Tags : MINEDUC

Impaka mu Badepite n’inzego zifite aho zihuriye n’iterambere ry’urubyiruko

Mu kiganiro Inteko Nshingamategeko imitwe yombi yagiranye n’inzego zifite aho zihurira n’urubyiruko kuri uyu wa mbere, impaka zabaye ndende ku ireme ry’uburezi n’ingufu gahunda zishyirwaho ngo ziteze imbere urubyiruko ziba zifite, Abadepite banenze Minisiteri enye n’ibigo bifite mu nshingano urubyiruko ku ngamba n’imibare yabyo mu gushakira imibereho myiza n’iterambere no kugabanywa ubushomeri mu rubyiruko. Iki […]Irambuye

Nyabugogo: Ku munsi w’itangira ry’amashuri abagenzi n’abatekamutwe bariyongera

Muri gare ya Nyabugogo ahafatirwa imodoka zijya mu bice bitandukanye by’igihugu kuri uyu wa mbere abagenzi bari biyongereye cyane kubera itangira ry’abanyeshuri ndetse ku buryo bamwe bagiye bahitamo gusubika ingendo, gusa ngo  uko abagenzi baba biyongereye niko n’abatekamutwe biyongereye. Ubwo abanyeshuri bari bakomeje kujya ku mashuri, muri gare ya Nyabugogo abagenzi bari babaye benshi cyane […]Irambuye

Abiga Ubuforomo baratabaza inzego zibishinzwe ngo zibarenganure

Abanyeshuri biga ibijyanye n’Ubuforomo barangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza, barasaba kurenganurwa nyuma y’aho badasohotse ku rutonde rw’abemerewe gukora ikizamini gisoza icyiciro barimo gitangwa n’Urugaga rw’Abaforomo mu Rwanda. Mu mabaruwa atandukanye aba banyeshuri bandikiye inzego zinyuranye, Umuseke ukaba ufite copi, abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Gitwe, bagaragaza ko mu bakandida 128, abagera kuri 76 aribo […]Irambuye

Rusizi: Ideni rya Miliyoni 4, 5 ryahagaritse ibizamini by’isuzumabumenyi ku

Amadeni menshi akomeza kubangamira imikoreshereze y’ibizamini bitegura abana basoza amashuri abanza n’ayisumbuye aho aba bana bagaragaza impungenge z’uko bashobora gutsindwa ibizamini bya Leta nk’uko bamwe babitangarije Umuseke. Akarere ka Rusizi kavuga ko mu bushobozi bwose ibi bizamini by’isuzumabumenyi bigomba kuba, mu rwego rwo kwanga kuzasubira inyuma mu gutsindisha. Umwe mu bana wiga mu kigo cya […]Irambuye

Rusizi: Abana bata ishuri bakajya kurinda inyoni mu muceri

Bugarama ni igice gifatiye runini u Rwanda mu buhinzi bw’umuceri ariko hakomeje kurangwa abana benshi bata ishuri bakajya kwirukana inyoni bagahabwa amafaranga y’intica ntikize, umwe ngo agenerwa amafaranga 3000 nk’umushahara bazahembwa igihe umuceri uzaba weze. Bamwe mu babyeyi baganiriye n’Umuseke bavuze ko bafite impungenge z’aba bana babo kuko ngo bakomeje guta amashuri ari benshi mu […]Irambuye

Nyanza: Umunyeshuri wigaga imyuga yarohamye mu cyuzi arapfa

Placide Niyitegeka w’imyaka 18, ni mwene Bigizimana Prospere na Umugwaneza Francoise iwabo batuye mu mujyi wa Kigali, yaraye arohamye mu cyuzi ubwo yarimo yogana na bagenzi be batanu na n’ubu umurambo we nturaboneka. Uyu munyeshuri wigaga muri Nyanza Technical School mu mwaka wa gatandatu mu ishami ry’ubwubatsi yagiye koga mu cyuzi cya Nyesonga mu murenge […]Irambuye

Minisitiri w’Uburezi yanenze abavuga ko imyuga yigwa n’abananiranye

Karongi – Minisitiri w’Uburezi, Dr Papias Malimba Musafiri mu ruzinduko ari kugirira mu Ntara y’Iburengerazuba, ku munsi  w’ejo tariki 30 Gicurasi yafunguye ku mugaragaro amashuri atanu y’imyuga  yubatswe n’umushinga w’AbaSuisse witwa ‘Suisse Contact’ asaba ko aya mashuli atafatwa nk’aho yigwamo n’ababuze  uko bagira cyangwa abananiranye, bihinduka kuko ngo uwize umwuga ataburara. Umwe mu banyeshuli biga […]Irambuye

Rusizi: Abana 520 bigira muri Shitingi abandi bigira mu rusengero

Kuba hari abana baretse ishuri ngo ni uko haba hari ababangamirwaga n’ubucucike bukabije mu bigo bigagaho bwatumaga batagira ubumenyi buhagije  nk’uko bamwe mu bana baganiriye n’umuseke babivuze. Umwana umwe wiga mu bigo bifite iki kibazo avuga ko babangamiwe n’ubucucike. Ati: “Mwakwiga muri 130 mu gashuri kangana gutya (icyumba gito) ukavuga ko wazamenya iki?” Ibigo byinshi […]Irambuye

Umuganga wafatanywe ibyangombwa by’ibihimbano ngo yabifashijwemo n’umukozi muri MINEDUC

Nyamasheke – Kuri uyu wa gatanu, Umuganga mu bitaro bya Bushenge witwa Kabalisa Kalisa watawe muri yombi akekwaho kwinjira mu kazi akoresheje ibyangobwa by’ibihimbano, ngo yabibone abifashijwemo n’umukozi muri MINEDUC. Kalisa warangije amasomo y’ubuganga mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) ngo yakoresheje ‘Equivalence (icyangombwa abantu bize ubuganga n’ubuforomo mu mahanga basabwa […]Irambuye

en_USEnglish