Tags : Rayon Sports

Rayon Sports yaguze Moussa Camara ngo asimbure Diarra wagiye muri

Umunya-Mali Moussa Camara yasinyiye Rayon sports amasezerano y’imyaka ibiri, asimbuye mugenzi we Ismaila Diarra wagiye muri Daring Club Motema Pembe yo muri DR Congo. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 21 Kanama 2016, nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwasinyishije rutahizamu mushya ukomoka muri Mali. Moussa Camara wavutse tariki 16 Kamena 1994, yasinye […]Irambuye

Rayon yatangiye imyitozo, umutoza mushya n’abakinnyi 9 bashya

*Rwatubyaye ngo aracyari umukinnyi wabo *Diarra, Bakame na Pierro ntibagaragaye mu myitozo *Rayon Sports ubu izajya ikorera imyotozo ku Mumena Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Rayon Sports yatangiye imyitozo yitegura Shampionat, iri kumwe n’umutoza mushya wungirije Masudi Juma, ndetse n’abakinnyi icyenda bashya barimo umurundi Nahimana Shasir, Yvan Senyange na Nova Bayama bavanye muri […]Irambuye

UPDATE: APR FC yemeye kureka Abdoul Rwatubyaye akajya muri Rayon

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma yo kumenya inkuru yo kugurwa k’umukinnyi wabo n’ikipe mukeba ya Rayon Sports mu ijoro ryakeye bwakoze inama, maze bwanzura ko bureka uyu mukinnyi akajya muri iyi kipe ahubwo bakavugana nayo iby’indezo kuri APR FC yamuzamuye. Kugeza nijoro hari hakiri impaka ku kugura uyu mukinnyi, hari amakuru yemezwaga n’abo ku […]Irambuye

Ismaila Diarra wasinyiye Rayon Sports agiye kuregwa muri FIFA na

Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano mashya Ismaila Diarra wayifashije kwitwara neza muri uyu mwaka w’imikino, gusa AFC Leopards yo muri Kenya yahise itangaza ko igiye kumurega muri FIFA. Rutahizamu w’umunya-Mali, Ismaila Diarra yageze muri Rayon Sports tariki 10 Gashyantare 2016, nyuma y’amezi atandatu gusa yakinnye mu Rwanda, yashoboye gutsinda ibitego 12 muri Shampiyona, anatsinda ibitego umunani (8) […]Irambuye

Nta mukinnyi wa APR FC watowe muri 3 bahatanira igihembo

Bwa kabiri mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwnada, hagiye gutangwa ibihembo by’abitwaye neza mu mwaka w’imikino, kuba nta mukinnyi wa APR FC watowe muri batatu bahatanira igihembo kandi ari ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona, bisa n’ibitangaje. Kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Nyakanga 2016, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA ryatangaje abazahatanira ibihembo bizatangwa n’umuterankunga wa […]Irambuye

Imanishimwe yateye umugongo AC Leopards yigumira muri Rayon

Nubwo myugariro w’ibumoso wa Rayon sports, Emmanuel Imanishimwe yasinye amasezerano y’ibanze muri AFC Leopards yo muri Kenya yamwifuzaga, ntibujuje ibyo bumvikanye, none yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe. Tariki 14 Kamena 2016, nibwo Emmanuel Imanishimwe yumvikanye na AFC Leopards, anayisinyira masezerano y’ibanze. Gusa ngo nubwo bari bumvikanye amafaranga bamugombaga bari batarayabona. Byatumye abaha igihe […]Irambuye

MG fan club iri gukusanya miliyoni 8 zo kugurira Rayon

Itsinda ry’Abafana ba Rayon Sports rizwi nka ‘March’Generation Fan Club’ ryiyemeje gukusanya miliyoni umunani zo kugurira ikipe yabo umukinnyi, dore ko abenshi mubo yagenderagaho barangije amasezerano kandi bashobora kuyivamo. Mu mpera z’iki cyumweru,nibwo hazakinwa umukino w’umunsi wa nyuma wa Shampiyona “AZAM Rwanda Premier League” 2015/16. Iyi Shampiyona yabaye ndende cyane ikirangira, isoko ryo kugura no […]Irambuye

Davis Kasirye wa Rayon yaba ari kumvikana na DCMP y’i

Rutahizamu wa Rayon Sports na Uganda Craines Davis Kasirye biravugwa ko yamaze kumvikana na Daring Club Motema Pembe yo muri DR Congo. Akazayisinyira mu mpera z’iki cyumweru. Davis Kasirye, umunya- Uganda w’imyaka 23, ntazibagirwa uyu mwaka w’imikino 2015-16, kuko yitwaye neza muri Rayon sports, bituma ahamagarwa bwa mbere na Milutin Sredojevic ‘Micho’ utoza ikipe y’igihugu […]Irambuye

en_USEnglish