Tags : MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi yiteguye guhana abakoze amakosa mu mishinga yo kubaka

*Ngo MINEDIC yemeye amakosa, ngo iri gukora isesengura ngo harebwe uruhare buri wese afite abiryozwe. Kuri uyu wa kabiri Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro yabwiye Inteko rusange y’Abadepite ko yemera amakosa yabaye mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga imwe n’imwe yashowemo amafaranga ya Leta cyangwa ay’impano byatumye haba igihombo no kudindira kwayo ariko ngo […]Irambuye

Karongi: Abarimu mu mashuri y’incuke banze kwigisha kubera kudahembwa

Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri y’incuke abiri yo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi baravuga ko bamaze igihe badahembwa batanahabwa imfashanyigisho none bahisemo guhagarika akazi. Aba barimu bavuga ko amafaranga bahembwa atangwa n’ababyeyi b’abana bigisha ariko ko bamwe batayatanga n’abayatanze ntibayatangire ku gihe. Bavuga ko bamaze igihe batabona umushahara kuko ababyeyi banze […]Irambuye

Impinduka kandi muri Kaminuza y’u Rwanda

Impinduka nshya muri Kaminuza y’u Rwanda zizatangirana n’ukwezi kwa Nyakanga kuzageza muri Kanam, nk’uko ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bubivuga. Izi mpinduka nshya zirimo kwimura abanyeshuri bigaga mu Ishuri Rikuru ryigisha Uburezi (College of Education) ryakoreraga i Remera bakajya mu ishami ryayo i Rukara, mu Ntara y’U Burasirazuba. Ishuri ryigishaga ibijyanye n’amasomo y’ubumenyamuntu (College of […]Irambuye

Ishuri ryigisha kwita ku bidukikije ryatanze impamyabumenyi rinegurirwa MINEDUC

Kitabi College of Conservation and Environmental Management (KCCEM) ku nshuro ya kabiri ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri  59, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) cyari kirifite mu nshingano  kiryegurira Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC). Abanyeshuri bigaga mu ishuri rya Kitabi College of Conservation and environmental management biga ibijyanye no kubungabunga ibidukikije, amashyamba kimeza n’aterwa n’abantu, kubungabunga inyamaswa zo ku […]Irambuye

Irushanwa mu biganirompaka muri Kaminuza ryegukanywe n’iya Gitwe 

Irushanwa mu biganirompaka (Debate) ryateguwe na Miniristeri y’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (MINEACOM), Kaminuza ya Gitwe  yarushanwaga na kaminuza 21, yaryeukanye ihita ibona umwanya wo kuzahagararira u Rwanda. Ibiganirompaka byahuzaga izi kaminuza za Leta n’izigenga mu Rwanda byatangiye kuwa 27 – 28 Mata 2017 bibera ku cyicaro cya Kaminuza y’u Rwanda i Kigali i […]Irambuye

Umuyobozi Mushya wa HEC azanye ingamba nshya zo kwita ku

Umuyobozi mushya w’Inama Nkuru y’Uburezi (HEC), Dr Muvunyi Emmanuel yavuze ko icyo ashyize imbere ari ukugenzura ireme ritangwa muri Kaminuza n’Amashuri Makuru, by’umwihariko gukurikirana amashuri makuru ashingwa, uko agenda akura n’ireme ry’uburezi hakagenzurwa ko bijyana. Umuhango wo guhererekanya ububasha wabaye mu gitondo kuri uyu wa gatanu kuri Minisiteri y’Uburezi, aho Dr Sebasaza Mugisha Innocent wayoboraga […]Irambuye

Barifuza ko 20% by’ingengo y’Imari y’igihugu yajya mu burezi

*Bishimiye ko abana bose bajya kwiga ariko ikibazo kiracyari mu bumenyi bahabwa, * Uko umwana apfira mu iterura no mu burezi ni ko bimeze *Ubusanzwe 12% by’ingengo y’imari niyo ashyirwa mu burezi Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta yita ku burezi RENCP (Rwanda Education NGOs Coordination Platform) riravuga ko ingengo y’imari ishyirwa mu burezi idahagije ndetse […]Irambuye

Gicumbi: Haracyari abana 4 775 banze gusubira mu ishuri

Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi buvuga ko mu bana 6 378 bari barataye ishuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye hamaze kugaruka 1 603 gusa, mu gihe abandi 4775 binangiye. Kuri uyu wa 24 Mata muri aka karere hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga bw’uburezi bwitezwemo kugabanya umubare w’aba bana bataye ishuri. Ubushakashatsi buherutse kugaragaza ko muri aka karere ka Gicumbi […]Irambuye

en_USEnglish