Tags : Nyanza

Nyanza: Abahejwe n’amateka b’i Rusizi baje kwigira ku babumbyi bateye

Bamwe mu basigajwe inyuma  n’amateka bo mu kareree  ka  RUSIZI bakoze urugendoshuri  kuri bagenzi babo b’i GATAGARA  mu karere  ka Nyanza mu rwego rwo kubigiraho gukora ububumbyi buteye imbere. Abasigajwe  inyuma n’amateka b’i Rusizi bari kwigira  kuri bagenzi babo bo mu karere ka Nyanza bibumbiye muri koperative y’ababumbyi (Poterie locale de  Gatagara), uburyo uyu mwuga […]Irambuye

Nyanza: Batewe impungenge na essence zicururizwa mu nzu babamo

Abatwara ibinyabiziga binywa Mazout na essance mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza bavuga ko kuba batagira aho babigura hafi, ari kimwe mu bibagora mu kazi kabo ka buri munsi, ku bw’iyo mpamvu ababicuruza babicururiza mu nzu babamo. Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo MUNYANTWALI Alphonse avuga ko bagiye gushaka uburyo hashyirwaho ahantu ho gucururizwa mazout na […]Irambuye

Nyanza: Indabo zo ku mva mu rwibutso rwa Jenoside zatwitswe

Kabagamba Canisio ihagarariye IBUKA mu Karere ka Nyanza yabwiye Umuseke ko abacitse ku icumu bo mu murenge wa Mukingo, Akagali ka Mpanga, umudugudu wa Nyakabuye bababajwe no kubona Leta yigisha ubumwe n’ubwiyunge ariko hakaba hari abantu bakitwikira ijoro bagakora ibikorwa byo gushinyagura harimo, nk’ibyabaye byo gutwika indabo zari ku mva ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe […]Irambuye

Nyanza: Abakecuru b’Incike ngo bakimara gutuzwa hamwe bashatse kuhava

*Nka saa 11h00, bicaye mu gacaca bota akazuba, baganira, bakwakirana ubwuzu, *Bamwe babona inkunga y’ingoboka bagenerwa gusa ngo hari abatayibona Incike za Jenoside zigizwe n’abakecuru 17 n’abasaza babiri batujwe mu mudugudu bubakiwe mu kagari ka Mushirarungu, mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza, bavuga ko inzitizi zo kutamenyera aha batujwe no kubuzwa gusohoka bya […]Irambuye

Hadi Janvier yegukanye Race for Culture ku nshuro ya kabiri

*Mu bakobwa isiganwa ryasojwe na Munyarwandakazi urimo, ryegukanwa na Dawit Mengis Yohana wo muri Eritrea  Hadi Janvier ukinira Bike Aid yo mu Budage yongeye kwegukana isiganwa ry’amagare ryitiriwe umuco ryahagurutse i Nyamagabe risorezwa i Nyanza, ku ntera ya Km 119,6. Tariki 11 Nyakanga 2015, nibwo Hadi Janvier yaherukaga gutsinda isiganwa muri Rwanda Cycling Cup. Nabwo […]Irambuye

Nyanza: Umunyeshuri wigaga imyuga yarohamye mu cyuzi arapfa

Placide Niyitegeka w’imyaka 18, ni mwene Bigizimana Prospere na Umugwaneza Francoise iwabo batuye mu mujyi wa Kigali, yaraye arohamye mu cyuzi ubwo yarimo yogana na bagenzi be batanu na n’ubu umurambo we nturaboneka. Uyu munyeshuri wigaga muri Nyanza Technical School mu mwaka wa gatandatu mu ishami ry’ubwubatsi yagiye koga mu cyuzi cya Nyesonga mu murenge […]Irambuye

Polisi yagaragaje abahamagaraga abantu bababeshya ngo batsindiye ibihembo

*Aberekanywe ni abasore batanu bakiri bato, *Barakekwaho kuba bamwe mu bajya bahamagara umuntu bamubwira ko yatsindiye ibihembo, bakamurya amafaranga, *Bafashwe bamaze gutekera umutwe umukecuru ko, Jeanette Kagame yemeye kurihira umwana we amashuri bamwaka amafaranga 53 000, *Aberekanywe bose bakomoka mu karere ka Nyanza. Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yerekanye abasore batanu bakurikiranwyeho guteka […]Irambuye

Nyanza: Umunya-Arabia Saoudite yahaye abatishoboye inzu 180

*Azatangira mutuel de sante abaturage 10 000 batishoboye b’i Nyanza na Huye *Ngo abikorera umutekano n’amahoro biri mu Rwanda byatumye aza no kuhashora imari *Avuga ko azanubakira ku buntu urubyiruko rugiye kurushinga rudafite amikoro Iki gikorwa cyo kubakira ku buntu amazu 180 y’abatishoboye cyabereye mu mudugudu wa Mugandamure akagari ka Kavumu umurenge wa Busasamana mu […]Irambuye

U Rwanda rugiye kujya rwinjiza Miliyoni 200 $ buri mwaka

Mu gikorwa cyo gutangiza kumugaragaro umushinga “One Million” w’ubuhinzi bw’igihingwa cya Macadamia cyabaye kuwa mbere Tariki 30 Ugushyingo, Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangaje ko u Rwanda rugiye kujya rwinjiza inyungu ingana na Miliyoni 200 z’Amadolari y’Amerika (asaga Miliyari 148 z’amafaranga y’u Rwanda) iturutse ku musaruro w’ubuhinzi bwa Macadamia. Uyu muhango wo gutangiza “One Million Project” wabereye […]Irambuye

en_USEnglish