Tags : Paul Kagame

Abatatira u Rwanda akaboko k’amategeko kazabageraho – Kagame

Kuri uyu wa gatanu ubwo Perezida Kagame yatangaga ipeti rya Sous lieutenant ku basirikare 517 barangije amasomo ya gisirikare i Gako yavuze ko abatatira u Rwanda amategeko azabageraho aho bari hose. Ngo ni ikibazo cy’umunsi. Perezida Kagame yabwiye aba basirikare ko baje mu ngabo kugira ngo barinde amahoro y’igihugu cyabo, bagiheshe agaciro kandi nabo ngo […]Irambuye

Perezida Kagame yaraye aganiriye iki n’Abavuga rikijyana b’i Karongi?

Avuye mu Rutsiro kuri uyu wa kane, Perezida Kagame yerekeje i Karongi aho mu ijoro ryakeye yagiranye ikiganiro n’abavuga rikijyana muri aka karere, barimo abayobozi b’inzego z’ibanze, abahagarariye amadini, abacuruzi bakomeye n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri Leta. Mu byo baganiriyeho, Perezida Kagame yababwiye ko mu byo bakora byose bagomba kubumbatira umutekano kuko ari wo shingiro rya […]Irambuye

UN Women yashyize Kagame mu ndashyikirwa 10 ku Isi mu

Kuri uyu wa 18 Kamena 2015, umuryango wa UN Women watangaje ko Perezida Paul Kagame ari mu bayobozi b’ibihugu icumi ku isi bagize uruhare rukomeye cyane mu iterambere ry’umugore. Uyu munsi Minisitiri w’uburinanganire n’iterambere ry’Umuryango yabwiye abanyamakuru ko bishimishije kuri buri munyarwanda kandi bitera imbaraga zo gukomeza gukora neza mu kubaka umuryango nyarwanda uha agaciro […]Irambuye

Rutsiro: Urugendo rwa Perezida Kagame barutegerejemo impinduka mu bukungu

Kuri iki gicamunsi, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari mu ruzinduko mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, abaturage bamutegereje kuri Stade ya Mukebera, abayobozi b’aka karere baremeza ko uru ruzinduko rufite akamaro gakomeye, n’aho umwe mu baturage ati ‘Umukuru w’Igihugu narambe akomeze atuyobore.’ Muri uru rugendo rwa Perezida Kagame, nyuma yo gusura kuri uyu […]Irambuye

‘Untold story’ yavuzwe ku Rwanda, igamije guhisha ‘Untold story’ nyayo

Perezida Kagame avuga ko abanyarwanda bakwiye kumenya impamvu inkuru z’ibyabaye mu Rwanda zivugwa mu mahanga ari izinyuranye cyane n’ibyabaye koko mu Rwanda. Avuga ko nka ‘documentary’ yiswe ‘Rwanda, the untold story’ yo igamije gupfukirana inkuru nyayo Umuryango Mpuzamahanga utifuza ko ivugwa ku byabaye mu Rwanda ngo bibe ari byo bimenyekana. Mu ijambo yagezaga ku bari […]Irambuye

Umuyobozi wa International Finance Company yavuze ko u Rwanda rufitiwe

Jean Philippe Prosper Vici Perezida w’ikigo cya International Finance Company (IFC), kimwe muri bitanu bigize World Bank Group yatangaje kuri uyu wa gatatu ko u Rwanda rufitiwe ikizere mu bucuruzi mpuzamahanga kandi bigaragararira ku isoko ry’imari n’imigabane aho rugenda ruzamuka neza. Jean Philippe wakiriwe na Perezida Kagame kuri uyu wa gatatu yavuze ko kubera ikizere […]Irambuye

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa UAE

Kuri uyu wa 09 Kamena 2015 Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri Sheikh Abdulla bin Zayed al Nahyan n’intumwa yari ayoboye. Ibiganiro byibanze ku kurebera hamwe uko hashyirwaho ubufatanye bukomeye bw’ibihugu byombi. Uyu muyobozi ni ubwa mbere asuye u Rwanda. Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, Madame Reem Al Hashimi Umunyamabanga wa Leta mu by’ububanyi […]Irambuye

Kagame ubu niwe Perezida wa 1 muri Africa ukurikirwa na

Ubu niwe muyobozi w’igihugu ufite abantu benshi bamukurikira muri Africa, nubwo bwose ari umuyobozi wa kimwe mu bihugu bito cyane muri Africa. Gusa akamaro k’imbuga nkoranyambaga mu bukangurambaga ni kanini cyane rimwe na rimwe kurusha ubunini bw’igihugu. Perezida Kagame ubu ageze ku bamukurikira barenga gato Miliyoni imwe. Umwaka ushize mu gihe nk’iki yakurikirwaga n’abantu barenga gato […]Irambuye

en_USEnglish