Tags : RGB

Wakira ute abakugana? Ingingo 14 zafasha kuganira neza n’uwo mushaka

Amabwiriza agenga ubunyamwuga mu bucuruzi ni kimwe mu bintu bikurura abakiliya kandi kutayamenya cyangwa kuyica nkana ni kimwe mu bihombya bamwe cyangwa bigateza imbere abandi. Mu gitabo yanditse yise The Essentials of Business Etiquette umwanditsi witwa Barbara Pachter yasobanuye ibintu 14 byafasha abacuruzi bo mu ngeri zose kugera ku mutima w’abakiliya babo bityo bakabasha gukorana […]Irambuye

RGS 2016: Gahunda ziteza abaturage imbere zifite amanota mabi

Mu cyegeranyo gishya ku miyoborere mu Rwanda (Rwanda Governance Scorecard 2016), gahunda ziteza imbere abaturage n’uruhare bazigiramo bifite amanota mabi ugereranyije n’ayo ibindi bipimo byagize, kuri Prof. Shyaka Anastase uyobora ikigo RGB cyasohoye ubushakashatsi, ngo haracyari inenge mu ishyirwa mu bikorwa by’izi gahunda. RGS 2016, yakozwe hagendewe ku nkingi (indicators) umunani, amashami 37 (sub-indicators) n’ibigenderwaho […]Irambuye

Muri gahunda nshya zo gufasha abakene gutera imbere umugore yahawe

Mu biganiro byahuje intumwa za Leta n’abo mu miryango itari iya Leta abaganira ku buryo bushya bwo kuzamura abakennye cyane mu manga y’ubukene, hasobanuwe uburyo umugore yatekerejweho by’umwihariko bitewe n’ubuzima bwe butandukanye n’ubw’abagabo, ngo azaba yemerewe gukora ku isaha ashaka kandi azahembwe. Gatsinzi Justin Umuyobozi wa gahunda zishinzwe kurengera abatishoboye mu kigo cya Leta gitera […]Irambuye

Raporo turazikora ariko abantu ntibaraziha agaciro – Prof Shyaka

Mu kiganiro kirambuye Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ikigihugu cy’Imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagiranye n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage, yavuze ko raporo nyinshi zikorwa n’inzego zitandukanye zikagaragaza ibibazo ariko abazikoreweho ntibabihe agaciro bitewe n’uko nta byemezo bizikurikira. Iki kiganiro kiri mu murongo Abasenateri bagize iyi Komisiyo bihaye mu rwego rwo gukemura […]Irambuye

Kaminuza y’Abadiventisiti yatsinze irushanwa ku biganirompaka rya RGB

Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, RGB kuri uyu wa gatanu cyasoje amarushanwa y’abanyeshuri ba Kaminuza zo mu Rwanda, ku biganirompaka, yegukanywe na Kaminuza y’Abadivantisiti bo muri Afurika yo hagati izwi nka Mudende yahawe igikombe na sheki y’amafaranga miliyoni imwe. Iri rushanwa ryari rifite intego yo gushishikariza Abanyarwanda cyane urubyiruko kurushaho kunoza imitangire ya Serivisi byose bigamije iterambere […]Irambuye

Ngoma: Umuseke wasuye utunguye utugari 6, muri kamwe ni ho

Serivisi mu tugari two uu karere ka Ngoma zirakemangwa kubera ko utwinshi muri two duhora dufunze, inshuro nyinshi bigatuma abaturage babura abayobozi babakemurira ibibazo.  Kuri uyu wa kabiri, Umuseke wasuye utugari dutandatu, kamwe gusa ni ko twasanzemo umukozi ahandi hose abaturage bari bicaye hanze bitonganya. Umunyamakuru w’Umuseke yahereye mu kagari ka Karenge mu mujyi wa […]Irambuye

Mu gihugu hose 45,5% by’abaturage bagaya ibyiciro by’ubudehe bashyizwemo …

*Serivise z’ubuhinzi n’ubworozi n’iz’ubutabera na zo zinengwa n’abaturage cyane, *Serivise nyinshi zahujwe n’ibyiciro by’ubudehe biri mu bituma ishyirwa mu byiciro binengwa. Kuri uyu wa kabiri Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere myiza (RGB), cyasohoye raporo y’ubushakashatsi ku ishusho Abaturage babonamo imiyoborere n’imitangire ya Serivisi mu nzego z’ibanze mu mujyi wa Kigali, abaturage banenga uruhare ruke bagira mu […]Irambuye

Nyanza: Abahejwe n’amateka b’i Rusizi baje kwigira ku babumbyi bateye

Bamwe mu basigajwe inyuma  n’amateka bo mu kareree  ka  RUSIZI bakoze urugendoshuri  kuri bagenzi babo b’i GATAGARA  mu karere  ka Nyanza mu rwego rwo kubigiraho gukora ububumbyi buteye imbere. Abasigajwe  inyuma n’amateka b’i Rusizi bari kwigira  kuri bagenzi babo bo mu karere ka Nyanza bibumbiye muri koperative y’ababumbyi (Poterie locale de  Gatagara), uburyo uyu mwuga […]Irambuye

Rwanda: Itangazamakuru ryateye imbere, Radio n’ibinyamakuru bitakaza abakunzi

Mu bushakashatsi bwashyizwe hanze n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), ndetse bukamurikirwa abanyamakuru mu nama y’igihugu ivuga ku iterambere ry’itangazamakuru, bugaragaza ko iterambere ry’itangazamakuru ryavuye kuri 60,7% mu 2013 rikaba rigeze kuri 69,6%, bugaragagaza kandi ko abakoresha Internet n’abareba Televiziyo bazamuka mu gihe  Radio n’ibinyamakuru byandika ku mpapuro bitakaza ababishakagaho amakuru. Ubwo Dr Christopher Kayumba, Umwarimu muri […]Irambuye

Umugi si amazu…Uyahateretse ntabayarimo byaba ari ibibandahore-Prof Shyaka

*Ati “Serivisi zinoze ntabwo ari ugusekera abantu, ni ibikorwa mpinduramibereho” *Ab’i Rusizi ngo amata abyaye amavuta… Ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Nzeli, hamuritswe ubushakashatsi ku igenamigambi ryo guteza imbere imigi yunganira Kigali. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Prof Shyaka Anastase avuga ko ibiranga umugi atari ibyiza biwurabagiranamo gusa nk’amazu y’imiturirwa ahubwo ko ari ibikorwa […]Irambuye

en_USEnglish