Tags : MINEDUC

Umuyobozi wa HEC yahunze ibibazo by’abanyamakuru ku mashuri yafungiwe

*Aho inama yabereye nta munyamakuru wari wemerewe kwinjiramo, *Abanyamakuru bamaze amasaha ane bategereje ko inama irangira, *Uyobora HEC yasubiye muri Hotel agisohoka akabona abanyamakuru, *Ku bayobozi ba Kaminuza zafungiwe amasomo, ngo hari ikizere ko bafungurirwa vuba. Mu gihugu hose abanyeshuri babarirwa mu bihumbi bigaga muri zimwe muri Kaminuza zafunzwe by’agateganyo, n’izindi zafungiwe amwe mu masomo […]Irambuye

Kaminuza zimwe zahagarikiwe amasomo ziracyategereje ijambo rya MINEDUC na HEC

Icyemezo cyo guhagarika amwe mu Mashuri Makuru na Kaminuza cyangwa zimwe muri progaramu zayo, cyafashwe na Ministeri y’Uburezi tariki ya 16 Werurwe 2017, nyuma y’igenzura ryakozwe mu Ukwakira 2016, rikagaragaza ko hari bimwe mu bikoresho amashuri atujuje, bikaba byagira ingaruka ku ireme ry’uburezi, gusa hari bamwe bavuga ko ibyo basabwe kuzuza babikoze, bagitegereje ijambo rya […]Irambuye

Ikiganiro na Olivier Rwamukwaya ku mikorere y’ikigo RP kizigisha imyuga

Abadepite batoye bemeza umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo Rwanda Polytechnic kizigisha imyuga n’ubumenyingiro, iki kigo ni cyo kizaba kigenzura imikorere ya za IPRCs ziri mu Ntara zose z’igihugu n’Umujyi wa Kigali. Mu kiganiro Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imyuga n’Ubumenyingiro, Olivier Rwamukwaya yahaye Umuseke ku wa gatatu tariki 29 Werurwe nyuma y’uko umushinga w’itegeko wari umaze gutorwa, […]Irambuye

Min. Papias asaba ababyeyi gutanga uko bifite mu kugaburira abana

Nyamagabe- Mu kwizihiza umunsi nyafurika wahariwe kugaburira abana ku mashuri wizihirijwe mu karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa 25 Werurwe Minisitiri w’Uburezi Dr Musafiri Malimba Papias yavuze ko ababyeyi badakwiye kwitwaza ko babuze amafaranga y’umusanzu wo gutanga muri iyi gahunda kuko bashobora no kujya batanga uko bifite kugira ngo iyi gahunda igende neza. Abanyeshuri biga […]Irambuye

Muri INES abiga mu mashami ane yahagaritswe ubu BARATASHYE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, ubuyobozi bw’Ishuri rikuru rya INES-Ruhengeri bwaramukiye mu nama n’abanyeshuri biga mu mashami ya Biomedical Laboratory Sciences, civil Engineeiring, Computer Science na Biotechnology aherutse guhagarikwa na Minisiteri y’Uburezi bubasaba kuba batashye. Umwe mu banyeshuri biga muri Civil Engineering abwiye Umuseke ko baramukiye mu nama n’umuyobozi mukuru w’iri shuri akabamenyesha ko […]Irambuye

Muri INES hari amashami ane MINEDUC yabaye ihagaritse

Muri iki cyumweru turi gusoza,  Minisiteri y’Uburezi yakoze igenzura mu ishuri rikuru rya INES-Ruhengeri isanga hari ibipimo nkenerwa ibura birimo ibikoresho, ihagarika ibikorwa byo gukomeza kwakira abanyeshuri bifuza kuyigamo mu mashami ane. Umwe mu banyeshuri biga muri iri shuri yabwiye Umuseke ko muri iri shuri hamanitse itangazo ribuza ubuyobozi bwa INES-Ruhengeri gukomeza kwakira abanyeshuri mu […]Irambuye

Ngoma: Abanyeshuri bo muri UNIK baremeye umukecuru bimukora ku mutima

Kuri uyu wa  08 Werurwe abanyeshuri bo muri kaminuza ya Kibungo ‘UNIK’ baremeye umubyeyi Mukamusoni Donatile utuye mu kagari ka Karenge, mu murenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma bamwubakira akarima k’igikoni banamuha umubyizi wo kumuhingira. Uyu mubyeyi avuga ko iki gikorwa cyamukoze ku mutima kuko cyatumye abona ko hari abantu bamuzirikana. Umuyobozi w’abanyeshuri bo […]Irambuye

Nyaruguru: Abaturage b’abahinzi bishyize hamwe bakora koperative ikora isabune

 *Umuturage wo muri ako gace ukeneye isabune adafite amafaranga ngo baramukopa, *Ikibazo bafite ni icyo kudahaza isoko ry’abakeneye isabune kubera imashini yapfuye. Mu murenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru abaturage bishyize hamwe bashinga koperative ikora amasabune none ngo uretse kubafasha mu mibereho, bo ubwabo ngo n’abaturage baturiye aho koperative ikorera ngo ibafasha kwita […]Irambuye

Umwana we yari agiye kwanduzwa SIDA n’umukozi, ahita areka akazi

*Ngo umukozi we wari ufite ubwandu bwa SIDA yajyaga yonsa umwana we, *Iyo avuga ubu buhamya ugira ngo araca umugani. Ati “ Ni impamo byambayeho.” *Ngo nta kiruta ubuzima bw’umwana. Ati “Umwana ntaho bamurangura, ni impano. » Assia Mukina wakoreshaga abakozi bo mu rugo akaza guca ukubiri na byo nyuma y’aho umukozi we wabanaga n’ubwandu bwa […]Irambuye

en_USEnglish