Tags : MINEDUC

Gicumbi: Mwarimu arasabwa kuzamura ireme ry’uburezi mu gihe imbogamizi kuri

Umunsi wahariwe mwarimu uba tariki ya 05 Ukwakira wizihijwe no mu karere ka Gicumbi, aho benshi mu barimu  bashimwaga ku rwego bagezeho mu burezi, ariko banasabwa kongera imbaraga mu mwuga wabo. Mu rwego rwo kunoza neza umwuga, abarimu barasabwa gushyira imbaraga mu kugarura abana bataye ishuri bakabigira inshingano yabo, ndetse bakitabira amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi, […]Irambuye

Ngoma/Rukira: Umunyeshuri wigaga mu wa kane secondaire yishwe n’agafuniko k’ikaramu

Mu murenge wa Murama kuri uyu wa kabiri  tariki 04.10 2016 (15h5min) mu Kigo cy’Ishuri cya E.P Rukira Umunyeshuri witwa Batamuriza Jeannine, w’imyaka 13, wigaga P4 yitabye Imana azize urupfu rutunguranye, nyuma yo kumira agapfundikizo k’ikaramu. Batamuriza Jeannine akomoka mu murenge wa Rukira mu kagari ka Buriba se yitwa Hategekimana Petero, nyina ni Nyirabagenzi Jeannette. […]Irambuye

Burera: Kuri G.S Kirambo si ngombwa ko umunyeshuri wese azatunga

Abanyeshuri n’abarezi ku ishuri ryisumbuye rya Kirambo bemeza ko kuba umunyeshuri wese yatunga telefoni bishobora guteza ikibazo, haba mu myitwarire ye n’imikoreshereze yayo, ariko kuri iki kigo hashyizweho telefoni rusange aho umunyeshuri avugana n’ababyeyi be igihe biri ngombwa kandi agatelefona abashinzwe imyitwarire ye bamwumva. Ku ruhande rw’abanyeshuri ngo iyi telefoni yarabafashije kuko ntibakibirukana kubera ko […]Irambuye

Burera: Kwigira kuri mudasobwa byafashije abana biga ku ishuri ribanza

 Nyuma y’imyaka itandatu ishize ishuri ribanza rya Kirambo riri mu karere ka Burera mu cyaro cya kure, rigejejweho gahunda ya mudasobwa kuri buri mwana (One Laptop per Child), abarimu bavuga ko iyi gahunda yazamuye imyumvire y’abana kuburyo idatandunye n’iy’abo mu mujyi, n’ubwo modem ibafasha kwiga Icyongereza n’ibindi igiye kumara amezi umunani idakora. Umulisa Claudine umwarimu […]Irambuye

Mu Rwanda ikibaho n’ikaye mu mashuri bigiye gusimburwa na mudasobwa

Umuyobozi ushinzwe kuvugira Sosiyete ASI-D yiyemeje gukwirakwize mudasobwa zikorerwa mu Rwanda mu mashuri yose yisumbuye, Theodore Ntalindwa yavuze ko intego yo gukora ibizamini bya Leta binyuze mu ikoranabuhanga byanze bikunze izagerwaho mu 2018 akurikije uko abantu bitabira kugura mudasobwa batanga zikazishurwa mu byiciro. Kuri uyu wa kane Sosiyete Africa Smart Investments- Distribution yahuye n’abayobozi b’ibigo […]Irambuye

Miliyari 29 Frw zashyizwe mu masomo yitezweho guhangana n’ubushomeri

I Kigali, kuri uyu wa 05 Nzeli hatangijwe ikiciro cya Gatatu cy’Itorere ‘Intagamburuzwa’ ry’urubyiruko rwiga mu mashuri makuru yo mu Rwanda bazahugurwa uko bazasoza amasomo yabo babasha kwihangira imirimo. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Dr Ntivuguruzwa Celestin avuga ko amasomo yitezweho guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri yashyizwemo asaga miliyari 29. Iki kiciro cya Gatatu kizatorezwamo urubyiruko 2 500 bo […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko 18 rwasoje urugerero rwashimiwe ko rufasha mu gukemura

Kuri uyu wa kane tariki ya 01 Nzeri 2016, Urubyiruko rugera kuri 18 rwatoranyijwemo mu murenge wa Rubaya, mu barangije urugerero 236, bakaba barafashijwe n’Umuryango Umuhoza mu kubahugurira kwigisha abaturage uko bakemura amakimbirane no kubajijura mu gusoma no kwandika, bahembewe akazi bakoze mu kubaka igihugu. Uru rubyiruko rwavuye mu itorero rwabwiwe ko ari imbaraga n’amaboko […]Irambuye

Abanyeshuri bahanze udushya muri IPRC East ngo nta bwoba bafite

Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ngo ryishishikajwe no guteza imbere no gushyigikira umuco wo guhanga udushya dukemura ibibazo by’abaturage tukanabateza imbere, utwo dushya tukagera ku baturage ku bufatanye n’abashoramari n’izindi nzego.Bamwe mu banyeshuri bahanze udushya muri iri shuri bavuga ko bizeye akazi igihe bazaba barangije. Umuyobozi wa IPRC East Dipl.-Ing. […]Irambuye

Karongi: Abo mu burezi bw’imyaka 12 bagenda Km 30 bagiye

Mu bigo bitandukanye byo mu byaro, bifite uburezi bw’imyaka 12 barataka ko batagira ibikoresho bihagije bibafasha mu myigire, bagakora ingendo ndende bajya kubivumba mu bindi bigo bibifite kandi byose ari ibya Leta, mu byo badafite ni Laboratoire ku biga Sciences, Amasomero atabamo imfashanyigisho zigezweho aho bakifashisha izakera n’ibikoresho by’ikoranabuhaga. Umuseke wasuye kimwe mu bigo giherereye […]Irambuye

U Budage bwiyemeje kwagura ubufatanye mu burezi bufasha urubyiruko mu

Mu ruzinduko rwe mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 11/8/2016, Minisitiri w’Ubufatanye mu bukungu n’Iterambere mu Budage, Dr. Gerd Muller  yasuye  ishuri rya  IPRC-Kicukiro mu rwego rwo kwagura ubufatanye  hagati y’U Budage n’u Rwanda by’umwihariko mu burezi. Gerd Muller mu gusura IPRC – Kicukiro yari kumwe na Minisitiri w’Uburezi Prof Musafiri Papias Malimba hamwe […]Irambuye

en_USEnglish