Tags : MINEDUC

Karongi: Umuyobozi w’ishuri yakubitiwe imbere y’abanyeshuri!!

Ikimutangaje kandi kimubabaje ni uko uwabikoze ari umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ariko akaba atarabibazwa nyuma y’ukwezi akoze ibi. Ubuyobozi bw’Akarere bumaze ibyumweru bitatu ngo bubikoraho iperereza. Abarimu bavuga ko uyu muyobozi  atari ibi gusa yakoze. Mu masaha y’igitondo ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri abanza cya Gataka mu murenge wa Mubuga Hitumukiza Robert ushinzwe uburezi mu […]Irambuye

MINEDUC ikeneye miliyari 130Frw ngo irangize ikibazo cy'ubucucike mu mashuri

*Uburezi buzahabwa ingengo y’imari ya miliyari 18Frw igenewe kubaka amashuri Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Mulindwa Samuel yabwiye Abadepite ko ikibazo cy’ubucucikike mu mashuri gihangayikishije kuko kiri mu bidindiza ireme ry’uburezi, ariko ngo kiracyakomeza kuko kugikemura bisaba amafaranga menshi cyane kandi ntayahari. Ngo kugira ngo gikemuke byasaba miliyari 130 Frw mu mwaka w’ingengo y’imari igiye […]Irambuye

REB yasabwe kwerekana irengero rya mudasobwa 10 100 zishyuwe miliyari

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) kuri uyu wa gatanu basabye abayobozi b’Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) kugaragaraza irengero rya mudasobwa 10 110 zifite agaciro ka miliyari 2,1Frw zishyuriwe ariko zo ntibazihabwe.  Ni ikibazo cyagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta muri raporo ye ya 2017/2017. Aho iki kigo gishinzwe guteza imbere uburezi […]Irambuye

Amasomo yose yari yarahagaritswe muri INES yakomorewe

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Minisiteri y’Uburezi yandikiye Ishuri rikuru rya INES rikorera mu Karere ka Musanze, amasomo atatu yari yahagaritse kubera kutuzuza bimwe mu byasabwaga yakomorewe, gusa hari ibyo Minisiteri igisa ko iri shuri ryuzuza. Iyi baruwa yanditse mu Cyongereza, Umuseke ukaba wabonye kopi, ivuga ko amasomo ya Biomedical Laboratory Sciences, Civil Engineering n’iryitwa Food […]Irambuye

Gushaka ireme ry’uburezi mwarimu abayeho nabi ni ugukora ubusa-Dr. Belay

*Ngo mu burezi, umwarimu ni we ukwiye kwibandwaho, *Mu Rwanda ngo uburezi kuri bose byagezweho ariko ireme riracyacumbagira,… Dr. Belay Begashaw uyobora ikigo gishinzwe kwihutisha intego z’iterambere rirambye muri Afurika SDGC/A avuga ko ireme rw’uburezi mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere rikiboshywe n’imiberereho mibi y’abarimu. Kuva kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hateraniye inama y’iminsi […]Irambuye

Kurwana, ubusambanyi, ubusinzi…Muri Muhanga Technical Center

Hashize igihe kitari gito mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Muhanga Technical Center) riherereye mu Kagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga rivugwamo imyitwarire mibi y’abana bahiga. Abaturiye icyo kigo n’abakoramo bavuga ko uburere abanyeshuri bafite buteye agahinda kuko babashinja kwibera mu busambanyi, ubusinzi, ubujura no guteza imvururu. Mu mpera z’icyumweru gishize mu kigo […]Irambuye

Karongi: Mu kwibohora batashye ‘maternite’ ya miliyoni 50 Frw

Mu kwizihiza isabukuru y’Imyaka 23 ishize u Rwanda rwibohoye, ku kigo Nderabuzima cya Mpembe kimaze igihe kitagira inzu babyarizamo ababyeyi batashye inzu y’ababyeyi (maternite) yuzuye ifite itwaye asaga miliyoni 50 Frw. Ababyeyi bagana iki kigo Nderabuzima cya Mpembe giherereye mu murenge wa Gishyita mu karere ka Karongi bavuga ko ababyeyi baje kubyara bajyaga bakirirwa mu […]Irambuye

Ubuhamya bw’Abana babyaye biga mu mashuri abanza bariho mu gahinda

*Ubuzima bw’aba bana batewe inda biga mu mashuri abanza bugira ingaruka ku bana babyara, *Umuryango GLIHD wita ku bana b’abakobwa n’abagore urakora ubuvugizi ngo amategeko yo gukuramo inda. Aba bana bahindutse ababyeyi bagata ishuri, baganiriye n’Umuseke mu mpera z’iki cyumweru, bose bahuriza ku buzima bugoye barimo bwo kurera abana nta kazi bagira, gutereranwa n’ababateye inda, […]Irambuye

Rwanda: 24% by’abana nibo basoma rimwe mu kwezi…Kutarya ni imwe

*Abana 18% n’ababyeyi/abarezi 41% barya rimwe ku munsi, *Ababyeyi 68% ngo ikibazo ni ukubura umwanya, *Abana 5% ni bo batunga udutabo tw’Ikinyarwanda, 6% bakabasha kugera ku masomero. Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urengera abana, Save The Children ku muco wo gusoma mu Rwanda bugaragaza ko abana 24% ari bo bashobora gusoma nibura rimwe mu kwezi. Ubu bushakashatsi […]Irambuye

Ishuri ribanza ryo hafi ya Nyungwe ryahawe ibyumba bishya

10% by’ava mu bukerarugendo ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB kiyashyira mu bikorwa byo kuzamura imibereho myiza y’abaturiye za Pariki, uyu munsi i Rusizi mu kagari ka Butanda mu murenge wa Butare hafi cyane ya Pariki ya Nyungwe hatashywe ibyumba bishya by’ishuri ribanza rya Rugera. Ikintu cyashimishije abaryigaho n’abarirereraho abana. Mu cyumweru gishize ikigo RDB nabwo cyatashye […]Irambuye

en_USEnglish