Tags : RDB

u Rwanda rwabaye urwa 2 mu imurika ry’ubukerarugendo muri South

Uganda yabaye iya mbere, u Rwanda ku mwanya wa kabiri na Kenya kuwa gatatu, ni mu imurika ry’ubukerarugendo riba buri mwaka muri Africa yepfo rizwi ku izina rya Indaba. Ibi bihugu bikaba byari bihagarariwe n’inzego z’ubukerarugendo zabyo Kenya Tourism Board, Rwanda Development Board na Uganda Tourism Board. Abamurika ibikorwa baernga 1 000 bo mu bihugu […]Irambuye

Ngoma: Urujijo ku cyateye uburwayi abantu bakiriwe na EAST LAND

Umubare w’abantu batandukanye barimo abayobozi n’abandi banyacyubahiro bagiye kwa muganga nyuma yo kwakirwa aho bari batumiwe mu muhango wo gutanga impamyabumenyi muri Kaminuza yitwa Open University of Tanzania iri mu mujyi wa Kibungo mu Ntara y’Uburasirazuba, bamwe baravuga ko bazize amafunguro bariye, ariko Nkurunziza Jean de Dieu nyiri Hotel East Land yagubuye aravuga ko nta […]Irambuye

Abashoramari bo muri ‘Commonwealth’ barashaka gushora imari mu Rwanda

Abashoramari 50 baturutse mu muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth) harimo n’Ubwongereza bateraniye mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 12 Werurwe, 2015 mu nama ihuje abanyamuryango ba Afurika y’Iburasirazuba (The Eastern Africa Association), n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB). Iyi nama abashoramari beretswe kandi basobanurirwa amahirwe bafite mu gihe bazashora imari yabo mu Rwanda. Bamwe muri bo […]Irambuye

30 000Rwf ku munyarwanda ngo arebe ingagi bamwe ngo ababuza

Musanze – Bamwe mu baturage baturiye ibyiza nyaburanga birimo ibirunga n’ingagi bavuga ko ibi byiza badafite ubushobozi bwo kubisura kuko bacibwa amafaranga 30 000 bo bavuga ko ari menshi. Mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ishami rishinzwe ubukerarugendo bo bavuga ko ayo mafaranga atari menshi ugereranyije n’agaciro k’ibyiza baba bashaka gusuura. Esperance Mukandayisenga atuye mu murenge […]Irambuye

Bwa mbere muri Africa, i Kigali hateraniye inama ya 'WEDF'

16 Nzeri 2014 – Inama Mpuzamahanga ku iterambere ry’ubucuruzi bw’ibyoherezwa hanze “World Export Development Forum” itegurwa na International Trade Centre (ITC) bwa mbere yateraniye ku mugabane wa Africa, ibera i Kigali mu Rwanda ifite insanganyamatsiko yo guhanga imirimo biciye mu bucuruzi bwo mu mishinga mito n’iciriritse y’ubucuruzi. Iyi nama yatangijwe na Gonzalez Arancha umuyobozi wa  […]Irambuye

Abayapani ngo basanganye u Rwanda akarusho mu korohereza abashoramari

 28 Kanama 2014 – Abashoramari 50 b’abayapani bamaze iminsi basuura nabaganira n’inzego zitandukanye mu Rwanda, kuri uyu wa kane basuye igice cyatunganyirijwe inganda kari i Masoro mu karere ka Gasabo banasura Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere( RDB) bashaka kumenya amahirwe ahari mu gihe baba biyemeje gushora imari yabo mu Rwanda. Umwe muri bo yemeza ko basanze hari […]Irambuye

Russia: Aba 'hackers' bibye 'passwords' miliyari 1.200

Kuri uyu wa kabiri raporo yagarutswe ho n’ikinyamakuru The Times yatangaje ko abajura bakoresha ikoranabuhanga bo mu Burusiya bamaze kwinjira muri za mudasobwa  z’abandi bakiba inyuguti cyangwa imibare by’ibanga ingana na Miliyari imwe na miliyoni 200. Aba bajura kandi bibye inyuguti n’imibare  y’imbuga za Internet ibihumbi 420. Ibi byegeranyo byakozwe n’ibigo Hold Security na Milwaukee […]Irambuye

Uko aba “hackers” biyongera niko kubarwanya bishyirwamo ingufu – RDB

Mu rwego rwo guhangana n’impanuka, ubujura n’ubugizi bwa nabi bikunze kuba mu ikoranabuhanga, itsinda rishinzwe kurwanya ibi byaha bikorerwa ku ikoranabuhanga ryateranyirije hamwe ibigo bitandukanye bya Leta n’abikorera kuri uyu wa 25 Nyakanga ngo ribabwire uko bakwitwara mu gihe bahuye n’ibizazane mu ikoranabuhanga ndetse n’igihe bakwitabazwa ngo babunganire. Mu mwaka wa 2013 ibigo by’imari 12 […]Irambuye

Abashoramari b’Abashinwa bagiye kuzana uruganda rukora imyenda

Kuri uyu wa mbere Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere mu Rwanda ‘RDB’ cyagiranye ibiganiro ndetse kinasinya amasezerano y’imikoranire n’abashoramari baturutse mu gihugu cy’Ubushinwa  bibumbiye muri C&H Garments Company baje gushora imari mu gukora imyambaro ku ikubitiro bakaba bazahera ku ruganda rw’imyenda ruzaba rukorera mu Rwanda. Ibi biganiro byari bigamije ahanini kuganira ku ngingo zimwe na […]Irambuye

KWITA IZINA ku nshuro ya 10. AMAFOTO

Umuhango wo Kwita Izina ubera mu kigo cy’umuco kiri munsi y’umusozi wa Sabyinyo, Abanyakinigi nk’uko bisanzwe ababa babukereye kuva mu gitondo cya kare baba bari ku mihanda bareba abashyitsi baza muri uyu muhango, ariko no kuwitabira bawitabira ku bwinshi. Abatuye mu Kinigi bavuga ko amashuri, amavuriro n’imihanda myiza babonye byinshi babikesha iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda, […]Irambuye

en_USEnglish