Tags : MINALOC

RUHANGO/GITWE: Batewe impungenge n’ububi bw’umuhanda ubafasha mu bucuruzi

Abakoresha umuhanda Ruhango, Buhanda, Gitwe, bavuga ko ubateye impungenge zikomeye kuko utameze neza, kandi ari umuhanda nyabagendwa ukenerwa na benshi, bagasaba ko wakorwa mu rwego rwo korohereza abawukoresha. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Mbabazi Francois avuga ko iki kibazo bakizi bari gushaka uko bawukora. Abagana ku ivuriro rya Gitwe, abacuruzi bakorera Ruhango Gitwe n’abandi bakoresha uyu […]Irambuye

Gicumbi: Akarere kabonye miliyari 8 azagafasha kwesa imihigo ya 2017

Mu gikorwa cy’imihigo akarere ka Gicumbi, karaye gahuriyemo n’abafatanyabikorwa bako, aba baraye bemeranyijwe ko Akarere kagomba kuzaza ku isonga mu kwesa imihigo, biyemeza gutanga amafaranga y’u Rwanda 8 153 550 217. Inzitizi iyo ari yo yose ishobora kubabuza kuza ku isonga mu kwesa imihigo biyemeje guhita bayikuraho, nk’uko Mayor w’Akarere ka Gicumbi abivuga. Mu mwaka […]Irambuye

Kicukiro: Ingo 43 zahembewe kwesa umuhigo w’isuku

Ingo 43 zo mu tugari dutandukanye mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro zahembwe bimwe mu bikoresho bibikwamo amazi. Ibi bihembo izi ngo zabihawe nyuma yo kwesa neza imuhigo w’isuku. Iki ni igikorwa cyatewe inkunga n’umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe gukwirakwiza amazi mu baturage (Water for People). Ibikoresho byatanzwe ni ibigega bito bibikwamo amazi bifite agaciro […]Irambuye

Muhanga: Akarere kagiye gukorana amasezerano n’ababyeyi bafite abana b’inzererezi

Mu kiganiro n’abanyamakuru UWAMARIYA Béatrice Mayor w’Akarere ka Muhanga, atangaza ko  bagiye  kugirana amasezerano n’ababyeyi bafite abana bibera mu mihanda  kugira ngo n’ibayarengayo  bafatirwe ibihano. Iki kiganiro n’Abanyamakuru  cyagarutse kuri bimwe mu bibazo by’ingutu bihangayikishije Akarere ka Muhanga, ndetse n’igihugu muri rusange harimo cyane ikibazo cy’abana b’inzererzi  bahunga imiryango bakomokamo bagahitamo kwibera mu mihanda. Ubushize […]Irambuye

Amajyepfo: Ababyeyi basabwe kwirinda amakimbirane mu ngo ateza abana kuzerera

Ubuyobozi bw’intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego z’umutekano burasaba buri wese gufatira ingamba ikibazo cy’abana bo mu muhanda by’umwihariko ababyeyi, hirindwa amakimbirane yo mu miryango, bagasaba ko hakwiye ubufatanye no kujya hatangwa amakuru mu rwego rwo gukumira iki kibazo. Ibi byagarutsweho mu nama yahuje inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo, inama yabereye mu karere ka Huye. Kuba […]Irambuye

Ngoma: Yiyemeje guhiga imihigo ifatika ikazasubira mu myanya 10 ya

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma mu Ntara y’Uburasirazuba buratangaza ko bwamaze gutahura icyatumye busubira inyuma bikabije mu kwesa imihigo, ubu ngo biteguye kugaruka mu myanya myiza bakazabigeraho bibanda mu guhanshya ubukene mu batuye Ngoma. Byatangarijwe mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Ngoma yabaye kuri uyu wa kane tariki 6 Ukwakira, aho ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba bwavuze ko gusubira […]Irambuye

Karongi: Nyamugwagwa aho abana bigiraga mu kagari no mu rusengero

Ku ishuri ribanza rya Nyamugwaagwa mu kagari ka Nyamugwaagwa Umurenge wa Ruganda mu karere ka Karongi, muri iki cyumweru hatashywe ibyumba bitandatu by’amashuri mashya yubatswe ku bufatanye bw’akarere n’ingabo z’u Rwanda zavuye ku rugerero (RDF/Reserve Force). Aha abanyeshuri 116 bigiraga mu rusengero rwa EPR naho 74 bakigira mu biro by’akagali, ubuyobozi bw’ikigo burashima iki gikorwa […]Irambuye

Nyanza: Batewe impungenge na essence zicururizwa mu nzu babamo

Abatwara ibinyabiziga binywa Mazout na essance mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza bavuga ko kuba batagira aho babigura hafi, ari kimwe mu bibagora mu kazi kabo ka buri munsi, ku bw’iyo mpamvu ababicuruza babicururiza mu nzu babamo. Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo MUNYANTWALI Alphonse avuga ko bagiye gushaka uburyo hashyirwaho ahantu ho gucururizwa mazout na […]Irambuye

Rusizi: Impanuka ikomeye yateje ibihombo bikomeye abacuruza inka

Iyi mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inka 33 zo kubagwa, yavaga mu karere ka Nyamagabe yerekeza i Rusizi nibwo yaje kurenga umuhanda igeze mu murenge wa Giheke  nyuma yo kubura icyerekezo, iribirandura, irangirika bikomeye n’inka nyinshi zirapfa. Ababonye iyi mpanuka, bavuga ko yabaye mu masaha ya saa yine z’ijoro. Batangarije Umuseke […]Irambuye

en_USEnglish