Tags : RNP

Evode Imena wari Minisitiri afungiye Itonesha yakoze akiri umuyobozi

Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Minisiteri y’Umutungo Kamere (MINIRENA) ari mu maboko ya Police kuva kuwa gatanu akurikiranyweho icyaha cy’itonesha yakoze akiri muri izi nshingano. Umuvugizi wa Police y’u Rwanda,  ACP Theos Badege amaze gutangariza Umuseke ko uyu wari umuyobozi afunze kuva kuwa gatanu. ACP Theos Badege yabwiye […]Irambuye

Gicumbi:  Club Anti Kanyanga zigiye gukoreshwa mu gukumira ibiyobyabwenge 

Kuri uyu wa 17 Mutarama 2017 mu karere ka Gicumbi hatangijwe amahugurwa ku nzego zitandukanye, bagamije Kureba uko Club Anti Kanyanga zigomba gukumira iki kiyobyabwenge gikunze kwinjizwa muri aka Karere. Bamwe mu bitabiriye amahugurwa ni abahagariye inzego z’umutekano, abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge yegeranye n’umupaka wa Gatuna wakunze kunyuzwamo kanyanga, abashinzwe imibereho myiza mu mirenge 21 igize […]Irambuye

BrigGen Rwigamba arasaba ibihano bikomeye ku bakoresha ibiyobyabwenge

Mu nama nyunguranabitekerezo ku byaha byambukiranya imipaka n’iby’ikoranabuhanga ibera muri Sena ikaba yagombaga guhuza inzego 47 z’igihugu, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imfungwa n’Abagororwa, BrigGen George Rwigamba yavuze ko abakoresha ibiyobyabwenge bakwiye guhabwa ibihano bibatinyisha kubinywa cyangwa bikabera abandi urugero. Iyi nama yatangijwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza, yatumijwe na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’Umutekano ya […]Irambuye

Police ngo iricuza ku kuba hari umunyamategeko warashwe n’Umupolisi agapfa

Police y’u Rwanda iratangaza ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, umunyamategeko Ntabwoba Toy Nzamwita yishwe arashwe n’Umupolisi nyuma yo kumuhagarika akinangira, ngo agakeka ko ashaka guhungabanya umutekano. Mu butumwa yacishije kuri Twitter, Police ivuga ko yicuza ku kuba uyu munyamategeko bivugwa ko yari yasinze yararashwe akahasiga ubuzima. Me Nzamwita Toy yarasiwe mu masangano […]Irambuye

Kudahabwa serivisi vuba ni byo bituma umuturage ashobora guha ruswa

Kuri uyu wa Gatanu, umuryango ushinzwe kurwanya ruswa nk’akarengane, Transparency Internation Rwanda ufatanyije na Police y’ u Rwanda batangije ubukangurambaga bwiswe “Service Charter”  buzaba bugamije gukangurira abantu kumenya uburenganzira bwabo mu nzego z’Ubugenzacyaha. Ingabire Marie Immculee  uyobora uyu muryango urwanya ruswa avuga ko iyo umuturage adahawe serivisi vuba bishobora kumutera umutima wo gutanga ruswa. Transparency International […]Irambuye

Mu minsi ibiri  Police yafashe ibintu bitujuje ubuziranenge bya miliyoni

Kuri uyu wa Gatanu Polisi y’igihugu yagaragaje ibyafashwe mu gikorwa cy’umukwabo wakozwe mu minsi ibiri kiswe “Operation Fagia Opson ll“  bifite agaciro ka miliyoni 140 Frw, bikaba byarafatiwe  mu maduka agera kuri 83 yo bice butandukanye by’igihugu. Muri ibi bintu byafashwe, harimo amafumbire arengeje igihe, imiti yarangije igihe, inzoga zitujuje ubuziranenge, amavuta yangiza umubiri n’amata. […]Irambuye

Rwanda: Abagera kuri miliyoni 1,5 bafite imyaka 18 bahuye n’ikibazo

Karongi – Umuryango urwanya Ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda, uravuga ko mu Ntara y’Iburengerazuba,  muri rusange ruswa igaragara cyane mu nzego zitanga service zikenerwa n’abantu benshi, nibura ngo abageze mu cyiciro cyo gushaka akazi bafite guhera ku myaka 18 kuzamura bagera kuri miliyoni 1,5 bahuye n’ikibazo cya ruswa. Hamurikwa ubushakashatsi bugaragaza uko ruswa yifashe mu […]Irambuye

Umurenge wa Remera wahembwe imodoka kubera kwita ku isuku n’umutekano

Hasozwa ubukangurambaga bwo kubungabunga umutekano n’isuku mu Mujyi wa Kigali, umurenge wa Remera wahembwe nk’uwahize indi mu bikorwa by’isuku n’umutekano uhabwa imodoka izifashishwa muri ibi bikorwa, naho akarere ka Gasabo kaza ku mwanya wa mbere muri ibi bikorwa. Muri ibi birori byo gusoza ubu bukangurambaga bumaze amezi atandatu, hagaragajwe indi mirenge yagiye yitwara neza nk’umurenge […]Irambuye

Mu Rwanda Uburenganzira bwa muntu ntiburagera ku rwego Komisiyo ibushinzwe

Emeritha Mutuyemariya, Umunyamabanga Mukuru wa Komisiyo y’Ubureganzira bwa muntu, avuga ko nubwo uburenganzira bwa muntu butarubahirizwa neza,  ngo u Rwanda hari intambwe rwateye mu burenganzira bwa muntu ku bagore, abana n’abafite ubumuga nk’ibyiciro byitabwaho cyane. Mu mahugurwa iyi Komisiyo irimo guha abanyamakuru mu bijyanye n’Uburenganzira bwa muntu, bavuga ko bukwiye kubahirizwa mu byiciro byose by’umuryango nyarwanda. […]Irambuye

ISHUSHO RUSANGE: Ibyaha n’umutekano mu Rwanda mu 2016

*Ibyaha bitanu nibyo byiganje mu gihugu *Abana 1 274 barasambanyijwe * Buri mwaka mu Rwanda hinjira ibinyabiziga 17 443 * Abantu 114 bapfiriye mu mpanuka mu mezi 6 ashize Police y’u Rwanda uyu munsi yagaragaje uko igihugu kifashe mu mutekano muri rusange ndetse no ku mihanda. Muri rusange ngo ibyaha byagabanutseho 12% muri uyu mwaka […]Irambuye

en_USEnglish