Tags : Rwamagana

Rwamagana: Inkongi y’umuriro yafashe amaduka agera ku munani

Iburasirazuba – Inkongi y’umuriro itaramenyekana icyayiteye yafashe amaduka agera ku munani ku mugoroba wo kuri uyu wa 1 Ukwakira ahagana saa moya n’igice z’ijoro, aya maduka aherere mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro. Polisi, abaturage n’ingabo bariho bafatanya kuzimya uyu muriro wari umaze kuba mwinshi ariko ubarusha imbaraga. Amazu y’ubucuruzi y’uwitwa Murenzi niyo uyu […]Irambuye

Rwamagana: Abagabo baremeza ko nta makimbirane mu ngo akibaranga

Iburasirazuba – Amakimbirane ya hato na hato avugwa mu ngo amenshi ngo aturuka ku bwumvikane bucye bushingiye ku kutuzuzanya mu bikorwa ndetse no kutumva neza ihame ry’uburinganire hagati y’abashakanye. Muri Gahunda yiswe “Bandebereho” abagabo bo mu karere ka Rwamagana bavugako bigishijwe kandi bakabona ko nibabana mu bwuzuzanye n’abo bashakanya batazongera guhora mu makimbirane n’abagore babo. […]Irambuye

Gatsibo na Rwamagana tugiye kuhakurikirana byihariye – Gov. Uwamariya

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Odette Uwamariya yishimira ko yagize Uturere tune twagaragaye mu 10 twa mbere twesheje imihigo kurusha utundi mu gihugu, ariko kuba hari uturere tubiri twabaye utwa nyuma (Gatsibo na Rwamagana) ngo biragaragaza ko hakiri byinshi byo gukosora, ndetse ngo utwo turere twombi tugiye gushyirwaho imbaraga zihariye kugira ngo natwo tuzamuke. Perezida Paul Kagame ubwo […]Irambuye

Muri Week End abagabo 4 bafashwe bakekwaho gufata abana ku

Polisi y’u Rwanda yongeye gufata umwanya wo gukangurira abantu kwirinda kugwa mu byaha bitandukanye, birimo icyo gufata abana n’abagore ku ngufu, kuko bigira ingaruka nyinshi kuwagikorewe ndetse no kuwagikoze, harimo kwangirika kw’imwe mu myanya ndangagitsina, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina harimo na Sida n’izindi ngaruka zitandukanye. Polisi iraburira abantu nyuma y’aho kuri uyu wa […]Irambuye

Rwamagana: Ikaramu yatumye umwana yica mugenzi we

Kuwa 20 Werurwe Nyiramahirwe Esther wigaga mu ishuri ribanza rya Akanzu Primary school rihererye mu mudugudu wa Cyerwa, akagari k’Akanzu ho mu karere ka Rwamagana yitabye Imana nyuma yo gukubitwa umugeri na mugenzi we (imyaka ye ntituma atangazwa amazina) biganaga bapfuye ikaramu. Ahagana mu masaha ya saa tatu za mugitondo nibwo kuri iki kigo cy’amashuri […]Irambuye

en_USEnglish