Tags : Paul Kagame

Nta Munyarwanda ukwiye kwemera kugaragurwa – Kagame

Mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, imbere y’Abadepite, Abasenateri n’abayobozi mu nzego zitandukanye mu Rwanda, kuri uyu wa kane tariki 13 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko yishimiye irekurwa, n’igaruka mu Rwanda rya Lt Gen.Karenzi Karake, ndetse asaba Abanyarwanda kwitegura urugamba rwo kwanga kugaragurwa no kurenganywa kuko bitagomba gukomeza. Perezida Kagame yari mu […]Irambuye

IMIHIGO: Huye yaje imbere, Gakenke inyuma, Gatsibo yongera kwibazwaho

Mu kumurika imihigo ya 2014-2015 no guhiga imihigo mishya y’uturere imbere ya Perezida wa Republika, Akarere ka Huye niko kaje imbere y’utundi kageze ku mihigo ishize ku kigero cya 83%. Uturere twaje inyuma ni Karongi na Gakenke, gusa Perezida Kagame yongera guhwitura uturere tw’Iburengerazuba ndetse anibaza kuri Gatsibo yongeye kuza mu turere dutandatu twa nyuma. […]Irambuye

Kagame yasuye agakinjiro ka Gisozi, ashimira abishyize hamwe

Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri yasuye agace gakunze kwitwa Agakinjiro gaherereye ku Gisozi mu karere ka Gasabo. Aha huzuye amazu y’amagorofa y’ubucuruzi mu gihe gito yubatswe ahanini n’amakoperative ane y’abacuruzi bahoze bakorera mu kajagari ku Muhima hafi ya Gereza ya Kigali. Paul Kagame yabashimiye kwishyirahamwe n’umusaruro biri gutanga. Perezida Kagame […]Irambuye

Kagame n’intumwa ya Ban Ki-moon baganiriye ku mutekano mu karere

* Abdoulaye Bathily yavuze ko ikibazo cy’u Burundi mbere na mbere kireba Abarundi * UN ngo irakomeza gufatanya n’ibihugu byo mu karere ku kubazo cy’i Burundi Abdulaye Bathily intumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye mu karere k’ibiyaga bigari yakiriwe mu biro bya Perezida Kagame kuri uyu wa kane baganira ku birebana n’umutekano muri aka karere […]Irambuye

AZAM FC bwa mbere mu mateka yayo yegukanye CECAFA Kagame

Ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA y’amakipe yabaye aya mbere mu karere riterwa inkunga na Perezida Paul Kagame, kuri iki cyumweri ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania niyo yaryegukanye itsinze Gor Mahia yo muri Kenya ku bitego bibiri ku busa. Iyi kipe nibwo bwa mbere yegukanye iri rushanwa. AZAM FC ya Mugiraneza Jean […]Irambuye

Sena n’Abadepite BEMEJE ko ubusabe bw’abaturage bufite Ishingiro…

Muri iki gitondo umunyamakuru w’Umuseke uri mu Nteko Ishinga Amategeko yaganiriye n’abaturage baturutse mu turere twa Gasabo, Musanze, Nyagatare, Gicumbi, Gakenke n’ahandi bavuga ko baje kumva icyo Inteko Ishinga Amategeko yanzura ku busabe bwabo bagejeje ku Nteko basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ivugururwa. Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena ugizwe n’abasenateri 24, ni wo […]Irambuye

Kagame n’umuyobozi wa MasterCard F. baganiriye ku iterambere ry’uburezi

Mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda, umuyobozi wa MasterCard Foundation, Reeta Roy yakiriwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa mbere baganira ku iterambere ry’uburezi mu Rwanda no muri Africa. Abayobozi ba MasterCard Foundation barimo umuyobozi wayo Reeta Roy ndetse n’abagize Inama y’Ubutegtsi barimo Fetus Mogae wabaye Perezida wa Botswana, Don […]Irambuye

Kuwa kabiri nibwo Inteko izanzura ku busabe bwo kuvugurura Itegeko

Ibiro bishinzwe gutangaza amakuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda byatangaje kuri uyu wa gatanu ko kuwa kabiri utaha tariki 14 Nyakanga 2015 saa tatu za mugitondo Inteko rusange umutwe w’Abadepite izaterana ngo “Yemeze ishingiro ry’ibyifuzo by’abanyarwanda ku ivugururwa ry’ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga.” Mu mpera z’ukwezi gushize mbere gato y’ifatwa rya Lt Gen Karenzi Karake […]Irambuye

Igiciro cy’urugendo Kigali – Kamembe n’indege cyagabanyijwe

Nyuma y’iminsi ibiri Perezida Kagame asabye ko igiciro cy’urugendo Kigali – Kamembe n’indege za Rwandair ku banyarwanda kigabanywa, iyi sosiyete yahise itangaza igiciro gishya cyagabanutseho amadorari arenga 90$. Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’abavuga rikijyana bo mu karere ka Rusizi na Nyamasheke mu ntangiriro z’iki cyumweru dusoje yababwiye ko yasabye ko igiciro cy’urugendo n’indege hagati ya […]Irambuye

Intambara y’amasasu yararangiye – Perezida Kagame

Mu ijambo ry’umunsi wo kwibohora Perezida Kagame yagejeje  ku banyarwanda no ku batuye Umurenge wa Rubaya mu karere ka Gicumbi by’ubwihariko, yavuze ko intambara y’amasasru yarangiye ariko intambara yo kwihesha agaciro no kubaka igihugu igikomeje. Aha muri aka gace niho ingabo za APR zamaze igihe ziba mu gihe cy’urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika […]Irambuye

en_USEnglish