Tags : RNP

Nyagatare: Isange One Stop Center yafashije abahura n’ihihoterwa

*Nibura Isange One Stop Center ya Nyagatare yakira buri kwezi hagati ya 30 na 50 bahohotewe, *Iyo ari mu gihe cy’ihinga ibyaha biragabanuka, ku mweru w’imyaka bikiyongera. Abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikigo Isange One Stop Center kibarizwa mu bitaro bya Nyagatare, mu Ntara y’Uburasirazuba, ibaha ubufasha bwihuse ku buryo bibarinda guhura n’indwara zitandukanye […]Irambuye

Kuba umupolisikazi ntibikuraho inshingano karemano ya kibyeyi – Min Fazil

Kuri uyu wa gatanu tariki 26 Gashyantere 2016 mu ihuriro rya karindwi ry’abapolisi b’abagore basaga 650 bahagarariye abandi mu gihugu, bari kumwe na bagenzi babo b’abacungagereza, bongeye kwibutswa ko igikwiye kwiyongera ku nshingano z’igipolisi ari ukuzirikana ishingano karemano ya kibyeyi. Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Musa Fazil Harerimana, wari umushyitsi mukuru yibukije abapolisi b’abagore ko kuba […]Irambuye

Kayonza: Ubujura bwo kumena inzu no kwiba amatungo buravugwa muri

Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza ntibuvuga rumwe na bamwe mu batuye uyu murenge bataka bavuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’abajura bamena inzu bakiba ibirimo ndetse n’amatungo arimo inka mu biraro. Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo burahakana bwivuye inyuma iby’iki kibazo buvuga ko ubu bujura butarangwa muri Kabarondo ngo kuko buri munsi bakora igenzura rihagije […]Irambuye

Abana bo ku muhanda bagiye gushyirwa mu bigo bidatinze

Kuri uyu wa kane, mu nama ikomeye yahuje Abaminisitiri batanu baganira ku ngamba zafatwa mu kurinda umwana, by’umwihariko yigaga ku bana bo ku muhanda, yafashe umwanzuro wo kujyana aba bana mu bigo mu gihe cya vuba, ndetse banzuye ko ababyeyi bagomba kugira uruhare mu kwita ku bana babo, ariko n’abana bakamenya inshingano zabo ku babyeyi. […]Irambuye

Amajyepfo : Polisi yagabanyije ibyaha ku gipimo cya 16,1%

Mu biganiro byahuje inzego zitandukanye z’umutekano harimo Ubuyobozi bw’ingabo, Polisi, n’Ubushinjacyaha, CIP HAKIZIMANA André Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko bagabanyije ibyaha ku ijanisha rya 16,1 akavuga ko bafite ingamba zo kubigabanya kugeza kuri zero. Ibi biganiro byabereye mu karere ka Muhanga byahuje izi nzego z’umutekano zitandukanye mu karere ka Kamonyi, Muhanga, Ruhango […]Irambuye

Huye: Umugore wo mu cyaro aracyahohoterwa kuko atazi amategeko

Tariki ya 15 ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mucyaro. Uyu munsi ukaba warashyizweho mu nama rusange mpuzamahanga nyuma yo kubona ko umugore wo mu cyaro ashoboye byinshi birimo guteza imbere ubuhinzi ndetse akagira uruhare runini mu mirire iboneye mu muryango. Iyi nama yabaye tariki ya 18 ukuboza 2007 hagafatwa umwanzuro wo […]Irambuye

Umunsi w’abagore usanze ubukene mu ngo ziyobowe n’abagore ari 24%

Mu gihe isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro tarikiki ya 15 Ukwakira, mu Rwanda uyu munsi uzizihizwa ku wa gatandatu tariki 17 Ukwakira ku nshuro ya munani, Inama y’igihugu y’Abagore (CNF) iratangaza ko umugore amaze kugera ku ntera ishimishije yikura mu bukene. Umulisa Henriette umunyabanga uhoraho muri Minisiteri y’Umuryango n’Uburinganire avuga ko […]Irambuye

“Siruduwiri” z’agaciro ka frw 17 000 000 zafashwe zicuruzwa magendu

Izi nzoga zafatiwe mu mujyi wa Kayonza na Kabarondo, ni amakarito agera ku 1971, muri zo amakarito 985 nta kirango cy’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro yari afite, Umukuru w’akanama gashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Polisi y’u Rwanda, yavuze ko hanafashwe amasashe atemewe mu Rwanda, afite agaciro k’asaga miliyoni enye z’amafaranga y’u Rwanda. Kuri uyu wa gatanu tariki […]Irambuye

Mu muganda udasanzwe Urubyiruko ruzasana inzu 2 148 z’abatishoboye

Mu nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, (video conference), abayobozi b’inzego z’ibanze n’Umunyamabanga wa Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, wari kumwe n’abayobozi muri Minisiteri zitandukanye, mu Nama y’Igihugu y’Urubyiruko, ingabo na Polisi, biyemeje ko mu muganda udasanzwe uzaba ku wa gatandatu tariki ya 17 Ukwakira mu gihugu hose hazasanwa inzu 2 148 z’imiryango itishoboye. Umunyamabanga uhoraho muri […]Irambuye

en_USEnglish