Tags : Muhanga

Muhanga: Akarere karemeye umuturage warwanyije abacengezi mu 1998

Mu muhango wo kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’intwari wabereye mu Murenge wa Kibangu, ho mu Karere ka Muhanga, Ubuyobozi bw’Akarere bwahaye inka umuturage witwa Saidi Mporanzi wagize ruhare runini mu guhashya abacengezi mu 1998. Mporanzi yabwiye Umuseke ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubwo yari Konseye wa Segiteri Kibyimba muri Komini Nyakabanda habaye ibikorwa […]Irambuye

Muhanga: Urukundo rwatumye ashyingiranwa n’umugore ufite imyaka 62

Umusore Abdoulkarim Nsabimana wo mu Mudugudu wa Kavumu, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga yashyingiranywe n’umukunzi we Hadidja Mukankusi w’imyaka 62 y’amavuko kuri uyu wa 31 Mutarama 2016, aba bombi bavuga ko urukundo rutareba imyaka umuntu afite. Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru, abantu babarirwa mu majana bari mu bukwe bwa Abdoulkarim Nsabimana […]Irambuye

Muhanga:Abagore b’ibyiringiro basengeye amatora ya 2016

Kuri iki cyumweru mu giterane mpuzamatorero cyateguwe n’abagore b’ibyiringiro mu karere ka Muhanga  Jacqueline Nyinawumuntu Perezida w’ibyiringiro muri aka karere avuga ko bahangayikishijwe no gusengera amatora kuko ngo Ubuyobozi bwose buva ku Mana bityo ko inshingano Abakristo bagira ku isonga haza gusengera igihugu. Iki giterane cyahuje amatorero n’amadini, inzego zitandukanye z’Akarere na bamwe mu bagize […]Irambuye

Muhanga: Ikibanza RSSB imaranye imyaka 5 cyamezemo ikigunda

*Hashize imyaka itanu Akarere ka Muhanga gahaye RSSB ikibanza cyagombaga kubakwamo inyubako igezweho; *Iki kibanza ubu cyamezemo ikigunda, ibihuru, n’ibitovu; *Ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko imirimo yo kubaka igiye gutangira. Iki kibanza ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko bwahaye Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (Rwanda Social Security Board) mu mwaka w’2010 giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, ngo […]Irambuye

Muhanga: Ubuyobozi mu nzibacyuho ngo burakomeza guhangana n’abubaka mu kajagari

Kuri iki cyumweru mu biganiro byahuje abikorera mu mujyi wa Muhanga n’inzego zitandukanye, Yvonne Mutakwasuku umuyobozi w’akarere ka Muhanga yatangaje ko atangazwa na bamwe mu baturage cyane cyane bari mu byiciro by’abacuruza ku dutaro n’abubaka mu kajagari ko bamubaza igihe azasoreza manda kugirango babone uko bakora iyo mirimo ntawe ubabangamiye. Muri ibi biganiro umuyobozi w’akarere […]Irambuye

Igitangaza cy’u Rwanda gusa: Abishe n’abiciwe babaye inshuti zitumirana

Muhanga – Jenoside yakorewe Abatutsi ni amateka mabi cyane akomeye yabayeho mu Rwanda, amahoro n’ubumwe n’ubwiyunge ni andi mateka meza cyane nayo ariho ubu mu Rwanda, ariko kuba imwe mu miryango irimo abishe Abatutsi ubu ibanye neza isangira kandi itumirana n’abarokotse yiciye abantu bayo byo ni igitangaza kihariwe n’u Rwanda. Francois Ngirabatware wagize uruhare mu […]Irambuye

Rubanda bati iki kuri REFERENDUM yo kuwa gatanu?

*Abenshi twaganiriye ntibazi ibikubiye mu Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Benshi ariko barabizi neza ko Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Bacye ntabyo bazi, bazi ko amatora yo kuwa gatanu ari ayo gutora Kagame *Benshi ikibashishikaje ni ugutora Referendum kugira ngo P.Kagame yongere yiyamamaze. *Umwe yavuze ko bazamutora ariko amusaba kugabanya imisoro Abanyamakuru b’Umuseke mu mujyi wa Kigali, mu turere […]Irambuye

Muhanga: Abantu 2 bapfiriye mu kwishimira ko Moto yari yibwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga n’abakora umwuga wo gutwara abantu kuri Moto ‘Abamotari’ babyukiye mu gikorwa cyo gushakisha Moto yibwe, bamaze kuyibona ku gicamutsi abantu babiri (2) barimo n’Umumotari umwe basize ubuzima mu kwishimira ko yabonetse. Hari hashize icyumweru Moto ifite nomero ya ‘plaque […]Irambuye

Muhanga: Mayor yavuze ko manda ya Nyobozi itazasiga ababaji mu

Mu nama  yahuje  abikorera bo mu mujyi wa Muhanga n’inzego zitandukanye z’akarere umuyobozi w’aka karere Yvonne Mutakwasuku yavuze ko komite Nyobozi itazasoza manda  yayo  isize serivisi z’ububaji zikiri mu kajagari mu mujyi rwagati. Impamvu nyamukuru Mutakwasuku  yashingiyeho  zirimo kuba  harubatswe agakiriro ubu kari hafi kuzura, kuba Akarere ka Muhanga kari mu mijyi itandatu yatoranijwe  mu […]Irambuye

en_USEnglish