Tags : Nyanza

Impano yahaye uwamuhishe muri Jenoside ni ukumugira umugore we

Amajyepfo – Nyanza.  Ni ikimenyetso gikomeye cyo gushimira aho Bimenyimana yashakanye na Nishyirimbere wamuhishe ari umukobwa nawe akiri umusore mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ngo nta nyiturano yindi yari amufitiye uretse kumuha urukundo. Mu muhango wo kwibuka mu murenge wa Cyabakamyi bibukaga abishwe muri Jenoside cyane cyane benshi bajugunywe mu mugezi wa Mwogo, Bimenyimana […]Irambuye

Abanyamategeko 428 barangije muri ILPD, 118 ni abanyamahanga

*u Rwanda ngo rwungutse ba Ambasaderi benshi muri aba banyamahanga Nyanza –  Kuri Stade ya Nyanza ishuri ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD) uyu munsi ryatanze impamyabumenyi ku barangije ikiciro cyisumbuye mu by’amategeko bagera kuri 428, muri bo harimo abavuye mu bindi bihugu 118 baje gushaka ubumenyi hano. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’umwarimu w’iri shuri yavuze ko abarangije […]Irambuye

Prof. Lawrence Lessig wahanganye na Hillary Cliton yasuye ILPD/Nyanza

Nyanza – Kuri uyu wa kane mu Ishuri Rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (Institute of Legal Practice and Development, ILPD), umukandinda mu ishyaka rya ba Democrate wahanganye na Hilary Cliton mu gushaka uzahagararira iryo shyaka mu matora aheruka ya Perezida wa USA, Prof. Lawrence Lessig yasobanuriye abanyeshuri “Demokarasi”. Prof. Lawrence Lessig ni Umwarimu muri Havard University wigisha Demokarasi […]Irambuye

Mu mahame remezo 6 y’u Rwanda iry’uburinganire niryo rikiri hasi

Mu rugendo itsinda ry’abasenateri ryakoreye mu ishuri rikuru rigamije kwigisha no guteza imbere amategeko(Institute of Legal Practice and Development) kuri uyu wa mbere Senateri Tito Rutaremara yatangaje ko mu mahame atandatu igihugu kigenderaho, iry’uburinganire ariryo rikiri inyuma. Uru rugendo rugamije kwibutsa inzego zitandukanye amahame remezo agenga Politiki y’igihugu, kuko ngo amategeko yose  u Rwanda rugenderaho […]Irambuye

Nyanza/Amayaga: Umugabo wo muri Saudi Arabia yabaruhuye kunywa amazi mabi

Umugabo ukomoka muri Arabia Saoudite/Saudi Arabia yahaye amazi abaturage bo mu kagari ka Mututu mu Murenge wa Kibirizi n’abo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bavuga ko bishimiye ko baruhutse indwara zituruka ku mwanda baterwaga no kunywa amazi y’ibishanga cyangwa ay’uruzi rw’Akanyaru. Imiyoboro y’amazi igizwe n’amariba 28  bifite agaciro  ka miriyoni 60 niyo […]Irambuye

I Nyanza huzuye ikusanyirizo ry’imyanda rya miliyari 3

Mu karere ka Nyanza huzuye ikusanyirizo ry’imyanda (ikimoteri) rifite agaciro ka miliyari zisaga eshatu rizajya ryakira imyanda yose y’aka karere rikayitunganyamo ibindi k’ifumbire. Ubusanzwe imyanda yo muri aka karere bayijyanaga mu kimoteri cy’Akarere ka Ruhango. Ntazinda Erasme umuyobozi w’Akarere ka Nyanza avuga ko iri kusanyirizo ry’imyanda rizatunganyirizwamo imyanda yose irimo n’iva mu bigo by’amashuri kugira […]Irambuye

Nyanza: Ubuhinzi bujyanye n’amakuru yizewe y’iteganyagihe mu gace k’Amayaga

*Abaturage bagira uruhare mu guhitamo imyaka bazahinga bagafatanya n’ushinzwe ubuhinzi. Mu Rwanda imbogamizi ikomeye mu buhinzi ni ukubura amakuru y’uko ikirere kizaramuka bituma bamwe mu bahinzi bahombywa no kurumba kw’imyaka bitewe no kutamenya icyo bazahinga bijyanye n’ingano y’imvura izagwa, mu Karere ka Nyanza, mu mpera z’icyumweru gishize, abaturage basobanuriwe ingano y’imvura ihari banumvikana ku bihingwa […]Irambuye

Ikiraro cya Rwabusoro kiri kubakwa, Nyanza na Bugesera barongera bahahirane

Abaturage bo mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza baravuga ko ikorwa ry’ikiraro cya Rwabusoro gihuza Intara y’Amajyepfo n’Intara y’iburasirazuba kigiye kongera ubuhahirane hagati yabo n’abo hakurya mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Bugesera. Uturere twombi kandi ngo tukongera guhahirana muri rusange. Ikiraro cya Rwabusoro cyari cyaracitse tariki ya 15 Ukwakira 2014 nyuma […]Irambuye

Kigeli amaze gutabarizwa i Mwima ya Nyanza….

Mu muhango ukomeye wo gusezera bwa nyuma Umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, Umugogo we wageze i Nyanza mu Rukari uherekejwe n’abantu benshi bari mu modoka zisaga 100, harimo abo mu muryango we n’inshuti n’abavandimwe baje kumusezeraho bwa nyuma bwere yo kumushyingura. I Nyanza ubuzima busa n’ubwakomeje uko bisanzwe, gusa bamwe muri rubanda rusanzwe baje kwifatanya n’umuryango […]Irambuye

Umusaruro: i Nyanza bahuye na nkongwa, Kirehe, Gatsibo, Kayonza ubu

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yakusanyaga ibitekerezo mu bahagarariye abahinzi mu turere tunyuranye tw’igihugu, bamwe muri bo batanze amakuru y’uko umusaruro w’ibigori n’ibishyimbo wifashe aho baturutse, Kirehe, Kayonza na Gatsibo nga nta nzara igihari kuko bireze, muri Nyanza bahuye na nkongwa bityo ubu ntibiteze umusaruro mwinshi, Rusizi na Kamonyi ho ngo hamwe bimeze […]Irambuye

en_USEnglish