Tags : RGB

Abaturage iyo babona kuvugana n’umuyobozi ntacyo bimaze barabireka – Dr.

*Ati “Abaturage hari ubwo bagera ku muyobozi bakabona uwo barega ari we baregera” Bimwe mu bibazo by’abaturage bitizwa umurindi n’umuco wa ‘Ceceka’ ukiri muri bamwe badashobora kugaragariza ubuyobozi ibibazo byabo. Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Dr Usta Kaitesi avuga ko rimwe na rimwe abaturage umuntu ashobora kubumva kuko hari igihe banga kugira icyo babwira […]Irambuye

Gutanga serivisi nziza Nk’UWIKORERA ngo bihera mu rugo

*Gatisbo yaje imbere mu gushimwa n’abaturage mu gutanga serivisi zinoze Gatsibo – Prof Shyaka Anastase uyobora Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere RGB kuri uyu wa kane i Kiramuruzi atangiza ikiciro cya kabiri cya gahunda ya “Nk’uwikorera” yatangaje ko gutanga serivisi nziza bihera mu rugo umuntu afasha nk’uwikorera abavandimwe cyangwa ababyeyi be. Iyi gahunda kuva yatangira ngo yatanze […]Irambuye

Imijyi yunganira Kigali ifite imbogamizi zirimo iz’abakozi n’ingengo y’imari

*Umujyi wa Kigali  si inzu n’imihanda, ni abantu n’ibyo bakora. Abayobozi b’uturere turimo imijyi itandatu igomba kwitabwaho by’umwihariko mu kuyiteza imbere kugira ngo yunganire Kigali, bavuga ko nubwo hari aho bageze mu kwitegura ngo baracyafite imbogamizi y’imyumvire y’abaturage, ingengo y’imari isanzwe no kutagira abakozi bihariye bashobora gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’iyo mijyi. Ku mugoroba […]Irambuye

Abanyarwanda barajijutse uziyamamaza ababeshya bazabimwerekera mu itora -Mutabazi (RGB)

Mu gihe habura amezi atatu gusa ngo Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora bihitiremo Perezida bashaka ko azabayobora mu myaka irindwi y’inzibacyuho iri imbere, ndetse n’igihe cyo kwiyamamaza kizayabanziriza, Théodore Mutabazi umuyobozi mukuru w’sihami rishinzwe amashyaka n’imitwe ya Politike mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ngo asanga Abanyarwanda bakuze muri Politike ku buryo bazahitamo neza ufite icyo […]Irambuye

Min. Evode arasaba ba Noteri kwikubita agashyi mu mitangire ya

*Kwishimira serivisi za ba noteri biri munsi ya 60%… Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibyerekeye itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, Evode Uwizeyimana yagarutse ku cyegeranyo cya RGB kigaragaza ko imitangire ya serivisi za ba noteri igicumbagira kuko iri munsi ya 60%, asaba aba bakozi ba Leta kwiminjiramo agafu kuko ibyemezo batanga biba bifite uburemere. […]Irambuye

Nk’uwikorera; RGB, MINISANTE na Police bagiye mu mahoteri kureba uko

Kuri uyu wa gatatu Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere, Minisiteri y’ubuzima, Police y’igihugu, MINALOC, Umujyi wa Kigali, MINAGRI, WASAC, Police na RDB byafatanyije ubukangurambaga bwo kureba uko za Hoteli zakira abazigana cyane cyane ibyo zibagaburira niba biba byujuje ubuziranenge. Ni mu rwego rw’ubukangurambaga bwiswe “Nk’uwikorera” bugamije gusaba inzego za Leta n’izigenga guha servisi nziza abazigana. Hari impungenge n’ibibazo bijya bigaragazwa […]Irambuye

Hari icyizere ko Mutuelle de Santé izajya ifasha abafite ubumuga

 HVP Gatagara/Nyanza – Umuyobozi w’ikigo cyakira kikanita ku bafite ubumuga HVP Gatagara/Nyanza, Frere Kizito Misago avuga ko ashima ubufasha Leta iha iki kigo nyuma y’uko inkunga z’amahanga zigabanuka, ndetse ngo hari icyizere ko vuba aha ubwishingizi bwa Mutuelle de Santé buzajya bufasha abafite ubumuga kubona insimburangingo. Iki cyari kimwe mu bibazo bikomeye bibangamira abafite ubumuga […]Irambuye

Turacyafite icyuho mu mitangire Serivise mu nzego zose – Shyaka

Kuri uyu wa 30 Werurwe 2017, Urwego rw’Igihugu ry’Imiyoborere (RGB) ruratangiza ubukangurambaga bwise ‘Nk’uwikorera’ bugamije gukangurira abatanga Serivise mu nzego za Leta n’Ibikorera kunoza Serivise batanga kuko ngo hakigaragara icyuho mu mitangire ya Serivise. Serivise nirwo rwego runini mu bukungu bw’u Rwanda kuko rwihariye 48% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP). Ibipimo bya RGB bigaragaza ko igipimo […]Irambuye

EAST: Abayobozi barebye uko bakongera imbaraga mu kunoza imitangire ya

Abayobozi ku nzego zitandukanye mu Ntara y’Iburasirazuba, bahuye n’Umuyobozi w’Urwego rw’Imiyoborere, Prof Shyaka Anastase n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, biga uko hakongerwa imbaraga mu kunoza serivisi zihabwa abaturage, no gucunga neza umutungo wa Leta kuko n’ubwo hari byinshi byiza byagezweho ngo hari ahakigaragara imikorere itanoze. Abari muri iyi nama yabaye kuri uyu wa kabiri, bishimiye […]Irambuye

Gicumbi: Abaturage bavuga ko imihigo yose batayigiramo uruhare

Mu kiganiro kigamije kureba uruhare abaturage ba Gicumbi bagira mu mihigo bafatanyije n’ubuyobozi bw’Akarere, by’umwihariko abatuye mu murenge wa Rutare, abaturage basaba ko imihigo yateganyijwe yajya ibageraho hakiri kare. Bamwe mu murenge wa  Rutare bavuga ko imwe mu mihigo ishyirwa mu bikorwa babizi hakaba indi iri ku rwego rwo hejuru ku karere badasobanukirwa, bagasaba ko […]Irambuye

en_USEnglish