Tags : RNP

AMAKURU: Ubu imashini ni yo izajya yandika “contravention” mu muhanda

*Ntabwo umupolisi azongera gufata permis y’umuntu ngo ayigumane Muri iki gitondo Police y’u Rwanda yamuritse ikoranabuhanga rishya mu kunoza servisi z’umutekano mu muhanda. Ubu buryo bushya buzatuma umupolisi atongera kuba ari we wandikira umushoferi wakoze icyaha ahubwo imashini afite niyo izajya ibikora. Commissioner of Police (CP) George Rumanzi ushinzwe ishami ryo mu muhanda yasobanuriye itangazamakuru […]Irambuye

Rusizi: Yaguwe gitumo atwaye urumogi avuga ko ari umuti wo

Umusore witwa Ndikumana uri mukigero cy’imyaka 23 wo mu murenge wa Bugarama yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 Ugushyingo n’abaturage bo mu murenge wa Gitambi yari agiyemo,  gusa uyu musore yavuze ko yari aje gutanga umuti ku muntu yanze gutangariza abamufashe. Nzirorera utuye mu gace uyu musore yafatiwemo yabwiye Umuseke ko yafashwe bitewe […]Irambuye

Police FC yahagaritse abakinnyi 3 bazira gusuzugura umutoza

Umunsi umwe mbere yo gukina na Bugesera, Police FC yahagaritse abakinnyi batatu; Turatsinze Héritier, Mugabo Gabriel na Isaac Muganza, ibashinja kugumura abandi, no gusuzugura umutoza. Police FC ntiyatangiye neza umwaka w’imikino 2016-17. Muri AS Kigali Pre seasonTournament yasezerewe mu matsinda itsinzwe imikino ibiri, inganyije umwe. Ntiyanatangiye neza shampiyona kuko yatsinzwe na Rayon sports 3-0 mu […]Irambuye

Kicukiro: Ingo 43 zahembewe kwesa umuhigo w’isuku

Ingo 43 zo mu tugari dutandukanye mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro zahembwe bimwe mu bikoresho bibikwamo amazi. Ibi bihembo izi ngo zabihawe nyuma yo kwesa neza imuhigo w’isuku. Iki ni igikorwa cyatewe inkunga n’umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe gukwirakwiza amazi mu baturage (Water for People). Ibikoresho byatanzwe ni ibigega bito bibikwamo amazi bifite agaciro […]Irambuye

Abapolisi 140 barimo abagore 23 bagiye mu butuma bw’amahoro muri

Kuri uyu wa mbere, abapolisi 140 b’u Rwanda berekeje muri Central African Republic (CAR) mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. U Rwanda rwohereje abapolisi muri Central African Republic bagiye gusimbura abandi bari bamazeyo umwaka. Ni icyiciro cya gatatu cy’abapolisi b’Abanyarwanda cyagiye muri iki gihugu kuva aho u Rwanda  rutangiye kubungabunga umutekano yo. Muba […]Irambuye

Kuri ‘Controle Technique’, imodoka zasuzumwaga ku munsi zigiye kwikuba kabiri

Kuri uyu wa 05 Ukwakira, Police y’u Rwanda yagaragaje ibikoresho bishya by’ikoranabuhanga bizifashishwa mu gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga. Police ivuga ko izi mashini zizajya zihutisha iyi mirimo isanzwe ibera ahazwi nko kuri ‘Contrôle Technique’ ku buryo imodoka zisusumirwa kuri iki kigo zigiye kwikuba kabiri zikava kuri 300 zikagera ku ziri hagati ya 500 na 700 ku […]Irambuye

Ibiyobyabwenge ku isonga ry’ibyaha bikorerwa Nyarugenge

*Ibi biyobyabwenge cya ngo birakoreshwa mu rubyiruko, *Ibi biyobyabwenge hari ababona ko byacika Leta ishyizemo imbaraga. Mu karere ka Nyarugenge ibiyobyabwenge ni yo ntandaro y’ibyaha byinshi bihakorerwa, kandi aho biba harazwi ababicuruza n’ababikoresha barazwi ariko ntibihacika. Ku bwa SP Emmanuel Hitayezu, ngo ibiyobyabwenge ni imwe mu nzira ziteme abashaka kubona inyungu zabo bakoresha, bikagira ingaruka […]Irambuye

Ruswa irigaragaza muri Vets Complex ya Nyagatare Campus – Hon

Abadepite ntibashira amakenga imigendekere y’isoko rya miyari 3,7 ryo kubaka inyubako y’abavuzi b’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare aho Kaminuza y’u Rwanda yishyuye rwiyemezamirimo miliyoni 972 nta kazi bigaragara ko yakoze. Ikibazo cy’iyi nyubako yiswe Veterinary Complex (Inyubako igenewe Abavuzi b’amatungo) yahombeje Kaminuza y’u Rwanda amafaranga asaga miliyoni 972, ni kimwe mu bindi […]Irambuye

en_USEnglish