Tags : USA

Huye: Ambasaderi wa USA yahaye impamyabumenyi abize gusoma bakuze 614

Kuri uyu wa kane Ambasaderi Erica Barks-Ruggles wa USA mu Rwanda hamwe na Guverineri Alphonse Munyantwali w’Intara y’Amajyepfo batanze impamyabumenyi mu gusoma no kwandika ku babyize bakuze bo mu karere ka Huye bagera kuri 614 bose hamwe. Guverineri Munyantwali avuga koi bi bigaragaza umubano mwiza w’Amerika n’u Rwanda. Aba ni abasoje ikiciro cya gatandatu cy’aya […]Irambuye

Ifumbire mvaruganda nta kibazo iteza ubutaka – Min Mukeshimana

*Abaturage ntibavuga rumwe ku kamaro k’ifumbire mvaruganda, *Hari abavuga ko iyo uyikoresheje ukeza, ubutaha ushobora kurumbya, *Iyi fumbire ngo nta kibazo itera ahubwo isaba ko uwayikoreshe akomeza akuyikoresha. Mu Rwanda, gukoresha ifumbire mvaruganda ntibikunze kuvugwaho rumwe mu bahinzi, ari abavuga ko yica ubutaka, gusa Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, kuri uyu wa mbere tariki 15 Gashyantare, yabwiye […]Irambuye

USA: Obama yavuze ku muziki wa Rap w’abahanzi Kendrick na

Perezida wa Leta zinze ubumwe za Amerika (USA) Barack Obama yabwiye umunyamakuru mu kiganiro cyitwa YouTube Q&A wari umubajije uwo akunda mu bahanzi b’injyana ya RAP bakomeye muri iki gihe muri USA, asubiza ko yemera ko Drake ari umuhanga ariko ngo ntiyahiga Kendrick Lamar. Yagizi ati: “Ntekereza ko Drake ari umuhanzi mwiza uzi gukora imirongo […]Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yasubije Trump wavuze ko azamufungana na Museveni

*Trump yabanje kuvuga ko Perezida Mugabe na Museveni, natorerwa kuyobora Amerika azabafata akabafunga kuko batinze ku butegetsi, *Mugabe ntiyariye iminwa mu gusubiza, yise Trump “a madman” (umusazi), kandi akaba “umwuzukuru wa Hitler”, *Mugabe yavuze ko ibyo kumufungana na Museveni bitashoborwa n’uwo ariwe wese, Abanyafurika ni “Ibihanganjye ku Isi,  Ntibatinya”. * Trump arashaka guteza Intambara ya […]Irambuye

U Burusiya bwohereje ubwato bw’intambara mu nyanja ya Mediteranee

Kuri uyu wa Kabiri Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya Vladimir Putin yavuze ko kuba Turikiya yararashe indege y’intambara y’iki gihugu kandi yari iri mu kirere cya Syria ari nko ‘Kubacumita icyuma mu mugongo’. Perezida w’U Burusiya yahise asaba ko ubwato bunini bw’intambara bujya mu Nyanja ya Mediteranee bwikoreye indege z’intambara n’ingabo mu rwego rwo kwitegura urugamba. […]Irambuye

USA: Ifoto ya Donald Trump uhatanira kuba Perezida yashyizwe ku

Umukandida wo mu cyiciro cya mbere mu Ishyaka ry’Abarepubulika, umuherwe Donald Trump ashobora gutakaza abayoboke nyuma y’aho Uruganda rw’Umunyakenya rwitwa Tycoon rukoreye agakingirizo (condom) kariho ifote ye. Donald Trump ari mu bibazo nyuma y’amagambo yatangaje asuzugura Aburabura n’abantu bakomoka muri Amerika y’Epfo (Hispanics) by’umwihariko ababa muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Mu bikorwa bye byo […]Irambuye

STARTUP GRIND ihuriro rya ba rwiyemezamirimo ku isi ryatangijwe no

Kakiru – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane KLab kubufatanye n’ikigo RDB na Ambasade ya Amerika i Kigali batangije mu Rwanda ihuriro (Global Network) rya ba rwiyemezamirimo ku isi rigamije kwigishanya, kuba intangarugero no guhuza ba rwiyemezamirimo bakomeye cyane n’abakizamuka. Iri huriro ubu riba mu bihugu 80 ku isi, u Rwanda rukaba uyu munsi […]Irambuye

Ushinzwe ubutabera bwa USA yasuye u Rwanda aganira na Min

Mme Loretta Lynch umuyobozi ushinzwe ubutabera muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu mugoroba yageze i Kigali ahita agirana ibiganiro na Minisitiri w’ubutabera w’u Rwanda Johnston Busingye ku kicaro cy’iyi Minisiteri ku Kimihurura. Mu byo baganiriyeho harimo kubaka ubufatanye no gukurikirana abasize bakoze Jenoside mu Rwanda bakihishe hirya no hino ku isi. United States Attorney […]Irambuye

U Rwanda rwamenywe ku byiza byinshi nyuma yo kumenywa ku

*Umuganda ni umwanya wo gukorera hamwe, no kurinda ibyagezweho, *U Rwanda rwamenyekanye ku izina ribi mu myaka 21 ishize, ubu ruzwiho ibindi bikorwa byiza, *Ubuzima bwiza bugomba kujyana no gukora Siporo, Mu muganda wo gutera ibiti ku musozi witwa Bwiza bwa Gasogi, uherereye mu mudugudu wa Ruhangare, mu kagari ka Bwiza mu murenge wa Ndera, […]Irambuye

Ubwenegihugu bubiri na 30% igenerwa abagore byateje impaka mu Nteko

Ubwo hatorwaga ingingo ku yindi muri 172 ziri mu mushinga mushya w’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, abadepite batandukanye bagaragaje kutumva kimwe n’uko ingingo ya 28 ivuga ku bwenegihugu nyarwanda yanditse ndetse n’iya 77 ivuga uko abagore bahabwa amahirwe 30% mu kazi n’imyanya ifata ibyemezo muri Leta. Ubwo uyu mushinga uzashingirwaho Itegeko Nshinga rizagenderwaho mu […]Irambuye

en_USEnglish