Tags : Rwamagana

Abaturage bakoze ku muhanda Rwamagana-Karembo barasaba kwishyurwa

Akarere ka Rwamagana – Abaturage basaga 300 bakoze mu mirimo yo kubaka umuhanda Rwamagana – Karembo barasaba Leta kubishyuriza amafaranga ngo asaga Miliyoni umunani z’amafaranga y’u Rwanda bambuwe na Kompanyi yabakoreshaga yitwa J.U.V.E.N.C-BUILDING AFRICA, ngo bamaze hafi imyaka ibiri batarabona amafaranga bakoreye. Aba baturage bishyuza amafaranga barimo abatangiye gukorana mu kwezi kwa Kamena 2014. Kugeza […]Irambuye

Rwinkwavu: Umugabo yateye umugore we icyuma mu myanya y’ibanga

Mu mudugudu wa Byimana, akagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu, akarere ka Kayonza, haravugwa umugore witwa Solange watewe n’umugabo we icyuma mu gitsina ku bw’amahirwe ararusimbuka, uyu mugabo witwa Bihoyiki w’imyaka 30 y’amavuko yaburiwe irengero kugeza na n’ubu. Ubuyobozi bw’ibanze muri aka gace burasaba uwo ari we wese wabona Bihoyiki Paulo ko yamenyesha inzego […]Irambuye

Rwamagana: Akarere kateguye ‘marathon’ yo gushaka impano nshya

Nyuma yo gutera imbere mu mukino w’amagare, Akarere ka Rwamagana, ku bufatanye n’umuryango w’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi (AVEGA) kateguwe irushanwa ryo gusiganwa ku maguru “Rwamagana Marathon” mu rwego rwo gushaka impano z’abakiri bato muri uyu mukino. Mutangana Olivier, ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rwamagana yatubwiye ko mu irushanwa bategura hateganyijwemo ibyiciro bitandukanye […]Irambuye

Kayonza: Abaturage barashinja akarere kubaka nabi agakiriro bikabateza igihombo

*Imyaka itatu irirenze abaturage baranze gukorera muri ako gakiriro, ubu katangiye kwiyasa imitutu, *Hirengagijwe bimwe mu by’ingenzi bikenerwa mu gakiriro, abaturage banze kugakoreramo. Abaturage bakora ibikorwa by’ubukorikori mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’ibihombo baterwa n’itinda ry’isozwa y’imirimo y’inyubako y’agakiriro bagomba gukoreramo ubucuruzi bwabo mu buryo burambye, ibi ngo biterwa […]Irambuye

Bamwe ntibashira amakenga igitinza ibizamini by’akazi kugera aho bikorerwa

*Abakoze ikizamini cy’akazi i Kayonza, bagombaga gutangira saa tatu, bigera saa sita n’igice ikizamini kitaratangira, *Ikizamini cyakorewe i Rwamagana cyakerereweho amasaha atatu, i Kirehe cyakererewe amasaha hafi ane *Gukerererwa kw’ikizamini, ngo bigira ingaruka ku bantu bari bugikore Mu Rwanda abakora ibizamini by’akazi barinubira ko ku munsi w’ikizamini ahenshi abateguye ibyo bizamini babibagezaho byakererewe, bakaba badashira […]Irambuye

Umwanda w’ikimoteri kiri mu isoko rya Nyagasambu ubangamiye abarirema

*Icyo kimoteri ni cyo cyonyine gishyirwaho imyanda, yarenze ubushobozi bwayo haba hanuka, *Bamwe mu bacuruzi bakirambikaho ibicuruzwa nk’imyenda, *Mayor wa Rwamagana avuga ko hari umugambi wo gukemura icyo kibazo burundu, ariko nta gihe ntarengwa, *Isoko rya Nyagasambu ngo hari gahunda yo kuryagura ahubakiye hakaba hagari. Mu cyumweru gishize Umuseke wasuye isoko rya Nyagasambu, abaturage baricururizamo […]Irambuye

Inka ye yariwe n’abayobozi, umwaka urashize bidegembya

*Iyi nka Nyirahabimana yayihawe muri gira inka *Yayimaranye imyaka itatu ayitaho, irabyara aritura, nyuma iza kurwara irapfa abayobozi barayigurisha *Veterinaire w’umurenge n’umuyobozi w’umudugudu nibo ashinja kugurisha inyama zayo. Iburasirazuba – Umuturage wo mu kagari ka Sibagire mu mudugudu wa Kamanga mu karere ka Rwamagana avuga ko inka ye yahawe na Perezida Paul Kagame, gusa ngo […]Irambuye

“N’i Nyagasambu rirarema” ubu riremera ku zuba n’imvura

*Isoko rya Nyagasambu rizwi cyane mu amateka no mu ndirimbo ya Jean Christophe Matata *Abarirema bavuga ko rifunganye, abandi bacururiza ku zuba imvura yagwa bakazinga ibyabo *Abacuruzi bavuga imisoro batanga yakwiye kububakira isoko nibura bisanzuramo Rwamgana – Ni isoko rizwi cyane mu Rwanda kubwo kubw’imvugo yamamaye ngo “N’i Nyagasambu rirarema” ngo biva ku kuba cyera […]Irambuye

Menya ubuvumo butangaje bwa Samatare i Rwamagana

*Ni ubuvumo bwahishe umwami ku rugamba *Ngo aho burangirira munsi y’ubutaka hari ikiyaga *Ni ahantu bamwe ngo bajya guhurira n’Imana Ubuvumo bwa Samatare buherereye mu karere ka Rwamagana Umurenge wa Gahengeri, Akagari ka Kagezi, Ni ubuvumo burebure kuburyo n’ahabatuye batazi uko bureshya ndetse abo twahasanze bose bavuze ko batazi uko bwabayeho. Buri mu musozi w’amabuye […]Irambuye

en_USEnglish