Tags : RNP

Breaking: Gatsibo umupolisi yarashe bagenzi be 4 umwe arapfa

Gatsibo/Ngarama – Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, kuri station ya Police ya Ngarama umupolisi yarashe bagenzi be bane umwe arapfa abandi babiri barakomereka, umugenzi we na we ahita amurasa aramukomeretsa, Polisi iracyari gukora iperereza. Mu kiganiro kigufi Umuvugizi wa Polisi ku rwego rw’Igihugu, ACP Celestin Twahirwa yagiranye n’Umuseke yemeje aya makuru, avuga ko hataramenyekana […]Irambuye

BREAKING: Leopold Munyakazi uregwa Jenoside agejejwe mu Rwanda

Ku mugoroba kuri uyu wa gatatu indege izanye Leopold Munyakazi uregwa ibyaha bya Jenoside ageze ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Aje kuburanishwa ku byaha bya Jenoside. Polisi y’u Rwanda ku rubuga rwa Twitter ni yo ishyizeho iyo foto ya Munyakazi ari hagati y’abapolisi babiri bamutwaye acyururuka mu ndege, bavuga ko avuye muri USA. […]Irambuye

Gisagara/Mukindo: Imbonerakure zihangayikishije abaturage bavuga ko zibashimuta

Abaturage batuye mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara, cyane  abo mu tugari duhana imbibi n’u Burundi  nka Gatunda n’ahandi bavuga ko bahangayikishijwe no kuba iyo bamanutse bajya kwahira ubwatsi bw’amatungo mu gishanga, bahohoterwa n’Imbonerakure kuko ngo zibafata zikabajyana zikabakubita. Ikibazo cyo guhohoterwa n’Imbonerakure, zigizwe n’Urubyiruko rw’Ishyaka CNDD-Fdd riri ku butegetsi mu Burundi, ni […]Irambuye

Topsec irakomeza kwagura ubushobozi mu gutanga serivise kinyamwuga

‘Topsec Investments Ltd’, Sosiyete yigenga icunga umutekano ivuga ko ikomeje gutera intambwe ikomeye mu kurinda iby’abayiyambaza mu buryo bw’umwuga kandi ngo ikomeje kwaguka cyane kuva muri 2006 itangiye, imaze kugera ku bakozi 3000 mu myaka 10 gusa. Nkurunziza Andrew, Umuyobozi wa Topsec Investments Ltd, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu cyumweru gishize, yavuze ko akazi ko gucunga […]Irambuye

Umuhanda wa Kabindi-Convention Center uratangira gukoreshwa kuwa mbere

*Ngo mu masaaha y’amanywa imodoka nini zizajya ziwukumirwamo… Kuri uyu wa 11 Kanama, umugi wa Kigali watangije imirimo yo gutunganya umuhanda uva ku Kabindi (Kimihurura) werekeza kuri ‘Rond point’  nini iri hafi y’inyubako ya Kigali Convention Center, ugakata kuri Hotel Top towel. Ubuyobozi bw’umugi wa Kigali buvuga ko uyu muhanda uzatangira kunyuramo ibinyabiziga mu ntangiro z’icyumweru […]Irambuye

Seninga yemejwe nk’umutoza mushya wa Police FC

Police FC yemeje Seninga Innocent nk’umutoza mushya wayo, agasimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kuri aka kazi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe (ushobora kongerwa) atoza Police FC. Uyu mugabo watozaga Etincelles FC kuva muri Mata uyu mwaka, aje gusimbura Cassa Mbungo Andres wirukanywe kubera kubura umusaruro, kuko […]Irambuye

USALAMA III: ibyafashwe na Police birengeje agaciro ka miliyoni 78

Ubuyobozi bwa Polisi Mpuzamahanga, INTERPOL mu Rwanda buyobowe na ACP Tony Kulamba, buratangaza ko mu mukwabo wa USALAMA III wabaye tariki ya 29-30 Kamena 2016, hafashwe ibicuruzwa bitemewe birimo inzoga, ibiyobyabwenge, n’imodoka 18 bikekwa ko zibwe, bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 78. Uyu mukwabo witwa USALAMA III ugamije guca no gukumira ibyaha ndengamipaka, […]Irambuye

Rusizi: Abayobozi b’ibanze basabwe kuba maso bakirinda ko FDLR yabinjirana

Abayobozi b’inzego z’ibanze kuva mu midugudu itandukanye igize imirenge y’akarere ka Rusizi, ubwo bari mu nama ya bose, bibutswaga zimwe mu nshingano zabo zo kuba hafi abo bayobora no kubatega amatwi buri munsi kuko ari bo bafatanyabikorwa ba buri munsi, basabwe kuba maso bakirinda ko FDLR yabameneramo igahungabanya umutekano. Bamwe muri aba bayobozi batunzwe agatoki […]Irambuye

CP Gatete yeretse Abamotari uko kuvumbura ko batwaye ‘Haduyi’ byaborohera

*Abamotari biyemereye ko bajya batwara abakora uburiganya nk’abajura, n’abagiye mu bindi bikorwa bibi … *Moto zitanditse ni zo zikoreshwa muri ibi bikorwa, *Basabwe kujya babaza umwirondoro w’uwo bagiye gutwara kugira ngo batahure ko ataba ari ‘HADUYI’, *Mu mezi atatu, moto zakoze impanuka ni 229, zahitanye ubuzima bw’Abamotari 16 hakomereka 74. Mu nama yahuje abakora umwuga […]Irambuye

en_USEnglish