Tags : Nyanza

Gisagara: Abanyeshuri bataye ishuri bagana umushinga ubaha ibiraka

Mu mirenge ikora ku mugezi w’Akanyaru ya Muganza, Nyanza, Gishubi, Mamba, Kigembe, Mukindo na Kibirizi haravugwa umubare munini w’abana bata ishuri bakajya gukora mu mushinga ugamije kubungabunga igishanga cy’Akanyaru witwa FONERWA. Ubuyobozi bwemeza ko iki kibazo gihari ariko bari kugikurikirana. Aba banyeshuri bataye ishuri biganjemo abiga ku bigo bya ES Gakoma,ES Nyanza, ES Mukindo, ES […]Irambuye

Abouba na Makezi basinye muri Gor Mahia baguzwe 37 000U$

16 Mutarama 2015 – Karim Nizigiyimana bita Makenzi na Abouba Sibomana, ba myugariro babiri bari ab’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa gatanu basinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukina mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya baguzwe bombi 37 000USD nk’uko byemezwa n’ikipe ya Rayon Sports yamaze no kubaha inzandiko zo kubarekura. Umuvugizi w’ikipe ya […]Irambuye

Mukura 0 – 0 Rayon, Imikino ibaye irindwi nta ntsinzi

11 Mutarama 2015 – Ku munsi wa 13 wa shampionat ari nawo wasozaga agace ka mbere ka shampionat (phase aller) warangiye ikipe ya Mukura inganyije na Rayon Sports, iyi kipe y’i Nyanza ikaba yakomeje ibihe bibi kuko imaze iminsi irindwi ya shampionat idatsinda. Muri uyu mukino wari witezwe kurusha indi uyu munsi, Mukura yari yakiriye […]Irambuye

Tardy mu biganiro na Rayon ariko ntaragera mu Rwanda

Richard Tardy yabwiye Umuseke ko ari mu biganiro byo kuba yaza gutoza ikipe ya Rayon Sports nibumvikana. Gusa avuga ko ataraza mu Rwanda ngo bumvikane nk’uko bimwe mu bitangazamakuru mu Rwanda byabyemezaga. Nimugoroba kuri uyu wa 14 Ukwakira 2014, Richard Tardy ku murongo wa Telephone yabwiye Umuseke ko ari iwabo mu Bufaransa. Ati “ Namenye […]Irambuye

Update: Peter Kagabo yasinye imyaka ibiri muri Rayon

Update: Ku mugoroba wo kuwa gatanu tariki 10 Ukwakira, umukinnyi Peter Otema (Peter Kagabo) wakiniraga ikipe ya Police Fc yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri gusa ntabwo hatangajwe umushahara n’ikiguzi cyatanzwe kuri uyu mukinnyi. Andi makuru avugwa mu ikipe ya Rayon Sports ni ay’umukinnyi Sina Jerome ushobora kuba yaranze kujya i Nyanza ngo asange bagenzi […]Irambuye

Richard Tardy na Goran Kopunovic basabye gutoza Rayon

Abatoza Richard Tardy na Goran Kopunovic bombi baciye mu Rwanda umwe mu makipe y’igihugu y’abato undi mu ikipe ya Police FC Umuseke wamenye ko bagejeje amaruwa asaba akazi mu ikipe ya Rayon Sports, kimwe n’abandi batoza benshi ariko batazwi cyane. Amakuru dukesha bamwe mu b’imbere muri iyi ikipe y’i Nyanza aravuga ko Goran Kopunovic, wasezerewe […]Irambuye

CECAFA: Rayon irangije imikino yo mu matsinda ari iya mbere

Rayon Sports yarangije imikino yo mu itsinda ryayo iri imbere, ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Atlabara yo muri Sudani y’Epfo igitego kimwe ku busa kuri uyu wa gatandatu nimugoroba kuri stade i Nyamirambo. Atlabara yagaragaje ubuhanga mu kugarira igice cya mbere kirangira amakipe yombi anganya ubusa ku busa, nubwo Rayon Sports yari yagaragaje gusatira […]Irambuye

Rayon Sports itsinze umukino wayo wa mbere muri CECAFA2014

10 Kanama 2014 – Kuri iki cyumweru nijoro, Kambale Salita Gentil niwe uhaye intsinzi ikipe ya Rayon Sports ku bitego bibiri yatsinze kuri kimwe cy’ikipe ya Adama City yo muri Ethiopia mu mukino wa kabiri wo mu itsinda A. Umukino ugitangira Adama yayoboye umukino nk’iminota 10 isatira cyane. Nyuma y’iminota 15 Rayon Sports ifata umukino […]Irambuye

Umutoza wa Rayon yasinye amasezerano y'umwaka umwe

Kuri uyu wa 23 Nyakanga nibwo Jean François Losciuto  yasinye amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza mushya wa Rayon Sports. Ni nyuma y’iminsi ine ageze mu Rwanda kumvikana, ndetse akaba yari yanatangiye akazi kuva kuwa mbere w’iki cyumweru. Aya masezerano yayasinyanye n’umuyobozi wa Rayon Sports Ntampaka Theogene i Nyanza aho iyi kipe iba. Uyu mutoza w’Umubiligi yavuze ko aje […]Irambuye

Djamal yasubiye i Nyanza gusaba amasezerano barayamwima

Mwiseneza Djamal amasezerano ye muri Rayon Sports yari yarangiye, ubuyobozi bw’iyi kipe bwaramwegereye ngo yongere amasezerano aranga ubuyobozi butangaza ko yifuza amafaranga menshi, hari amakuru avuga ko uyu musore yifuzwaga n’ikipe ya APR FC. Uyu munsi uyu musore  yasubiye i Nyanza gusaba ayo masezerano barayamwima. Theogene Ntampaka umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

en_USEnglish