Tags : Muhanga

Muhanga: Stade bayihinduye aho basambanyiriza abana

Hashize igihe havugwa  ko  hari bamwe mu bacuruzi   n’abayobozi  bashuka abana  bato   bakabajyana kubakoresha imibonano mpuzabitsina  muri stade ya Muhanga  cyane cyane mu gihe cy’ijoro. Ubusambanyi  bukunze kuvugwa  muri za hoteli,  mu mazu y’amacumbi akodeshwa bita ‘Lodge’. I Muhanga ahantu hashya hadasanzwe ngo niho ubusambanyi bw’abakuru bashutse abana bwimukiye, muri Stade ya Muhanga.Ngo kuko hariya […]Irambuye

Muhanga: Abikorera mu gihombo kubera ibura ry’amashanyarazi

Abikorera bo mu mujyi wa Muhanga, batangarije Umuseke ko bafite igihombo gikomeye bari guterwa n’ibura rya hato na hato ry’umuriro, rituma batabasha gukora cyane cyane mu masaha y’umugoroba, barasaba EWSA kugira icyo ibikoraho. Hashize ukwezi kurenga amashanyarazi muri uyu mujyi wa Muhanga ataboneka guhera saa kumi n’imwe (17h) z’umugoroba akagaruka ahagana saa ine za nijoro. […]Irambuye

Executif w’Akarere ka Muhanga yatawe muri yombi

Ahagana saa mbili z’ijoro kuri uyu wa 03 Kamena nibwo Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yinjijwe muri bridage ya Muhanga, Polisi y’u Rwanda imaze iminsi mu iperereza ku inyerezwa ry’amafaranga no gutanga sheki zitazigamiwe ku bakinnyi b’ikipe ya AS Muhanga igenzurwa n’Akarere. Mu kwezi gushize umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief […]Irambuye

Muhanga: Abanyamaguru barinubira kudahabwa agaciro n’abatwara ibinyabiziga

Abakora ingendo n’amaguru mu Mujyi wa Muhanga barinubira cyane kudahabwa agaciro n’abatwara ibinyabiziga. Mu byo binubira cyane harimo ko abatwara ibi binyabiziga babihagarika ahantu hasanzwe hagenewe abanyamaguru. Abanyamaguru kandi binubira ko kenshi na kenshi abafite ibinyabiziga babafungiraho amaferi ndetse rimwe na rimwe bakabagonga. Nyuma y’Umujyi wa Kigali; uyu Mujyi  wa Muhanga niwo uza ku mwanya […]Irambuye

Muhanga: KCB yunamiye inzirakarengane zishyinguwe Nyarusange

Abakozi ba Banki  y’ubucuruzi y’Abanyakenya (KCB)  bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zishyinguwe mu rwibutso ruherereye mu  Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga. Muri iki gikorwa Umuyobozi w’iyi Banki ishami rya Muhanga Bayiringire Louis yavuze ko  kwibuka bitagomba guharirwa  abarokotse gusa. Aba bakozi  ba Banki  y’ubucuruzi y’Abanyakenya bavuga ko batekereje  kunamira inzirakarengane  […]Irambuye

Muhanga: Ishuri ACJ Karama umusemburo w’ireme ry’Uburezi

Ishuri ryisumbuye rya ACJ Karama riherereye mu Murenge wa Muhanga, ho mu karere ka Muhanga, ryatangiye mu mwaka w’1983 ritangirana n’amashami ane.  Mu mwaka ushize ryaje ku mwanya wa kabiri ku rwego r’igihugu, uyu mwanya bawukesha  ireme ryiza ry’Uburezi. Iri Shuri ryisumbuye ryashinzwe n’ishyirahamwe ry’ababyeyi ( Association pour la contribution à l’Education de la Jeunesse) […]Irambuye

en_USEnglish