Tags : MINALOC

Rwanda: Kwimura abaturage ntibikurikiza amategeko – icyegeranyo

*Leta iyo yimura abaturage ishobora kumara imyaka ine itarishyura ubutaka n’ibindi bikorwa, *Abagenagaciro barashinjwa kugabanya nkana agaciro kubera impamvu zirimo na ruswa, *Abaturage 80% bimurwa ntibaba bishimye, Mu bushakashatsi bwashizwe ahagaragara n’ikigo gishinzwe gutanga ubwunganizi mu mategeko kuri uyu wa 29 Nyakanga 2015 cyavuze ko amategeko agenga kwimura abaturage ku nyungu rusange adakurikizwa kuko Leta […]Irambuye

Rubavu: Ubujura bwo gutobora inzu buhangayikishije abaturage

Mu mirenge ya Rubavu na Gisenyi haravugwa ubujura bukabije bwibasira abaturage. Abaturage bo mu kagali ka Murara mu murenge wa Rubavu bavuga ko bibasiwe n’ubujura bwo gutobora inzu, naho mu murenge wa Gisenyi, ababajura biiyise ‘Abuzukuru ba Shitani’ bambura abaturage amafaranga na Telefoni. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rubavu, Mme IMANIZABAYO Clarisse avuga ko hashyizweho ingamba […]Irambuye

Abakozi batemera guhwiturwa ni indi mbagamizi Umujyi wa Kigali ufite

Perezida w’Inama njyanama y’Umujyi wa Kigali, Dr. Sebashongore Dieudonné yabwiye Umuseke ko bashima intambwe imaze guterwa mu gukurikiza amabwiriza y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ariko avuga ko mu mbogamizi Umujyi ufite harimo n’abakozi bafite imyumvire iri hasi kandi ngo ntibaashyirwa mu kiziriko ngo bakore ibyo basabwa. Mu cyumweru gishize ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bari bamaze kwitaba […]Irambuye

Rubavu: Impinduka mu bayobozi b’akarere nyuma yo kwitaba abadepite

Mu rwego  rwo kunoza serivisi nk’uko umuyobozi w’Akarere ka Rubavu  yabisobanuye ngo hakozwe impinduka mu buyobozi aho abayobozi b’inzego zibanze batanu bavanywe ku buyobozi bw’imirenge bagashyirwa mu buyobozi bw’Akarere, abandi bagahinduranya, ngo nta sano bifitanye n’uko akarere ka Rubavu gaherutse kwitaba abadepite bagize PAC. Avugana n’umunyamakuru w’Umuseke, Sinamenye Jeremie umuyobozi mushya w’aka ka kerere yavuze […]Irambuye

Abagonga imikindo ku muhanda bazakomeza guhanwa – Fidel Ndayisaba

*Imanza Umujyi wa Kigali warezwemo n’abagonze imikindo n’ibindi bikorwa remezo zatangishije Leta miliyoni 17. *Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali avuga ko kosa riri hagati ya Polisi ifatiira imodoka zifite ubwishingizi n’Umujyi wa Kigali utsindwa imanza. *Fidel Ndayisaba asaba abatwara imodoka kwitwararika ntibakore impanuka kuko zangiza byinshi na Leta igahomba Nyuma yo kwisobanura ku makosa yagaragajwe na […]Irambuye

Ibisobanuro by’abayobozi ba Rusizi na Rubavu ntibyanyuze PAC

Komisiyo mu Nteko nshinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC)  kuri uyu wa 13 Nyakanga 2015 ubwo yakiraga abayobozi bo mu Karere ka Rusizi na Rubavu kugira ngo batange ibisobanuro ku mikoreshereze n’imicungire mibi y’ibya Leta bagaragajweho na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2012-13, ibisobanuro byabo ntibyemeje abadepite. Abadepite bagize PAC basabye […]Irambuye

Muhanga: Gahunda ya Tunga TV yegerejwe abaturage ku kagari

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda Cell,  yegereje  abaturage bo mu murenge wa Kabacuzi gahunda ya Tunga TV izabafasha gukurikirana amakuru yo hirya no hino, kubera ko aho batuye ari kure  n’Umujyi. Iki gikorwa cyo  kwegereza abaturage gahunda ya Tunga TV, cyabereye mu murenge wa Kabacuzi, mu Karere ka Muhanga. GASORE Gaston Patrick, Umukozi wa MTN, […]Irambuye

Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK ziyemeje gufasha igihugu mu iterambere

Kuri uyu wa kane muri kaminuza yigenga y’Abadivantiste INILAK habaye igikorwa cyo gutangiza urugerero ku ntore z’Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK. Intumwa ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yasabye izo ntore gushyira mu bikorwa ibyo zahize birimo kumanuka bakajya gusobanurira abaturage amategeko. Rugamba Egide umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri MINALOC yavuze ko intore zo ku rugerero ziba zitezweho gutanga […]Irambuye

Ngoma: Akarere ntikashyize mu igenamigambi ikigo cy’ubuzima cyubatswe n’abaturage

Amafaranga asaga miliyari 11 z’amafaranga y’u Rwanda ni yo yemejwe n’inama njyanama idasanzwe y’akarere ka Ngoma nk’ingengo y’imari y’umwaka utaha wa 2015/16 gusa hagaragajwe impungenge z’abaturage bo mu murenge wa Murama biyubakiye ivuriro, ariko muri iyi ngengo y’imari hakaba nta mafaranga yateganyijwe yo gufasha iri vuriro kugira ngo ritangire gukora. Iyi ngengo y’imari y’akarere ka […]Irambuye

“Turashaka guhindura igihugu mu yindi myaka 10 uzahaza akazahayoberwa,” Kagame

Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Rutsiro, Perezida Paul Kagame yasabye abaturage gukora cyane bagafatanya n’ubuyobozi bwabo, na bo bakababaza iterambere, yavuze ko amanywa n’ijoro bakora kugira ngo biri Munyarwanda abone amashanyarazi, yijeje kandi abaturage ko mu myaka 10 bazahindura u Rwanda uzahaza akahayoberwa. Mu ijambo umuyobozi w‘akarere ka Rutsiro yagejeje ku bari baje kwakira […]Irambuye

en_USEnglish