Iburasirazuba – Inkongi y’umuriro itaramenyekana icyayiteye yafashe amaduka agera ku munani ku mugoroba wo kuri uyu wa 1 Ukwakira ahagana saa moya n’igice z’ijoro, aya maduka aherere mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro. Polisi, abaturage n’ingabo bariho bafatanya kuzimya uyu muriro wari umaze kuba mwinshi ariko ubarusha imbaraga. Amazu y’ubucuruzi y’uwitwa Murenzi niyo uyu […]Irambuye
Tags : Rwamagana
Iburasirazuba – Amakimbirane ya hato na hato avugwa mu ngo amenshi ngo aturuka ku bwumvikane bucye bushingiye ku kutuzuzanya mu bikorwa ndetse no kutumva neza ihame ry’uburinganire hagati y’abashakanye. Muri Gahunda yiswe “Bandebereho” abagabo bo mu karere ka Rwamagana bavugako bigishijwe kandi bakabona ko nibabana mu bwuzuzanye n’abo bashakanya batazongera guhora mu makimbirane n’abagore babo. […]Irambuye
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Odette Uwamariya yishimira ko yagize Uturere tune twagaragaye mu 10 twa mbere twesheje imihigo kurusha utundi mu gihugu, ariko kuba hari uturere tubiri twabaye utwa nyuma (Gatsibo na Rwamagana) ngo biragaragaza ko hakiri byinshi byo gukosora, ndetse ngo utwo turere twombi tugiye gushyirwaho imbaraga zihariye kugira ngo natwo tuzamuke. Perezida Paul Kagame ubwo […]Irambuye
Polisi y’u Rwanda yongeye gufata umwanya wo gukangurira abantu kwirinda kugwa mu byaha bitandukanye, birimo icyo gufata abana n’abagore ku ngufu, kuko bigira ingaruka nyinshi kuwagikorewe ndetse no kuwagikoze, harimo kwangirika kw’imwe mu myanya ndangagitsina, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina harimo na Sida n’izindi ngaruka zitandukanye. Polisi iraburira abantu nyuma y’aho kuri uyu wa […]Irambuye
i Rwamagana, Akiwacu Colombe Nyampinga w’ u Rwanda 2014, kuri uyu wa 21 Mata yifatanyije n’abana bagera kuri 43 barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari mu muryango bise ‘Unity Family’ mu kwibuka abana bishwe mu 1994. Ku nshuro ya 20 u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma y’icyumweru cyo kwibuka ku rwego […]Irambuye
Kuwa 20 Werurwe Nyiramahirwe Esther wigaga mu ishuri ribanza rya Akanzu Primary school rihererye mu mudugudu wa Cyerwa, akagari k’Akanzu ho mu karere ka Rwamagana yitabye Imana nyuma yo gukubitwa umugeri na mugenzi we (imyaka ye ntituma atangazwa amazina) biganaga bapfuye ikaramu. Ahagana mu masaha ya saa tatu za mugitondo nibwo kuri iki kigo cy’amashuri […]Irambuye