Tags : MINEDUC

Huye: Ibigo bitagira amashanyarazi ngo ireme ry’uburezi rikomeje kuhazaharira

Bamwe mu barezi bigisha mu bigo bitagira umuriro w’amashanyarazi by’umwihariko mu ishuri ry’urwunge rw’amashuri rwa Kabusunzu riherereye mu karere ka Huye bavuga ko kuba hakiri ibigo bitaragezwaho umuriro w’amashanyarari ari bimwe mu bidindiza ireme ry’uburezi. Aba barezi bavuga ko mu gihe Isi yabaye umudugudu bo batabasha gukora ubushakashatsi ku mbuga za Internet kugira ngo babashe […]Irambuye

Urukundo tuvuga twagakwiye no kurushyira mu bikorwa aho kururirimba –

Sina Gerard mu bintu yakoze byose ngo ashimishwa n’uko yamaze kubaka ishuri rifasha abana b’Abanyarwanda bakomoka mu miryango itishoboye kwiga kuva mu mashuri y’inshuke kugeza barangije amashuri abanza, afite inzozi ko mu 2020 hazaba hariho abana babaye ba ‘Doctors’  yaragize uruhare mu myigire yabo. Sina Gerard ngo mbere yahaga urubyiruko akazi, bakamukorera mu buhinzi ariko […]Irambuye

2015/16: i Nyagatare abarimu 129 bahembwaga ari baringa…REB iti “ni

*Gasana ati “ N’ubu akarere ntikarasobanura ngo wenda uyu mwarimu yitabye Imana,…” *Ngo REB yasanze hari abarimu 67 bahawe akazi basanga imyanya yabo irimo abandi, *Meyor na we ngo yabimenye abibwiwe na REB, *REB ivuga ko itaratahura intandaro yabyo gusa ngo nta ruhare yabigizemo… Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) bwitabye Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho […]Irambuye

Nyagatare: Bashyize inyungu zabo imbere uburezi babushyira mu rwobo

*Hari abahembwaga ari baringa, abahemberwaga niveau badafite n’abahemberwa aho badakora, *Ngo ibibazo birimo ushatse kubirandurira rimwe byatuma uburezi buhagarara muri aka karere, *Abarimu benshi bakora nta byangombwa kuko ngo kubona akazi yari ruswa y’ibihumbi 200 na 300, *Ngo no mu tundi turere bakwiriye kureba ko ishyamba ari ryeru. Akarere ka Nyagatare kagaragara muri  raporo y’ibikorwa […]Irambuye

Umubyeyi adahaye uburere bwiza umwana no gutsinda ntiyatsinda- Umubyeyi

Mu gikorwa cyo kwishimira intsinzi y’abanyeshuri biga mu ishuri ‘Good Harvest School’ riherereye mu karere ka Kicukiro, kuri iki cyumweru, ababyeyi barerera muri iri shuri bavuze ko umwana wahawe uburere buboneye ntacyamubuza gutsinda. Abatsinze muri iri shuri ni 80%. Mu banyeshuri 79 bakoze ikizaminiri gisoza amashuri abanza muri iri shuri, 70 batsinze ku gipimo cyo […]Irambuye

Rucagu ngo mu majyaruguru hajemo agatotsi nyuma y’uko avuye mu

*Ngo kugwa si bibi, ikibi ni ukugwa ntuhaguruke…abasaba kwikubita agashyi Gicumbi- Mu gikorwa cyo gusura abarezi bari mu itorere ryahawe izina ry’Indemyabigwi, kuri uyu wa 09 Mutarama, Umuyobozi wa komisiyo y’Itorero ry’Igihugu, Boniface Rucagu yavuze ko akiri mu buyobozi mu ntara y’Amajyaruguru abaturage barangwaga n’imibanire iboneye ariko ko muri iyi minsi hari ibice bikomeje gututumbamo […]Irambuye

Ubundi kwigisha ntabwo ari ubucuruzi…- Min Musafiri

*Hon Ntawukuriryayo we ngo abona byicwa n’itegeko rigenga amashuri makuru… Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Malimba Papias avuga ko muri iyi minsi uburezi bwo mu mashuri makuru na za kaminuza byigenga bwahindute ubucuruzi, akavuga ko bidakwiye kuko intego yo kwigisha ari ukuzamura ireme ry’umuryango mugari (ibyo yise ‘Social Motive’). Mu biganiro byo gusobanurira Abasenateri bagize Komisiyo […]Irambuye

Kwigira imyuga ku ishuri igihe kimwe, ikindi ukigira kuri ‘chantier’

Abanyeshuri ba mbere mu Rwanda bize iby’ubwubatsi mu buryo bushya bwo kwiga igice kimwe ku ishuri ikindi gice mu masosiyete y’ubwubatsi, bahawe impamyabushobozi nyuma y’amasomo y’umwaka yatanzwe ku bufatanye bw’Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu ntara y’Uburasirazuba (IPRC East) n’ihuriro ry’abakora imyuga n’ubukorikori (Chamber of skilled crafts) rya Koblenz mu Budage. Abanyeshuri 32 bamaze  umwaka  […]Irambuye

Ngoma: Abagize Ikimina cya IPRC East boroje abatishoboye

* Babigishije kwizigamira no gukorera  hamwe. Abanyamuryango b’Ikimina Imanzi kigizwe n’abakozi bakora mu Ishuri rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) boroje amatungo magufi imiryango 25 mu murenge wa Rukumberi, mu karere ka Ngoma,  banabigisha ibijyanye no kwizigamira no gukorera hamwe no kwihangira imirimo. Amatungo yorojwe abaturage ni ihene 25 zifite agaciro k’amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish