Tags : RGB

Gicumbi: Urubyiruko 18 rwasoje urugerero rwashimiwe ko rufasha mu gukemura

Kuri uyu wa kane tariki ya 01 Nzeri 2016, Urubyiruko rugera kuri 18 rwatoranyijwemo mu murenge wa Rubaya, mu barangije urugerero 236, bakaba barafashijwe n’Umuryango Umuhoza mu kubahugurira kwigisha abaturage uko bakemura amakimbirane no kubajijura mu gusoma no kwandika, bahembewe akazi bakoze mu kubaka igihugu. Uru rubyiruko rwavuye mu itorero rwabwiwe ko ari imbaraga n’amaboko […]Irambuye

Ni amahire ko abaturage bizeye abayobozi bo hejuru kurusha abo

*Prof. Shyaka avuga ko umuyobozi ukora nabi atari uw’igihugu, *Prof Shyaka ati “Mu Rwanda ntibyarenze igaruriro. Hari ahandi usanga nta hasi nta hejuru” Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere, Prof. Shyaka Anastase avuga ko kuba abaturage bafitiye ikizere abayobozi bo mu nzego zo hejuru kurusha abo mu nzego zo hasi ari amahirwe kuko ari bo bakebura […]Irambuye

Muhanga: Abikorera noneho bemeye gufatanya kubaka isoko

Mu nama  yahuje  ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, ubw’Akarere ka Muhanga, urugaga rw’abikorera  n’inzobere  ziturutse mu gihugu  cya Singapore, UWAMARIYA Béatrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko  kuba abikorera bagiye gutangira imirimo yo kubaka isoko byerekana ko ubufatanye bw’abikorera bushoboka. Iyi nama yahuje izi nzego igamije kurebera hamwe  uko amahirwe  ari mu karere ka Muhanga aramutse […]Irambuye

“Shitani” mu biganiro bya Perezida Kagame n’abavuga bakumvwa i Rubavu

*Ati “Ntidushaka abasenga Shitani”, Ati “Shitani bamusobanura bate?” *Mu Rwanda, ubutagondwa mu idini ya Islam n’abandi babuza umutekano abasenga, amadini ubwayo natabica, Leta izajyamo. *Abayobozi ntibafata ibyemezo ku bibazo by’abaturage, byabaye “Ncire ibiryoshye, mire mire umuriro”. Mu kiganiro cyagejeje saa tanu z’ijoro, nyuma yo kubonana n’abaturage bo mu murege wa Mudende, Perezida Paul Kagame yaganiriye […]Irambuye

Karongi: Abaturage bambuwe miliyoni 10 bakoreye muri VUP

Mu karere ka Karongi mu murenge wa Mubuga Abaturage 300 baratabaza nyuma yo kudahembwa amafaranga ya nyuma bakoreye muri gahunda ya VUP, ubu barategereje amaso yaheze mu kirere, umunsi babahereyeho ko bazishyurwa uragera bakababwira undi. Bavuga ko bakoze imihanda kuva muri Werurwe 2015, bajyaga bahembwa nyuma y’iminsi 15 (quinzaine). Nyuma yo guhembwa mu byiciro bitandatu, […]Irambuye

‘Societe Civile’ zirasaba gukurirwaho amananiza aherekeza inkunga zihabwa

*”Uguha amafaranga ntabwo ari we uguha ibitekerezo”; *Imiryango itari iya Leta ibabajwe n’umuturage uherutse kwicwa azira imiyoborere idahwitse; *Sosiyete sivile irasaba Leta gushyiraho amategeko atayibangamira mu mikorere; *Iyi miryango itegamiye kuri Leta itunga agatoki Leta gutuma itabona Ubushobozi. Kuri uyu wa 16 Ukuboza; Imiryango itari iya Leta yahuriye mu nama nyunguranabitekerezo n’Ikigo cy’igihugu cy’Imiyoborere (RGB) […]Irambuye

RGB yahembye 3 bahimbye uburyo telefone yakoreshwa mu kwihutisha Serivise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB) cyatanze ibihembo ku bantu batatu ba mbere mu gukora uburyo (Applications) za Telephone buzifashishwa mu kuvugura imitangire ya serivise, izi Applications bakoze ngo zizafasha u Rwanda kugera ku ntego ya 85% mu gutanga serivise nziza mu 2018. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Nsengimana Philibert yavuze ko […]Irambuye

Abagore basigaye bitabira gukora Politiki kuko yavuyemo akajagari kayihozemo- Prof

Mu gihe u Rwanda rwitegura inama Nyafurika iziga ku burenganzira bwa muntu, Demokarasi n’imiyoborere kuva kuwa mbere tariki 7-8 Ukuboza, Prof Shyaka Anastase uyobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere (RGB) yatangaje ko intambwe u Rwanda rwateye muri Politiki yatumye buri munyarwanda wese cyane cyane abagore bayitinyaga nabo bayiyumvamo. Iyi nama Nyafurika yabanjirijwe n’ihuriro ry’urubyiruko ryatangiye kuri […]Irambuye

RGB, MINIJUST, MINALOC, MINIRENA,…mu kuzenguruka igihugu bumva ibibazo by’abaturage

Kuri uyu wa gatanu tariki 20 Ugushyingo 2015, abayobozi banyuranye mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Minisiteri y’ubutabera, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka, Minisiteri y’umutungo kamere, Urwego rw’umuvunyi, Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu, n’izindi nzego zitandukanye baratangira ukwezi kw’imiyoborere bazenguruke igihugu cyose bakemura ibibazo by’abaturage. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Prof. Shyaka Anastase […]Irambuye

en_USEnglish