*Kwimurwa babimenyeshejwe muri Werurwe 2013; muri Mata batangira kubarirwa *Aho babariwe ngo bimurwe hazubakwa ikigo cya gisirikare *Metero Kare imwe bayibariwe kuri 250Fwr; *Abatarishyurwa ngo basaga 150, amarira ni yose… *Barataka inzara n’ubukene; bamwe inzu zishobora kubagwira kuko batemerewe gusana Rwamgana – Abaturage bo mu midugudu itatu yo mu murenge wa Mwurire batarishyurwa ingurane y’imitungo […]Irambuye
Tags : Rwamagana
Mu isiganwa rya ‘Rwanda Cycling Cup’ ryitabirwa n’abakinnyi b’imbere mu gihugu, Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya kabiri ryabaga mu mpera z’iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 18 Ukwakira, abasiganwa bahagurutse i Rwamagana bagera i Huye Bosco Nsengimana ari we ubayoboye akoresheje amasaha 5 iminota 9 n’amasegonda 41. Ku ntera ya km 166, abasiganwa bahagurutse i […]Irambuye
Ubujura bw’inka n’andi matungo ni kimwe mu byaha bivugwa mu karere ka Gatsibo ndetse bwambukiranya bukagera na Rwamagana. Umukwabo wabaye mu ijoro ryo kuwa 12 Ukwakira wafashe abakekwaho icyaha cy’ubujura bw’inka bagera kuri 27, bamwe ngo banafatanywe ibihanga by’inka bahise babaga nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo. Ubu bujura bw’inka ngo buvugwa cyane mu mirenge […]Irambuye
Amarushanwa y’abakinnyi b’imbere mu gihugu bakina umukino wo gusiganwa ku magare ‘Rwanda Cycling Cup 2015’ arakomeza mu mpera z’iki cyumweru hakinwa uduce tubiri twa Nyagatare –Rwamagana na Rwamagana-Huye. Aya marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) azaba kuwa gatandatu no ku cyumweru. Kuri iyi nshuro, abakinnyi bagiye gusiganwa mu nzira zizakoreshwa […]Irambuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu muri Kiliziya ya Paruwasi ya Rwamagana, abantu benshi cyane bari mu gitambo cya Misa yo gusezeraho bwa nyuma kuri Padiri Dominiko Karekezi. Abafashe ijambo bagarutse ku byamuranze; abantu benshi yagiriye neza, abo yafashije kugera ku buzima bwiza, gufasha impfubyi, ubuntu n’amahoro byamurangaga. Karekezi bamusanze mu nzu ye yapfuye […]Irambuye
Uyu mugabo wahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu na APR FC amakuru agera k’Umuseke aremeza ko yamaze kugirwa umutoza mukuru wa Sunrise FC, ikipe y’Intara y’Iburasirazuba iba i Rwamagana. Jimmy Mulisa wavuye muri APR FC mu 2005 akerekeza mu Bubiligi aho yahereye mu ikipe ya Mons akaza gukinira n’andi makipe agera ku icumi mu Burayi na […]Irambuye
18 Nyakanga 2015- ikipe ya Bugesera FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri nyuma yo gutsinda Rwamagana FC ibitego 2-0. Ibitego bibiri by’ikipe ya Bugesera FC byatsinzwe na David Nzabanita ku munota wa 29 na Felix Ngabo ku munota wa 73 nibyo byahesheje umutoza wabo Noah Nsaziyinka igikombe cya shampiyona cy’icyiciro cya kabiri. Nsaziyinka […]Irambuye
Abatuye mu kagali ka Rweru mu murenge wa Munyaga mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba baravuga ko kutagira umuriro w’amashanyarazi bagira uruhare mu gutuma batagera ku iterambere bagasaba ubuyobozi bw’akarere kubibuka na bo bakava mubwigunge. Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwo buvuga ko bitarenze ukwezi kwa kabiri umwaka utaha wa 2016 aba baturage bazaba bagejejweho umuriro […]Irambuye
Ku rwergo rw’igihugu kuri uyu wa 14 Gicurasi 2015 mu murege wa Gahengeri i Rwamagana hatangirijwe ubukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi kubana bari hagati y’amezi 6 na 59. Umwaka ushize 32,7% by’abana bangana gutyo bari bafite ikibazo cyo kugwingira. Ubuyobozi bw’Akarere burasaba ubufasha mu kurandura iki kibazo. Ubu bukangurambaga buri gukorwa ku bufatanye na Minisiteri […]Irambuye
Rwamagana, 08 Mutarama 2015 – Ministri w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harerimana ubwo yasuraga gereza ya Rwamagana kuri uyu wa kane yatangaje ko abayobozi b’amagereza bafunga abantu kandi nta dosiye y’ufunzwe bafite nabo ubwabo bakwiye gukurikiranwa bakabihanirwa. Ni nyuma y’uko bamwe mu bafunze muri iyi gereza bavugaga ko nta dosiye bafite. Abafungiye muri iyi gereza bahawe […]Irambuye