Tags : MIGEPROF

Rusizi: Umukecuru atuye ku kirwa mu nzu imuviira, idahomye, nta

Mu mudugudu wa Budorozo  mu Kagali ka Gihaya, mu murenge wa Gihundwe, umukecuru Bariwabo Jeanette w’imyaka 60 we n’abana be batatu ubuzima burabakomereye cyane. Bari mu nzu y’amabati yatobaguritse, nta bwiherero bukwiye bafite, inzu ntabwo ihomye neza haro aho irangaye, kuri ibi hakiyongeraho no kugorwa no kubona ifunguro rimwe ku munsi. Ubuyobozi bw’Umurenge ngo ntabwo […]Irambuye

Abagore bo mu Murenge wa Nduba bamaze kwizigama Miliyoni 68

Mu kwishakamo ibisubizo bahangana n’ubukene, Abagore bo mu Murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo bamaze kwizigamira amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 68 binyuze muri gahunda yitwa ‘Igiceri’. Muri rusange, mu Murenge wa Nduba nihamwe muho gahunda ‘Igiceri’ ikangurira abantu kuzigama igiceri byibura cy’ijana (100) yatanze umusaruro ufatika dore ko ari naho yatangiriye. Mu bantu bose […]Irambuye

Bampire, umugore watejwe imbere n’ubukorikori, bwamuhaye inzu, imodoka…

*Ubukorikori yabwigishijwe n’ababyeyi be buri mugoroba avuye ku ishuri *Yapfakaye muri Jenoside akora bwa bukorikori ngo abashe kuruhuka mu mutwe, *Ubumenyi bwe abusangiza abandi kuko ngo iyo umuntu apfuye nta handi abukoresha. Bampire Mariam Jeanne, ni umugore uri mu kigero cy’imyaka 45 na 50, yaganiriye n’Umuseke ku munsi Mpuzamahanga w’Umugore. Arata ibyiza ubukorikori bwamugejejeho, birimo […]Irambuye

Igihe kirageze ngo duhane ababyeyi bata inshingano zabo – Min.

Minisitiri Oda Gasinzigwa w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango mu murenge wa Nduba muri Gasabo ahizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu yatanze ubutumwa ku babyeyi bata inshingano zabo ko habayeho igihe cyo gufasha no guhendahenda ariko ubu igihe kigeze ngo batangire guhana ababyeyi bata inshingano zabo. Minisitiri yagarukaga ku bibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo abana batwara inda […]Irambuye

Nyagatare: Umugore yishe umugabo we amukubise agafuni

Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 6 Werurwe mu murenge wa Mukama i Nyagatare, umugore yakubise agafuni umugabo we ahita amwica, umwana we w’imyaka umunani ni we wagiye gutabaza abaturanyi ko nyina yishe se, uwo mugore yahise yiruka na n’ubu ntaraboneka. James Gakuru, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukama yemeje aya makuru, abwira Umuseke ko byabereye […]Irambuye

Babuze abagabo ari bato baritunga kandi banyotewe n’iterambere

Mukamugema Julienne wo muri Kicukiro na Mukashema Rosette ni abagore bitunze nyuma yo guca mu bibazo bikomeye byo gupfakara cyangwa gutabwa n’umugabo ari bato, ubu ubuzima bwabo ntibushingiye ku mugabo, ahubwo bushingiye ku mbaraga z’ubwonko bwabo, kandi batunze neza abana basigaranye. Aba bagore baganiriye n’Umuseke mu mahugurwa barimo yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu witwa Kemit, mu […]Irambuye

Abana bo ku muhanda bagiye gushyirwa mu bigo bidatinze

Kuri uyu wa kane, mu nama ikomeye yahuje Abaminisitiri batanu baganira ku ngamba zafatwa mu kurinda umwana, by’umwihariko yigaga ku bana bo ku muhanda, yafashe umwanzuro wo kujyana aba bana mu bigo mu gihe cya vuba, ndetse banzuye ko ababyeyi bagomba kugira uruhare mu kwita ku bana babo, ariko n’abana bakamenya inshingano zabo ku babyeyi. […]Irambuye

Ababyeyi bafite uruhare mu kurinda abana babo kubyara imburagihe

*Iri huriro risanga ababyeyi bagomba gufatanya n’abarezi mu gukumira iki kibazo bigisha abana babo, *U Rwanda ruracyugarijwe n’ibibazo by’imirire mibi, kugwingira kw’abana, Malaria na SIDA, *Birakwiye ko abana bagwiririwe no kubyara imburagihe batajugunywa inyuma y’umuryango, bagomba kwitabwaho, *Kubyara imburagihe bigira ingaruka nyinshi ku mubyeyi n’umwana n’umuryango, *Ihuriro RPRPD risaba ko hajyaho abajyanama bafasha abana babyara […]Irambuye

Nyiramana Eugenie wari indaya arasaba ababukora gushaka ibindi bakora

Kuri uyu wa gatanu tariki 20/11/2015 mu ngando ihuriwemo n’urubyiruko rusaga 50 ruturutse ku murenge wa Kacyiru na Rusororo zateguwe na Handicap International, Nyiramana Eugenie nyuma yo gutanga ubuhamya bw’ubuzima yabayemo akora uburaya, yasabye urubyiruko rukiri muri uwo ‘mwuga’ kuwuvamo. Nyiramana Eugenie w’imyaka 28 wo mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo yatangarije Umuseke […]Irambuye

Huye: Umugore wo mu cyaro aracyahohoterwa kuko atazi amategeko

Tariki ya 15 ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mucyaro. Uyu munsi ukaba warashyizweho mu nama rusange mpuzamahanga nyuma yo kubona ko umugore wo mu cyaro ashoboye byinshi birimo guteza imbere ubuhinzi ndetse akagira uruhare runini mu mirire iboneye mu muryango. Iyi nama yabaye tariki ya 18 ukuboza 2007 hagafatwa umwanzuro wo […]Irambuye

en_USEnglish