Tags : Rayon Sports

Ku munsi wa mbere wa Shampiyona habonetsemo ibitego 17

Shampiyona y’u Rwanda, AZAM Rwanda Premier League yatangijwe ku mugaragaro. Rayon sports na APR FC zabonye intsinzi, AS Kigali, Police FC na Kiyovu Sports zitangira nabi. Ku wa gatanu tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo hatangijwe Shampiyona y’u Rwanda ku mugaragaro. Abenshi mu bakinnyi bashya mu makipe, bagize uruhare mu kuyashakira amanota. Police FC yatangiye nabi. […]Irambuye

Breaking: Kuri miliyoni 3,2 Emmanuel Imanishimwe azakinira APR FC

Nyuma y’ikiganiro cyatumijwe na FERWAFA, kigahuza abayobozi ba APR FC na Rayon sports, kirangiye Emmanuel Imanishimwe yemerewe gukinira APR FC, ariko Rayon sports ikishyurwa 3 200 000frw. Kuri uyu wa kane tariki 13 Ukwakira 2016, nibwo ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, bwahuje amakipe abiri yari afitanye ibibazo by’abakinnyi. Imanishimwe Emmanuel wasinyiye Rayon sports […]Irambuye

Donadei wavuye nabi muri Rayon arifuza gutoza APR FC, AS

Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, David Donadei wayivuyemo nabi asheshe amasezerano, ubu akaba atoza muri Maroc, arifuza kugaruka mu Rwanda. Mu makipe yifuza gutoza harimo APR FC, AS Kigali, Police FC cyangwa gusubira muri Rayon Sports na byo ngo arabyifuza. Tariki 14 Nzeri 2016 ni bwo Rayon Sports yatangaje Umufaransa David Donadei nk’umutoza mukuru. […]Irambuye

Nova Bayama wakuriye muri APR FC, yakiriwe neza muri Rayon

Mu bakinnyi bashya Rayon Sports yasinyishije uyu mwaka w’imikino, harimo umukinnyi wo hagati Nova Bayama wakuriye muri academy ya APR FC. Uyu musore yishimiye uko yakiriwe muri Rayon Sports. Tariki 14 Ukwakira 2016, nibwo shampiyona ya 2016-17 izatangira. Ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha muri uyu mwaka w’imikino, hagaragayeho umusore wakuriye mu ishuri ry’umupira w’amaguru […]Irambuye

Moussa Camara afashije Rayon sports gutsinda AS Kigali 2-0 ahita

Kuri Stade Amahoro, I Remera, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu mukino wa nyuma amakipe ya Rayon Sport na AS Kigali akinnye yitegura gutangira ‘AZAM Rwanda Premier League’, Rayon sports itsinze AS Kigali 2-0, byombi byatsinzwe na Moussa Camara waje no kuvunikira muri uyu mukino agahita asimbuzwa. Mu gihe habura iminsi itandatu ngo […]Irambuye

Umukunzi wa Rayon ashobora kwibaruza akanatanga umusanzu akoresheje telephone

Umuryango wa Rayon Sports watangije umushinga wo kubarura abakunzi bayo hakoreshejwe telephone. Ku muntu ufite ifatabuguzi rya MTN akanda *699#. Kuri uyu wa kane tariki 7 Ukwakira 2016, ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports, bufashijwe n’ikigo cy’ibikorwa by’ikoranabuhanga TIT Africa, batangarije abanyamakuru uburyo bushya bugenewe abakunzi ba Rayon Sports. Ni umushinga wo kwibaruza no gutanga inkunga […]Irambuye

Rayon izanye undi mukinnyi wazamukiye muri Academy ya APR FC

Kuri uyu mugoroba Rayo Sports yagaragaje ko yazanye umusore Yves Rwigema, myugariro ukiri muto wazamukiye muri Academy y’ikipe ya APR FC.  Yves Rwigema w’imyaka 21 yari muri APR FC kuva mu 2009 mu ishuri ryabo ry’umupira. Uyu musore ukina inyuma iburyo nta mahirwe yabonye muri APR FC nkuru kubera Michel Rusheshangoga na Albert Ngabo basimburana […]Irambuye

Kanyankore watozaga APR FC yatsinzwe igeragezwa arirukanwa

APR FC yatangaje ko Umutoza Kanyankore Gilbert bita Yaoundé atirukanwe kuko mu ikipe kuko ngo ntamasezerano yari yarasinye, ahubwo ngo yirukanwe ku bw’uko yananiwe igeragezwa yahawe ubwo yatozaga mikino ya gisirikare. Tariki 26 Nyakanga 2016 nibwo APR FC yatangaje itsinda ry’abatoza bashya, barimo Kanyankore Gilbert bita Yaounde, wungirijwe na Yves Rwasamanzi n’umutoza w’abanyezamu, Ibrahim Mugisha. […]Irambuye

en_USEnglish