Tags : RGB

Umunyamakuru wo mu Rwanda ntakwiye kuba nk’abo mu bindi bihugu

Mu kiganiro cyateguriwe abanyamakuru kuri Gahunda ya “Ndi umunyarwanda” kuri uyu wa gatanu, Ministre w’Ingabo Jenerali James Kabarebe yabwiye abakijemo ko umunyamakuru wo mu Rwanda adakwiye kwitwara nk’abanyamakuru bo mu bindi bihugu bitewe n’amateka u Rwanda rwaciyemo, iyo myitwarire ye kandi ngo ntihungabanya amahame agenga umwuga we. Ni mu kiganiro cyateguwe n’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, […]Irambuye

Umusaruro w'ukwezi kw'imiyoborere mu Mujyi wa Kigali urakemangwa

Nk’uko byagaragajwe na Raporo y’ibanze yagaragajwe kuwa 22 Mata, ku migendekere y’ukwezi kw’imiyoborere kwarangiye muri Werurwe, abayobozi ntabwo begereye abaturage nk’uko bikwiye, by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali bashobora kuba baragiye bahunga aho ibibazo biri bakajya mu duce tutavugwamo ibibazo byinshi kugira ngo bigaragaze neza. Byagaragajwe kuri uyu wa 22 Mata. Mu nama yahuje abayobozi b’Uturere […]Irambuye

Abadepite b’Abongereza bavuze ko batahanye ukuri ku Rwanda

Amaraporo atandukanye ajya asohoka ku Rwanda, arimo amwe aruvuga nabi cyane, arushinja ibitandukanye, abanyapolitiki bamwe bakorera hanze bavuga byinshi bibi ku gihugu cy’u Rwanda, ibi ni bimwe mu byibazwagaho n’itsinda ry’abadepite b’abongereza bamaze iminsi mu ruzinduko mu Rwanda, nyuma yo kuganira n’ubuyobozi bw’ikigo cy’imiyoborere mu Rwanda, RGB, bavuze ko babonye ukuri kuri bimwe ku bivugwa […]Irambuye

UN yatangije gahunda yo gufasha Sosiyete Sivili zo mu Rwanda

Umuryango w’Abibumbye, ufatanyije na Guverinoma y’u Rwanda batangije gahunda nshya y’imyaka itanu yiswe “Strengthening Civil Society Organizations for Responsive and Accountable Governance” igamije kongerera ubushobozi imiryango ya Sosiyete Sivili mu Rwanda kugira ngo ibashe kuzuza inshingano zayo zo kugenzura imikorere ya Guverinoma no kwimakaza imiyoborere myiza ishingiye kuri Demokarasi. Mu gihe cy’imyaka itanu iyi gahunda […]Irambuye

en_USEnglish