Tags : Paul Kagame

Kwisabira ko Itegekonshinga rihinduka nayo ni Demokarasi – Mushikiwabo

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri iki cyumweru ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yari kumwe n’uwa Zambia, Harry Kalaba, abanyamakuru babajije Hon Mushikiwabo icyo avuga ku biherutse gutangazwa n’umwe mu bayobozi ba Amerika ku uguhindura itegeko nshinga bisabwa na bamwe mu banyarwanda. Minisitiri Mushikiwabo yasubije ko ababisaba bafite impamvu kandi ifite ishingiro kuko Perezida Kagame babisabira […]Irambuye

Wari wasuura ibiyaga by’impanga bya Burera na Ruhondo?

Hagati yabyo harimo umuhora w’ubutaka wa 1Km gusa ndetse hakabamo na Hotel yakira ba mukerarugendo. Ni ibiyaga biherereye ku birenge by’ikirunga cya Muhabura. Iyo uhagaze haruguru yabyo ahirengeye, ubona neza uburyo byegeranye bigatandukanywa n’umugezi uva muri Burera ukisuka muri Ruhondo. Aha hantu ni hitegeye ikirunga cya Muhabura ku bize ubumenyi bwisi bishobora kubafasha gusobanukirwa uburyo ibi […]Irambuye

Kuganira nibyo bitanga umuti urambye w’ibibazo – Kagame

Mu ijambo ryo gufungura inama y’iminsi ibiri ku kurinda abasivili iteranyije ibihugu 30 bigira uruhare mu gutanga ingabo n’abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, Perezida Paul Kagame yavuze ko kuganira ku bibazo aribyo bitanga ibisubizo birambye mu kuzana amahoro. Iyi nama ivuga ku kubungabunga umutekano w’abaturage b’abasivile (International Conference on the Protection of Civilians), ihuje […]Irambuye

LIVE i Dallas: Iyo mbabonye mwe rubyiruko mbona u Rwanda

Ku nshuro ya mbere urubyiruko rw’abanyarwanda ruba muri Amerika na Canada rugiye kubonanira hamwe mu gikorwa kiswe Rwanda Youth Forum. Uru rubyiruko rurabonana kandi na Perezida Kagame. Ubu (09h00 i Dallas – 4h00 PM mu Rwanda)  uru rubyiruko ruri kwinjira mu nzu mberabyombi iberaho izi gahunda.  Umuseke urakugezaho uko biri kugenda Live… 10h15 AM (5h15 […]Irambuye

Ange Kagame yarangije Kaminuza mu ishami rya Politiki

Kuri iki cyumweru tariki 17 Gicurasi, Ange Kagame yarangije amasomo y’ikiciro cya kabiri cya kaminuza muri Smith College iherereye muri Leta ya Massachusetts. Amasomo ye yibanze cyane muri ‘Science politique’ yize kandi amasomo y’ibirebana na Africa. Ange yarangije hamwe n’abandi banyeshuri bagera kuri 735 bigaga amasomo atandukanye muri iki kigo cyafunguye imiryango mu 1875. Kuri Twitter […]Irambuye

Uwari umunyamakuru w’Umuseke yahembewe guhiga abandi

AIP Jean de Dieu Nsengiyumva ni umupolisi wahize abandi 462 bamaze amezi 13 mu myitozo n’amasomo y’abitegura kuba aba ‘officier’ bato ba Polisi y’u Rwanda. Nsengiyumva yagiye muri iyo myitozo nyuma y’umwaka n’igice yari amaze ari umunyamakuru w’Umuseke.rw Nsengiyumva w’imyaka 27, avuga ko yishimiye cyane gushimirwa na Perezida Kagame wamubwiye ati “Asanti sana” nyuma yo […]Irambuye

Amafoto: Abaturage baragana Inteko basaba ko Itegeko Nshinga rihinduka

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Perezidante w’Inteko Nshingamategeko umutwe w’abadepite Hon Mukabalisa Donatile yakiriye abaturage baturutse mu karere ka Rubavu bazanye ubusabe bwabo ko itegeko nshinga ryahinduka Perezida Paul Kagame akaziyamamaza nyuma ya 2017. Ingingo y’101 y’Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ibuza umukuru w’igihugu cy’u Rwanda kwiyamamariza kuyobora igihugu mandat zirenze ebyiri. Ku […]Irambuye

Niba abantu bawe batagushaka kuki wagumaho? – P. Kagame ku

Perezida Paul Kagame muri St Gallen Symposium iri kubera mu Busuwisi kuva kuwa kane tariki 07 Gicurasi, kuri uyu wa gatanu nibwo yahawe umwanya avuga ku bintu bitandukanye birimo ibibazo bireba u Rwanda n’ibireba akarere. Ku biri kuba mu Burundi yavuze ko atari gusa ikibazo cya Manda ya gatatu ahubwo ari ikibazo cy’umusaruro. Anibaza impamvu […]Irambuye

Ngororero: Abahinzi b’icyayi nabo ngo barashaka Kagame nyuma ya 2017

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2015 abahinzi b’icyayi 1 800 bo muri Kopertive COTRAGAGI-RUBAYA mu karere ka Ngororero bashyizeho umukono ku ibaruwa banditse basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ibuza umukuru w’igihugu kwiyamamariza manda zirenze ebyiri yahinduka kugira ngo Perezida Paul Kagame akomeze kubayobora kubera ibyo yabagejejeho nk’uko babivuga. Bavuze ko Perezida Paul Kagame […]Irambuye

Mzee Rutayisire YITABYE IMANA

Ruhango – Nyuma y’amasaha 48 abwiye umunyamakuru w’Umuseke ko ari mu minsi ye umukambwe Rutayisire Gervais yatabarutse ku myaka 92 mu rukerera rwo kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015. Mbere y’uko atabaruka yari yabwiye Umuseke ko azagenda yishimye kubera uko asize u Rwanda. Uyu musaza yamenyekanye kubera kwifuza kubonana na Perezida Kagame, uyu akamutumira iwe […]Irambuye

en_USEnglish