 Gicurasi Amnesty International, umuryango mpuzamahanga urengera uburenganzira  bwa muntu  wasohoye  raporo kuri Cote d’ Ivoire. Muri iyi raporo,  Amnesty International ukaba watangaje ko ufite  ubuhamya  bwinshi bugaragaza impfu nyinshi zakurikiye  amatora muri Côte d’Ivoire. Impande zombi z’ Abashyigikiye Gbagbo na […]Irambuye

Itorero CELPAR:Kwishyuza abifuza gufashwa

MUHANGA: Itorero CELPAR ririshyuza abifuza gufashwa na Compassion Mu karere ka Muhanga, ababyeyi barinubira uko bari kwakwa amafaranga 1000 n’itorero CELPAR ngo rishyire abana babo mu mushinga Compassion ngo babarihire amashuri. Uku kutavuga rumwe rero kwatangiye ubwo iri torero ryatangiye kwandika abana batishoboye bo mu karere ka Muhanga kugirango barihirwe amashuri  bagasabwa rero amafaranga 1000 […]Irambuye

Faysal muri Guma Guma Super Star

Bamwe mubabonye  umuhanzi Faysal Ngeruka i Karongi  muri GUMA GUMA SUPER STAR bibajije impanvu yagaragaye kuri stage aririmba LIVE MUSIC kandi mu makuru bari bafite bari baziko kuririmba live music bitari byatangira muri  tournoi  ya GUMA GUMA SUPER STAR. Ibyo  rero bikaba byaratumye Umuseke.com twegera umuhanzi Faysal Ngeruka ngo atubwire ndetse n’abafana bamenye impamvu yabyo. […]Irambuye

Banki y’isi igeneye akayabu Misiri na Tunisia

Mu itangazo  ryashyizwe ahagaragara kuri uyu  wa kabiri, banki y’isi iratangaza ko igiye kugenera miliyari 6 z’ amadolari y’ Amerika  igihugu cya Misiri na Tuniziya. Gusa ngo iyi nkunga ikaba yazakirwa n’ ibi bihugu mu gihe cyose ibi bihugu byaba bizanye impinduka ifatika mu bya politiki  no mu by’ ubukungu. Misiri ikaba yaragenewe  miliyari 5 […]Irambuye

Imyigaragambyo yahinduye isura

Ouganda – Imyigaragamyo, abayobozi bashya ku rundi ruhande. Nandala Mafabi ni we watorewe kuyobora  ku badepite baserukiye abatavuga rumwe na leta iyobowe na Presida Museveni, aho yazibye icyuho cyatejwe na Nandala Mafabi  nyuma yo gutsindwa  mu matora y’abadepite aheruka ku itariki 18/2/2011 Ikinyamakuru The New Vision gisohoka buri munsi muri Uganda, kuri uyu wa gatatu […]Irambuye

Mazembe igiye guha abakinnyi Anderlecht

Kaluyituka Dioko na Patou Kabangu bazagenda vuba Ni nyuma y’uko umuherwe Moïse Katumbi yatumiye mugenzi we Herman van Holsbeeck uyobora ikipe ya Anderlecht yo mu Bubiligi, mu biganiro byari bigamije gutsura umubano hagati y’amakipe yombi hagati muri uku kwezi. Patou Kabangu na Alain Kaluyituka Dioko niba bazagenda vuba aha Bakaza no kwanzura ku buryo bwafasha […]Irambuye

Udushya muri Primus Guma Guma

Mu irushanwa rya BRALIRWA ryitwa GUMA GUMA superstar ubungubu urwego rigezemo ni urwo kuzenguruka mu gihugu hose, abahanzi bigaragariza abakunzi babo nimuri izo concert rero twabatohorereje amafoto amwe namwe yerekana  udushya abahanzi bagenda bakora . Plaisir Muzogeye umuseke.comIrambuye

Kurinda abana kuvukana SIDA burundu

KIGALI- Umushinga  ugamije kurandura burundu ubwandu bwa virusi itera sida umwana yanduzwa n’umubyeyi mu giihe avuka, ni igikorwa cyatangijwe na Jeannette Kagame Madamu wa Perezida wa Repuburika. Uyu mushinga ukaba tariki 12 uku kwezi waratangije igikorwa cyo kurushaho gukangurira abaturarwanda kwitabira iyi gahunda izafasha ababyeyi batwite kwisuzumisha mu rwego rwo kumenya uko bahagaze n’uko barinda […]Irambuye

en_USEnglish